Mu gihe hibukwa Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, bamwe mu baturage bo mu Karere ka Gisagara barokokeye mu cyahoze ari Perefegitura ya Butare bagaruka ku mateka mabi yaranze ubwicanyi bwakorewe mu cyuzi cya Cyamwakizi, giherereye ahahoze hahurira amakomini ya Nyaruhengeri, Kibayi na Kigembe, ubu hakaba ari mu Mirenge ya Mugombwa, Kigembe na Kansi.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Gisagara: Ubuhamya bw’amateka ashaririye y’ubwicanyi bwakorewe ku cyuzi kiciwemo Abatutsi barenga ibihumbi 25
14 April, by ISHIMWE Jean de Dieu -
UN iraburira ’gusubira mu ntambara’ kubera ifungwa rya visi perezida Riek Machar
27 March 2025, by Joseph Iradukundaiki gihugu gishobora gusubira mu ntambara nyuma y’amakuru ko visi perezida w’iki gihugu Riek Machar yatawe muri yombi.
-
Dore bamwe mu byamamare mu myidagaduro yo mu Rwanda bagiye bakora imirimo itandukanye muri guverinoma y’U Rwanda.
20 March 2025, by ISIMBI EstellaRimwe na rimwe abantu birabagora kumvako umuntu yaba umuhanzi ndetse akabasha kuba yabifatanya nindi mirimo irimo niya Leta , gusa burya bijya bibaho ndetse birashoboka ko umuhanzi, umunyamakuru , uwabaye nyampinga cyangwa se undi ufite aho ahuriye n’imyidagaduro yakora kandi akuzuza neza imirimo ya Leta. muriyi nkuru mutwemerere tugaruke ku bantu 7 bazwi ndetse bafite amazina aremereye mu ruhando rw’imyidagaduro mu Rwanda bagiye bakora imirimo itandukanye muri guverinoma y’u Rwanda , bamwe (…)
-
Kwibuka31: RBC yavuze ko hari abagihura n’ihungabana bitewe n’ibikomere bya Jenoside yakorewe abatutsi 1994
4 April 2025, by Angeline MUKANGENZIIkigo cy’Igihugu cyita ku Buzima RBC, cyatangaje ko mu mwaka ushize mu gihe cyo Kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994; abantu 2,016 bagize ibibazo by’ihungabana aho 1,786 bangana na 89% muri bo bari ab’igitsina gore naho 230 bangana na 11% bari ab’igitsina gabo.
-
Urugamba rugeze ahakomeye muri Ukraine
8 November 2025, by ISIMBI EstellaIngabo z’u Burusiya zatangaje ko ziri hafi gufata umujyi wa Kupyansk uherereye mu Ntara ya Kharkov yo mu Majyaruguru ashyira Uburengerazuba bw’u Burusiya. Ni mu gihe ziri no hafi gufata undi witwa Pokrovsk uri mu Burasirazuba.
-
FC Barcelona yihanije Real Madrid iyambura Igikombe cya Supercopa de España
13 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuFC Barcelona yavuye inyuma inyagira Real Madrid ibitego 5-2, mu mukino wa nyuma w’Igikombe cya Supercopa de España wabereye muri Arabie Saoudite ku Cyumweru, tariki ya 12 Mutarama 2025.
-
Injangwe irota kuba intare ihagarika kurya imbeba - Dr. Murangira yahaye umukoro abategura ‘Gen-Z Comedy’
13 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, yatanze umukoro ku bategura ibitaramo bya Gen-Z Comedy, abasaba ko niba bifuza ko biba ibintu bikomeye, bashyiraho amahame y’imyitwarire ku babitumirwamo.
-
Amerika yibukije Leta ya RDC ko igomba gusenya FDLR bwangu
16 April, by ISIMBI EstellaLeta Zunze Ubumwe za Amerika zasabye ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo gusenya bwangu umutwe w’iterabwoba wa FDLR kandi ko kutabikora bishobora gutuma bufatirwa ibihano.
-
Icyo wamenya ku cyambu cyubatswe mu karere ka Rubavu cyatashywe ku mugaragaro
6 December 2024, by Joseph IradukundaU Rwanda rwatashye icyambu cya Rubavu kiri ku kiyaga cya Kivu hafi y’umupaka na Repubulika ya Demokarasi ya Congo.
-
Danemark: Inyamaswa z’inkazi zabuze ibiryo, hitabazwa inkoko n’inkwavu zo mu ngo
7 August 2025, by ISIMBI EstellaImwe mu nzu zororerwamo inyanswa z’inkazi m Mujyi wa Aalborg muri Danemark yatangiye gusaba abaturage kuyiha amatungo magufi batagikeneye, kugira ngo ahinduke ibiryo ku nyamaswa z’inkazi.
Umuryango.rw
Gisagara: Ubuhamya bw’amateka ashaririye y’ubwicanyi bwakorewe ku cyuzi kiciwemo Abatutsi barenga ibihumbi 25
UN iraburira ’gusubira mu ntambara’ kubera ifungwa rya visi perezida Riek Machar
Dore bamwe mu byamamare mu myidagaduro yo mu Rwanda bagiye bakora imirimo itandukanye muri guverinoma y’U Rwanda.
Kwibuka31: RBC yavuze ko hari abagihura n’ihungabana bitewe n’ibikomere bya Jenoside yakorewe abatutsi 1994
Urugamba rugeze ahakomeye muri Ukraine
FC Barcelona yihanije Real Madrid iyambura Igikombe cya Supercopa de España
Injangwe irota kuba intare ihagarika kurya imbeba - Dr. Murangira yahaye umukoro abategura ‘Gen-Z Comedy’
Amerika yibukije Leta ya RDC ko igomba gusenya FDLR bwangu
Icyo wamenya ku cyambu cyubatswe mu karere ka Rubavu cyatashywe ku mugaragaro
Danemark: Inyamaswa z’inkazi zabuze ibiryo, hitabazwa inkoko n’inkwavu zo mu ngo