Umukinnyi w’icyamamare mu iteramakofe ku isi ubifatanya no gukina filime, Mike Tyson, yagaragaje ko yakozwe ku mutima no kugaruka mu gihugu cya gakondo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (DRC).
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Mike Tyson yagiriye ibihe byiza muri RDC, gakondo ya ba sekuru
24 October 2025, by ISIMBI Estella -
Kesha yashinje White House gukoresha indirimbo ye mu ntambara
3 March, by ISHIMWE Jean de DieuUmuhanzikazi w’Umunyamerika Kesha yinjiye mu mpaka zikomeye n’Ubutegetsi bwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, nyuma yo gushinja White House gukoresha indirimbo ye “Blow” nta burenganzira, mu mashusho yashyizwe kuri TikTok agaragaza indege z’intambara ziguruka.
-
Nyarugenge: Gaze yatwitse inzu yose irakongoka inakomeretsa bikomeye umukobwa wari uyitetseho
27 August 2019, by Dusingizimana RemyUmukobwa wo mu kagari ka Rugenge mu murenge wa Muhima mu mujyi wa Kigali yaturikanwe na Gaze ahita ajyanwa igitaraganya kwa muganga ubwo yari atetseku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kabiri taliki ya 27 Kanama 2019.
-
Trump yatangaje ko ikiganiro na Putin cyari cyiza
15 March 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangaje ko ikiganiro intumwa ye yagiranye na Perezida Vladimir Putin w’u Burusiya cyari cyiza kuko cyatanze icyizere cyo guhagarika intambara yo muri Ukraine.
-
Umushinga w’indangamuntu koranabuhanga uzatwara arenga miliyari 100 Frw
28 October 2025, by ISIMBI EstellaMinisiteri y’Ikoranabuhanga na Inovasiyo yatangaje ko Umushinga w’indangamuntu koranabuhanga uzarangira utwaye miliyoni 70$ (arenga miliyari 101 Frw).
-
#IBYAKOZWE N’INTUMWA EP#34:Ubuzima bw’akazi bwa Gen.Paul Rwarakabije
20 August 2021, by Dusingizimana RemyTubararikiye ikiganiro #IBYAKOZWE N’INTUMWA EP#34 kigaruka ku buzima bw’akazi bwa Gen Paul RWARAKABIJE Kuva mu mirimo y’igisilikali cyo kwa HABYARIMANA, mu bitero by’abacengezi ayoboye umutwe FOCA byishe abatari bake guhera za 1997 harimo n’"ABANA B’INYANGE", kugarurwa mu gihugu na Gen Kabarebe akababarirwa ibyaha byose, muri Gacaca, imirimo itandukanye yakoze agarutse kugeza mu kiruhuko cy’izabukuru arimo ubu ngubu! Byose ni muri iki kiganiro.
Jenerali Majoro Paul Rwarakabije yavukiye mu (…) -
Jose Chameleone yabazwe ijisho nyuma yo gutangira guhuma
18 February, by ISHIMWE Jean de DieuUmuhanzi w’icyamamare muri Uganda, Jose Chameleone, ari mu byishimo nyuma yo kubagwa ijisho bikagenda neza, mu gihe yari atangiye gutakaza ubushobozi bwo ku ijisho ry’iburyo.
-
Juma Jux yakoze mu nganzo aririmbira umwana we ukiri mu nda
28 July 2025, by ISIMBI EstellaUmuhanzi wo muri Tanzania, Juma Jux, yashyize hanze indirimbo yo gushimira Imana yamuhaye umugisha umugore we akaba atwite bitegura kwakira imfura yabo
-
Minisitiri Mukazayire yasabye Amavubi kwimana u Rwanda imbere ya Nigeria
21 March 2025, by Joseph IradukundaMinisitiri wa Siporo Nelly Mukazayire, yabwiye abakinnyi b’ikipe y’Igihugu “Amavubi” ko bashyigikiwe mu buryo bwose bityo abasaba kwimana u Rwanda mu mukino bazahuramo na Nigeria mu gushaka itike y’igikombe cy’Isi cya 2026.
-
Buri masagonda 17 umuntu yandura virusi itera SIDA
2 December 2017, by Nsanzimana ErnestTariki 1 Ukuboza ni umunsi wahariwe kurwanya Virus itera SIDA. Isi ifite intege yo kurandura burundu icyorezo cya SIDA, gusa nubwo bimeze gutyo imibare itangwa n’ ishami ry’ Umuryango w’ abibumye rirwanya SIDA, (ONUSIDA) igaragaza ko buri masaganda 15 umuntu umwe yanduye SIDA mu Isi.
Mu Rwanda uyu munsi wizihirijwe kuri Sitade Amahoro I Remera. Mu butumwa bwatanzwe n’ umufasha wa Perezida Kagame, Jeannette Kagame yavuze ko ‘twese dufatanyije twarandura SIDA muri 2030’
Intego Isi yihaye (…)
Umuryango.rw
Mike Tyson yagiriye ibihe byiza muri RDC, gakondo ya ba sekuru
Kesha yashinje White House gukoresha indirimbo ye mu ntambara
Trump yatangaje ko ikiganiro na Putin cyari cyiza
Umushinga w’indangamuntu koranabuhanga uzatwara arenga miliyari 100 Frw
#IBYAKOZWE N’INTUMWA EP#34:Ubuzima bw’akazi bwa Gen.Paul Rwarakabije
Jose Chameleone yabazwe ijisho nyuma yo gutangira guhuma
Juma Jux yakoze mu nganzo aririmbira umwana we ukiri mu nda
Minisitiri Mukazayire yasabye Amavubi kwimana u Rwanda imbere ya Nigeria
Buri masagonda 17 umuntu yandura virusi itera SIDA