Ikipe y’Igihugu Amavubi yagize abakinnyi benshi batandukanye bafite impano ziri ku rwego rutandukanye, Amavubi yatsindiwe ibitego n’abakinnyi batandukanye kandi mu bihe bitandukanye. ariko se ni abahe bakinnyi batsindiye ikipe y’Igihugu ibitego byinshi bamwe muzaganira bati ni Gatete Jimmy abandi nabo bati ni Karekezi Olivier gusa hari n’abandi bazakubwira bati ni Kagere Meddie. gusa muriyi nkuru tugiye kurebera hamwe abakinnyi 10 batsindiye ibitego byinshi ikipe y’Igihugu Amavubi mu mateka (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Menya Abakinnyi 10 batsindiye ikipe y’igihugu Amavubi ibitego byinshi mu mateka yayo
2 April 2025, by ISIMBI Estella -
Isiraheli irashinjwa kwica Abanyapalestine 27 bagiye gufata imfashanyo
4 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIgitero cya Isiraheli cyahitanye Abanyepalestine 27 ubwo bari bagiye gufata imfashanyo nkuko byatangajwe n’ubuyobozi ku wa 03 Kamena 2025.
-
Ngaya amafunguro warya akakurinda gusama mu gihe utateganyije
10 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUko waba wifuza gutwara inda kose, hari amafunguro ushobora guherera cyangwa ukayarya rimwe, bigatuma udatwita nk’uko tugiye kubirebera hamwe.
-
Inkongi y’umuriro yibasiye Amerika no kuzima bikanga imaze guhitanana 24
13 January 2025, by Joseph IradukundaNibura abantu 24 nibo bamaze gupfira mu nkongi yibasiye ibice bitandukanye bya Leta ya California by’umwihariko mu duce twa Los Angeles n’ahandi.
-
Ibihugu by’Uburayi byamaganye bimwe mu bikorwa by’ingabo za Isirayeli
17 October 2024, by Joseph IradukundaIbihugu by’Ubulayi bifite abasirikare muri FINUL, Ingabo z’amahoro z’Umuryango w’Abibumbye muri Libani, bivuga ko bigiye gushyira igitutu cyo mu rwego rwo hejuru kuri Isiraheli.
-
Amateka y’u Rwanda: Amato y’intambara ya Rwabugiri ndetse n’aho izina "Gisozi" ryaturutse
27 June 2019, by UbwanditsiWaba wari uzi ko mu ntambara Rwabugiri yagiye arwana harimo n’izo yakoreshagamo amato y’intambara? Uzi se aho izina Gisozi ryaturutse? Ni muri iki kiganiro "Amateka y’u Rwanda mutegurirwa na Terence Muhirwa".
-
Uganda: Minisitiri w’Ingabo yavuguruje Gen Muhoozi ku iyoherezwa ry’Ingabo muri Sudani y’Epfo
13 March 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMinisitiri w’Ingabo wa Uganda, Jacob Oboth, yahakanye ibyo Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen. Muhoozi Kainerugaba, n’Umuvugizi w’Igisirikare cya Uganda (UPDF), Brig Gen Felix Kulayigye baherutse kuvuga ko Uganda yohereje ingabo muri Sudan y’Epfo.
-
Rwanda:Ibigo bito n’ibiciriritse byo mu Rwanda birasabwa gutinyuka no kwemera kwigira kubandi
18 July 2025, by Joseph IradukundaKuri uyu wa Kane ,Tariki ya 17 Nyakanga 2025 , muri Serena Hotel Kigali ,Hateraniye inama yahuje ibigo bito n’ibiciriritse ,abikorera n’abajyanama mu byubucuruzi ,mu icungamutungo ,no mu misoro bazwi nka TRADIGO INTERNATIONAL FZE .
-
NBA: Cavs ntihagarikwa, inkongi yasubitse umukino wa Lakers
10 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuCleveland Cavaliers yatsinze Toronto Raptors amanota 132-126 yuzuza intsinzi ya 12 yikurikiranya, mu gihe umukino wagombaga guhuza Lakers na Hornets wasubitswe kubera inkongi y’umuriro yibasiye Umujyi wa Los Angeles muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika.
-
Ijambo risoza umwaka wa 2019 Perezida Kagame yageneye Abanyarwanda
31 December 2019, by Dusingizimana RemyUmwaka wa 2020 tugiye kuwujyamo turangije neza uwa 2019. 2019 wabaye umwaka w’uburumbuke, twagize umutekano abantu bawuharaniye.
Umuryango.rw
Menya Abakinnyi 10 batsindiye ikipe y’igihugu Amavubi ibitego byinshi mu mateka yayo
Isiraheli irashinjwa kwica Abanyapalestine 27 bagiye gufata imfashanyo
Ngaya amafunguro warya akakurinda gusama mu gihe utateganyije
Inkongi y’umuriro yibasiye Amerika no kuzima bikanga imaze guhitanana 24
Ibihugu by’Uburayi byamaganye bimwe mu bikorwa by’ingabo za Isirayeli
Uganda: Minisitiri w’Ingabo yavuguruje Gen Muhoozi ku iyoherezwa ry’Ingabo muri Sudani y’Epfo
Rwanda:Ibigo bito n’ibiciriritse byo mu Rwanda birasabwa gutinyuka no kwemera kwigira kubandi
NBA: Cavs ntihagarikwa, inkongi yasubitse umukino wa Lakers