Ishami rya ONU rishinzwe abimukira, OIM, ryatangaje ko abatabazi barimo gushakisha abimukira barenga 100 ku nkombe za Djibouti, nyuma y’uko abatwara abantu mu buryo bwa magendu, babategetse gusimbukira mu nyanja.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Djibouti: Abimukira 45 Baguye mu Nyanja Itukura Abandi 100 Baracyashakishwa
2 October 2024, by Joseph Iradukunda -
Hari gukorwa amadarubindi y’akataraboneka azafasha abafite ibibazo byo kutumva neza
13 August 2025, by ISIMBI EstellaAbashakashatsi bo muri kaminuza zitandukanye muri Écosse bari gukora amadarubindi afite umwihariko wo gufasha abantu bafite ibibazo byo kutumva neza.
-
Rusizi: Akurikiranyweho gushukisha igiceri cy’100 umwana w’imyaka 3 akamusambanya
28 October 2024, by Joseph IradukundaKuri sitasiyo ya RIB ya Nyakarenzo iri mu Murenge wa Gashonga,i Rusizi hafungiye umusore witwa Hagenimana Silas w’imyaka 28, wo mu Mudugudu wa Bisenyi, Akagari ka Kabuye, Umurenge wa Nyakarenzo.
-
U Bwongereza: Murumuna w’Umwami Charles III agiye kuvanwa mu bazamusimbura
21 February, by Angeline MUKANGENZIMinisitiri w’Ingabo w’u Bwongereza, Luke Pollard, yatangaje ko hagiye gutorwa umwanzuro ubuza murumuna w’Umwami Charles III, Andrew Mountbatten-Windsor, amahirwe yo kuba mu bazasimbura umwami.
-
U Budage bugiye gushora miliyari 41 $ mu ntwaro zikoreshwa mu isanzure
4 February, by Angeline MUKANGENZIUmuyobozi w’Ishami ry’Igisirikare cy’u Budage rishinzwe iby’Ikirere, Gen Michael Traut, yavuze ko u Budage buteganya gukoresha miliyari 41$ mu kugura ibikoresho bya gisirikare bikoreshwa mu kirere, birimo satelite z’ubutasi, imirasire yangiza [offensive lasers] n’ibindi.
-
Pep Guardiola ufatwa nka mwarimu wa ruhago ntiyizeye kongera gutwara Premier League
10 November 2024, by Joseph IradukundaUmutoza wa Manchester City, Pep Guardiola, yatangaje ko nyuma y’uko abona ibihe arimo bitameze neza, yumva aricyo gihe ngo byibuze indi kipe ibe yabona amahirwe yo kwegukana Igikombe cya Shampiyona mu Bwongereza.
-
Senegal: Abaryamana bahuje ibitsina barimo kwicwa n’ababashinja kubicira umuco
20 March, by ISIMBI EstellaAbaryamana bahuje ibitsina barenga 300 bishwe mu kwezi kumwe gusa, n’ababashinja kubicira umuco mu gihugu cya Senegal, mu gihe abandi bagikomeje guhunga icyo gihugu nyuma y’itegeko rya leta ryo gufunga imyaka 10 abanyamuryango bahuje ibitsina.
-
Bidasubirwaho EU yemeye guha RDF inkunga ya $20
18 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuAkanama k’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU), kuri uyu wa Mbere kashyigikiye burundu inkunga ya miliyoni 20 z’amadorali ya Amerika ku ngabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bwo kurwanya iterabwoba mu ntara ya Cabo Delgado muri Mozambique.
-
Etiyopiya: Abadepite bashyizeho Perezida Mushya wasimbuye umutegarugoli Sahle-Work Zewde
7 October 2024, by Joseph IradukundaMuri Etiyopiya, inteko ishinga amategeko yashyizeho umukuru w’igihugu mushya kuri uyu wa mbere. Yatoye Taye Atske Selassie, wari usanzwe ari minisitiri w’ububanyi n’amahanga.
-
Abayobozi ba Hoteli Urubuto y’i Nyanza batawe muri yombi
16 January, by Angeline MUKANGENZIPolisi y’Igihugu (RNP) yatangaje ko yataye muri yombi bamwe mu bayobozi ba Hoteli Urubuto yo mu Karere ka Nyanza, aho bakurikiranyweho ibijyanye n’umusekirite warohamye muri ‘piscine’ y’iyi hoteli agahita apfa.
Umuryango.rw
Djibouti: Abimukira 45 Baguye mu Nyanja Itukura Abandi 100 Baracyashakishwa
Hari gukorwa amadarubindi y’akataraboneka azafasha abafite ibibazo byo kutumva neza
Rusizi: Akurikiranyweho gushukisha igiceri cy’100 umwana w’imyaka 3 akamusambanya
U Budage bugiye gushora miliyari 41 $ mu ntwaro zikoreshwa mu isanzure
Pep Guardiola ufatwa nka mwarimu wa ruhago ntiyizeye kongera gutwara Premier League
Senegal: Abaryamana bahuje ibitsina barimo kwicwa n’ababashinja kubicira umuco
Bidasubirwaho EU yemeye guha RDF inkunga ya $20
Etiyopiya: Abadepite bashyizeho Perezida Mushya wasimbuye umutegarugoli Sahle-Work Zewde
Abayobozi ba Hoteli Urubuto y’i Nyanza batawe muri yombi