Minisitiri w’Ingabo wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Pete Hegseth, yashinjije igihugu cy’u Bushinwa gushaka gutegura intambara kuri Taiwan, ibintu u Bushinwa bwahise bwamaganira kure buvuga ko nta shingiro bifite.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
U Bushinwa bwabwiye Amerika ko iri gukina n’umuriro ku kibazo cya Taiwan
2 June 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
ITANGAZO RYA CYAMUNARA Y’UMUTUNGO UTIMUKANWA
16 September 2024, by UbwanditsiMe Nshimiyimana Jean Claude aramenyesha abantu bose ko azagurisha muri cyamunara ku ncuro ya kabiri ,umutungo utimukanwa ugizwe n’inzu iherereye mu karere ka Bugesera.
Itangazo rirambuye warisoma aho hasi……… -
Perezida Kagame yakoze impinduka mu gisirikare cya RDF azamurira bamwe amapeti
5 November 2019, by Dusingizimana RemyPerezida wa Repubulika akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, yakoze impinduka mu buyobozi bukuru bw’Igisirikare cy’u Rwanda aho Gen Patrick Nyamvumba yasimbuwe na Gen Jean Bosco Kazura ku mwanya w’Umugaba Mukuru w’Ingabo.
-
Icyo Kabila avuga ku byo kuba yaba akorana na M23
19 March 2025, by Joseph IradukundaJoseph Kabila Kabange wahoze ari Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yateye utwatsi ibirego bya Leta y’iki gihugu bimushinja kuba akorana n’umutwe witwaje intwaro wa M23.
-
Diamond Platnumz yishongoye ku mugabo wa Zari
19 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmuhanzi w’Umunya-Tanzania, Diamond Platnumz yishongoye kuri Shakib Cham washakanye na Zari Hassan bahoze babana, avuga ko igihe cyose yashakira uyu mugore nta kabuza yamwisubiza.
-
U Bushinwa bwagerageje Gari ya moshi ishobora kuva i Kigali ikagera i Rusizi mu minota 28
9 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuU Bushinwa bwakoze igerageza rya gari ya moshi ishobora kugendera ku muvuduko wa kilomero 450 ku isaha, bivuze ko urugendo rwo kuva i Kigali ugera i Rusizi yarukora mu minota 28.
-
Iran yikomye igitutu cya Perezida Trump ku bijyanye n’intwaro kirimbuzi
15 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida wa Iran Masoud Pezeshkian, yatangaje ko igihugu cye kitazunamira umuntu uwo ari we wese mu rwego rwo gusubiza ibyo Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika Donald Trump aherutse kuvuga.
-
Mukura VS yemeje abatoza bashya
18 July 2025, by ISIMBI EstellaMukura Victory Sports et Loisir yemeje abatoza bashya bayobowe na Nshimiyimana Canisius wari umaze igihe kinini yungirije muri iyi kipe.
-
Kamonyi: Howo na Fuso zagonze bisi abantu 9 barakomereka
4 February, by Angeline MUKANGENZIAbantu 9 bakomerekeye mu mpanuka yabereye mu Karere ka Kamonyi, mu Murenge wa Runda,ahazwi nko ku Ruyenzi, aho imodoka itwara abagenzi mu buryo bwa rusange izwi nka Twegerane (Toyota Hiace) yagonze ikamyo ya Howo yavaga Kigali yerekeza mu Majyepfo ndetse n’iya Fuso iyigonga iyiturutse inyuma irangiraka.
-
Amerika yahagaritse kohereza intwaro muri Ukraine
2 July 2025, by ISIMBI EstellaMinisiteri y’Ingabo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yahagaritse kohereza intwaro zimwe na zimwe muri Ukraine, kubera ikibazo cy’igabanuka ry’intwaro zisigaye mu bubiko.
Umuryango.rw
U Bushinwa bwabwiye Amerika ko iri gukina n’umuriro ku kibazo cya Taiwan
Icyo Kabila avuga ku byo kuba yaba akorana na M23
Diamond Platnumz yishongoye ku mugabo wa Zari
U Bushinwa bwagerageje Gari ya moshi ishobora kuva i Kigali ikagera i Rusizi mu minota 28
Iran yikomye igitutu cya Perezida Trump ku bijyanye n’intwaro kirimbuzi
Mukura VS yemeje abatoza bashya
Kamonyi: Howo na Fuso zagonze bisi abantu 9 barakomereka
Amerika yahagaritse kohereza intwaro muri Ukraine