Byahishuwe ko Iran yigeze kugera hafi yo kwivugana Mike Pompeo wahoze ari Umunyamabanga wa Leta ushinzwe Ububanyi n’Amahanga muri manda ya mbere Perezida Donald Trump mu 2022.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Iran yari yivuganye uwahoze ari Umunyamabanga wa Amerika
28 June 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Leta ya RDC iri kugerageza kwisubiza Rubaya ku ngufu
24 February, by Angeline MUKANGENZIIhuriro ry’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryakajije ibitero muri santere ya Rubaya iri muri teritwari ya Masisi, rigamije kuhakura abarwanyi ba AFC/M23 bamaze hafi imyaka ibiri bahagenzura.
-
Trump yateguje ko azarwana kuri Israel kugeza ku ifirimbi ya nyuma
13 June 2025, by ISIMBI EstellaDonald Trump yavuze ko mu gihe Iran yagerageza kwishyura ibitero yagabweho na Israel, Amerika yiteguye kwirwanaho no kurwana ku nshuti yayo y’akadasohoka.
-
Gakenke: Diregiteri akurikiranweho gufata ku ngufu umuhungu w’imyaka 19
7 November 2024, by Joseph IradukundaUrwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwataye muri yombi umuyobozi w’ikigo cy’amashuri cya GS Bitaba, ukurikiranyweho icyaha cyo gufata ku ngufu umuhungu w’imyaka 19.
-
Batanu barashwe n’umusirikare wa RDF bashyinguwe, ababo bizezwa ubufasha
15 November 2024, by Joseph IradukundaAbantu batanu barashwe n’umusirikare wo mu Ngabo z’u Rwanda, RDF, bashyinguwe, abo mu miryango yabo bizezwa ko bazafashwa mu buryo bushoboka mu kwita ku buzima bwabo bwa buri munsi.
-
Melodie yahakanye ibyo kwishyura Diamond Miliyoni 70 Frw ngo bakorane ‘Pom Pom’
30 January, by ISIMBI EstellaBruce Melodie uri muri Tanzania mu ruzinduko rwo gukora umuziki we by’umwihariko kumenyekanisha indirimbo Pom Pom aheruka gukorana n’abarimo Diamond Platinumz uvuka muri icyo gihugu, yateye utwatsi amakuru amaze igihe avugwa ko hari amafaranga yishyuye uwo muhanzi kugira ngo bakorane bakorane iriya ndirimbo.
-
Turahirwa Moses wa Moshions ari mu maboko y’Ubugenzacyaha
22 April 2025, by ISIMBI EstellaTwahirwa Moses wahanze inzu y’imideli ya Moshions yatawe muri yombi n’Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha RIB aho akurikiranyweho gukoresha ibiyobyabwenge.
-
Ibihugu by’i Burayi bigiye kuganira na Iran ku ikoreshwa ry’ingufu za nucléaire
19 June 2025, by ISIMBI EstellaAbaminisitiri b’ububanyi n’amahanga bo mu Bwongereza, u Budage n’u Bufaransa bagiye guhurira na mugenzi wabo wa Iran i Genève mu Busuwisi, aho bazaganira na ku ngingo ijyanye n’ikoreshwa ry’ingufu za nucléaire.
-
Abakize Coronavirus mu Rwanda babaye 80…Nta murwayi mushya wabonetse mu bipimo 1299 byafashwe kuri uyu wa Mbere
20 April 2020, by Dusingizimana RemyMinisiteri y’Ubuzima yatangaje ko kuri uyu wa mbere tariki ya 20 Mata 2020 nta murwayi wa Coronavirus wagaragaye mu Rwanda mu bipimo 1299 byafashwe mu gihe abakize icyorezo bageze kuri 80 kuko uyu munsi hasezerewe 4.
-
General David Bugozi Musuguri wayoboye urugamba rwahiritse ku butegetsi Idi Amin yapfuye
30 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuGen (Rtd) David Musuguri wahoze ari Umugaba Mukuru w’Ingabo za Tanzania, yapfuye kuri uyu wa Kabiri afite imyaka 104 y’amavuko.
Umuryango.rw
Iran yari yivuganye uwahoze ari Umunyamabanga wa Amerika
Trump yateguje ko azarwana kuri Israel kugeza ku ifirimbi ya nyuma
Gakenke: Diregiteri akurikiranweho gufata ku ngufu umuhungu w’imyaka 19
Batanu barashwe n’umusirikare wa RDF bashyinguwe, ababo bizezwa ubufasha
Melodie yahakanye ibyo kwishyura Diamond Miliyoni 70 Frw ngo bakorane ‘Pom Pom’
Turahirwa Moses wa Moshions ari mu maboko y’Ubugenzacyaha
Ibihugu by’i Burayi bigiye kuganira na Iran ku ikoreshwa ry’ingufu za nucléaire
General David Bugozi Musuguri wayoboye urugamba rwahiritse ku butegetsi Idi Amin yapfuye