Perezida Xi Jinping w’u Bushinwa, yirukanye Gen. He Weidong wari nimero ya kabiri mu gisirikare cy’u Bushinwa.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Perezida Xi Jinping yirukanye Jenerali w’igikomerezwa
11 April 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Uwa 5 ntavugwaho rumwe ! Dore ba nyampinga bu Rwanda 5 bakunzwe na Rubanda kurusha abandi[AMAFOTO]
12 July 2023, by Rebecca UFITAMAHOROMu bihe bitandukanye mu Rwanda hagiye hatoranwa ba nyampinga b’u Rwanda bahiga abandi mu muco ,ubuhanga ndese n’ubwiza, muri abo bakobwa bagiye batorwa harimo abakunzwe cyane kurusha abandi mu myaka yatambutse kuva irushanwa ryatangira.
Twabakusanyirije bamwe muri bo beretswe urukundo mu bihe bitandukanye.
5.Miss Mutesi Jolly
Ku mwanya wa 5 turahasanga Miss Mutesi Jolly wegukanye ikamba rya miss Rwanda muri 2016 ,uyu mukoba yatowe afite imyaka 19 ni umwe muri ba nyampinga bakunze (…) -
Rusizi: Haciwe umuvuno mushya wo gushakira amikoro ’Espoir FC’
22 July 2025, by Joseph IradukundaAbakunzi ba Espoir FC yo mu Karere ka Rusizi binjiye mu mushinga ’Espoir yanjye’ watangijwe n’ubuyobozi bw’iyi kipe bavuga ko uzagabanya ibibazo byo gutinda guhemba n’amadeni yayizengereje.
-
Abarimu 45% bo mu mashuri yisumbuye ni bo bafite ubumenyi buhagije mu Cyongereza
20 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMinisiteri y’Uburezi yatangaje ko abagera kuri 45% gusa mu barimu bigisha mu mashuri yisumbuye no mu y’imyuga, tekiniki n’ubumenyi ngiro, ari bo gusa bafite ubumenyi buhagije mu Cyongereza, ivuga ko hari gukorwa ibishoboka kugira ngo bazabe bageze kuri 80% mu 2028/29.
-
Perezida Kagame yahuye n’Igikomangoma cya Jordan
12 November 2024, by Joseph IradukundaPerezida Paul Kagame uri Baku muri Azerbaijan mu Nama ya Loni yiga ku mihindagurikire y’ibihe (COP29), yabonanye n’Igikomangoma cya Jordan Al Hussein bin Abdullah.
-
Umukwe wa Perezida Habyarimana ushinjwa kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi yapfuye
19 November 2020, by Dusingizimana RemyNtilivamunda Alphonse, umukwe wa Perezida Juvenal Habyarimana, yapfuye ku wa Gatatu tariki ya 18 Ugushyingo 2020 ku myaka 65 aguye mu Bufaransa aho yari asanzwe aba.
-
Ibyihariye kuri ‘Mbaza’, urubuga rwitezweho gukemura ibibazo by’Abanyarwanda hisunzwe ikoranabuhanga
16 January, by Angeline MUKANGENZIMinisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu (MINALOC) yatangaje ko mu minsi mike iri imbere izaba yafunguye urubuga yise Mbaza ruzajya rwakirirwaho ibibazo by’abaturage mu nzego zose ndetse babashe kujya banarumenyeraho ibisubizo by’inzego bireba bidasabye kujya aho zikorera.
-
Muri Kanama ab’i Kigali bazajya babona amazi mu minsi 2 aho kuba 5-WASAC
12 July 2025, by Joseph IradukundaIkigo cy’Igihugu gishinzwe Amazi Isuku n’Isukura, WASAC cyijeje abatuye mu Mujyi wa Kigali ko mu kwezi kwa Kanama 2025 buri wese azajya aba azi igihe amazi azira kuko uburyo bwo kuyasaranganya muri iki gihe cy’impeshyi buzaba bwahawe umurongo.
-
U Bufaransa: Padiri Marcel Hitayezu ushinjwa kugira uruhare muri Jenoside yatawe muri yombi
16 April 2021, by Dusingizimana RemyPadiri Marcel Hitayezu wahungiye mu Bufaransa akanahabwa ubwenegihugu yatawe muri yombi kuri uyu wa Gatatu ahatwa ibibazo n’umucamanza mu Bufaransa, ku ruhare rwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi.
-
Ku isabukuru y’imyaka 96 Umwamikazi Elisabeth II hayishuye ikintu kibabaje ari kubona i Bwami
22 April 2022, by Rebecca UFITAMAHOROKu mugoroba wo ku ,munsi w’ejo tariki ya 21 Mata nibwo Umwamikazi Elisabeth II w’u Bwongereza yakorewe ibirori by’isaburuku ye y’imyaka 96 amaze ku Isi .
Umuryango.rw
Perezida Xi Jinping yirukanye Jenerali w’igikomerezwa
Uwa 5 ntavugwaho rumwe ! Dore ba nyampinga bu Rwanda 5 bakunzwe na Rubanda kurusha abandi[AMAFOTO]
Rusizi: Haciwe umuvuno mushya wo gushakira amikoro ’Espoir FC’
Abarimu 45% bo mu mashuri yisumbuye ni bo bafite ubumenyi buhagije mu Cyongereza
Perezida Kagame yahuye n’Igikomangoma cya Jordan
Ibyihariye kuri ‘Mbaza’, urubuga rwitezweho gukemura ibibazo by’Abanyarwanda hisunzwe ikoranabuhanga
Muri Kanama ab’i Kigali bazajya babona amazi mu minsi 2 aho kuba 5-WASAC
Ku isabukuru y’imyaka 96 Umwamikazi Elisabeth II hayishuye ikintu kibabaje ari kubona i Bwami