Ibihugu birimo u Rwanda, Uganda, Kenya, Burundi, Tanzania, DRC, Somalia na Sudani y’Epfo bigize Umuryango w’Afurika y’Iburasirazuba (EAC) bikomeje kongera Ingengo y’Imari ikoreshwa mu gisirikare by’umwihariko mu gutumiza intwaro mu mahanga, bifatwa nk’ibiteje impungenge ku mutekano mu Karere.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Ibihugu byo muri EAC bikomeje kongera ingengo y’imari bishora mu gutumiza intwaro
27 March 2025, by Angeline MUKANGENZI -
Dore abaperezida 10 muri afurika bakurikirwa cyane ku rubuga rwa Twitter ( X )
24 March 2025, by ISIMBI EstellaImbugankoranyambaga zoroheje ubuzima ndetse zituma isi iba umudugudu ubu ku munsi wa none ntibigoye kugera ku makuru ndetse n’ubundi bumenyi wifashishije Imbugankoranyambaga, kuri izi mbuga habaho byinshi ; ibyiza, ibibi, ibiteye isoni, ibirimo amasomo, n’ibindi byinshi. Gusa Nubwo izi mbugankoranyambaga abenshi bazibona nkizikoreshwa na bakiri bato Ariko burya na bayobozi batandukanye ndetse bafite imyanya yo hejuru mu buyobozi barazikoresha ; basangiza amakuru atandukanye yaba aberekeyeho (…)
-
U Bufaransa: Abana bashobora gukumirwa ku mbuga nkoranyambaga
12 September 2025, by ISIMBI EstellaInteko Ishinga Amategeko y’u Bufaransa yasabye ko abana bari munsi y’imyaka 15 bakwiriye gukumirwa gukoresha imbuga nkoranyambaga, abari hejuru y’imyaka 15 bo bagashyirirwaho amasaha yo kutazikoresha.
-
Kawhi Leonard wamamaye muri NBA yageze i Kigali
1 August 2025, by ISIMBI EstellaUmunyamerika Kawhi Leonard wamamaye muri NBA yageze i Kigali, aho yitabiriye isozwa ry’Iserukiramuco rya Giants of Africa riri kubera mu Rwanda ku nshuro ya kabiri.
-
Igisirikare cya Israel cyagabye ibitero byeruye no muri Yemen
30 September 2024, by Joseph IradukundaIgisirikare cya Israel kivuga ko cyagabye ibitero byinshi byo mu kirere ku birindiro by’inyeshyamba z’Aba-Houthi muri Yemen, ibikomeje kongera amakimbirane yagutse mu karere nyuma y’ibitero bya Israel byibasiye Gaza na Liban .
-
Amerika yashimangiye ko yemereye Ukraine kurasa mu Burusiya ikoresheje intwaro zayo
26 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuIbiro by’Umukuru w’Igihugu muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, byatangaje ko koko iki gihugu cyemereye Ukraine kurasa mu Burusiya ikoresheje ibisasu byacyo.
-
Lt Gen. Luboya yagaragaje ko abasirikare ba RDC badafite impamvu yo kurwana
2 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuGuverineri w’intara ya Ituri, Lieutenant Général Johnny Luboya N’Kashama, yagaragaje ko abasirikare ba Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo badafite impamvu yo kurwana, kuko batekereza ko nibapfira ku rugamba, imiryango yabo itazitabwaho.
-
Corneille Nangaa wa AFC/M23 yagereranyije Tshisekedi na Yona wo muri Bibiliya
30 April 2025, by Angeline MUKANGENZIUmuyobozi w’ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Corneille Nangaa, yasanishije Perezida Félix Tshisekedi na Yona uvugwa muri Bibiliya, agaragaza ko akwiye kuva ku butegetsi kugira ngo ibibazo iki gihugu gifite bikemuke.
-
Icyamamare muri WNBA, Skylar Diggins agiye gutandukana n’umugabo we bari bamaranye imyaka 8
2 May 2025, by ISIMBI EstellaSkylar Diggins, umukinnyi ukomeye mu ikipe ya Seattle Storm mu irushanwa rya WNBA, yamaze gusaba gatanya n’umugabo we Daniel Smith, bari bamaze imyaka umunani babana nk’umugabo n’umugore.
-
Diddy ntaziregura mu rubanza rwe
24 June 2025, by ISIMBI EstellaUmuraperi Sean “Diddy” Combs ntateganya kwiregura mu mu rubanza akurikiranywemo ibyaha bikomeye birimo icuruzwa ry’abantu no gusambanya abagore ku gahato nubwo we abihakana.
Umuryango.rw
Ibihugu byo muri EAC bikomeje kongera ingengo y’imari bishora mu gutumiza intwaro
Dore abaperezida 10 muri afurika bakurikirwa cyane ku rubuga rwa Twitter ( X )
U Bufaransa: Abana bashobora gukumirwa ku mbuga nkoranyambaga
Kawhi Leonard wamamaye muri NBA yageze i Kigali
Igisirikare cya Israel cyagabye ibitero byeruye no muri Yemen
Amerika yashimangiye ko yemereye Ukraine kurasa mu Burusiya ikoresheje intwaro zayo
Lt Gen. Luboya yagaragaje ko abasirikare ba RDC badafite impamvu yo kurwana
Corneille Nangaa wa AFC/M23 yagereranyije Tshisekedi na Yona wo muri Bibiliya
Icyamamare muri WNBA, Skylar Diggins agiye gutandukana n’umugabo we bari bamaranye imyaka 8
Diddy ntaziregura mu rubanza rwe