Guhera kuri uyu wa Gatanu tariki 25 Gashyantare, buri wikendi umuhanda KG 18 Ave uri ku Gisimenti ahakorera utubari na resitora, nta modoka zizajya zemererwa kuwunyuramo kuko abahacururiza bazajya bahakirira abakiriya.
Umujyi wa Kigali uvuga ko gufunga uyu muhanda bizajya bitangira ku wa Gatanu 16h00, kugeza ku Cyumweru 18h00.
Ubinyujije ku rubuga rwa Twitter,Umujyi wa Kigali wagize uti "Banya Kigali,
Umujyi wa Kigali washyizeho uburyo bushya bwo kwidagadura mu Gisimenti.
Kuva kuri (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Umujyi wa Kigali washyizeho uburyo abantu bazajya bafatira agasembuye mu muhanda wo ku Gisimenti muri Weekend
21 February 2022, by Dusingizimana Remy -
Perezida Kagame yakiriye muri Village Urugwiro Perezida wa Guinea Bissau
7 March 2022, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame yakiriye muri Village Urugwiro Perezida Umaro Sissoco Embaló wa Guinea-Bissau uri mu ruzinduko rw’akazi rwe rwa mbere mu Rwanda.
Perezida Umaro Sissoco Embaló yageze i Kigali aho aje mu ruzinduko rw’iminsi itatu mu Rwanda, nk’uko bivugwa n’ibiro bya perezida w’u Rwanda.
Ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Kigali yakiriwe na minsitiri w’ububanyi n’amahanga Vincent Biruta (iburyo ku ifoto).
Perezida Paul Kagame na Umaro Sissoco Embaló bahise bajya mu biganiro byabereye (…) -
Amahano atazibagirana yabayeho mu itorwa rya Papa
13 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuNiba wararebye Film yitwa ‘The Conclave’ uko bisa kose ufite ishusho y’uko itorwa rya Papa rikorwa, uhereye ku mwiherero w’Aba-Cardinal kugera papa asohotse ku ibaraza rya Bazilika ya Mutagatifu Petero akageza ijambo rye rya mbere ku mbaga itabarika y’Abakirisitu n’Isi.
-
Gatsibo: Umugabo yasanzwe mu mugozi yapfuye hakekwa umugore we
6 March, by ISIMBI EstellaUmugabo wari utuye mu Murenge wa Gitoki mu karere ka Gatsibo, yasanzwe amanitse mu mugozi yapfuye, umugore n’umukobwa be bafatwa na RIB mu gihe abaturage bakeka ko yishwe akamankwa mu mugozi bitewe n’amakimbirane ashingiye ku busambanyi umugabo yakekaga ku mugore.
-
U Bushinwa bwasabye ibindi bihugu kutemera amasezerano y’ubucuruzi na Amerika
22 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuLeta y’u Bushinwa yaburiye ibihugu byinshi ibisaba kutagirana ibiganiro na Leta Zunze Ubumwe za Amerika, aho bivugwa ko Donald Trump ateganya gushyira igitutu ku bihugu kugira ngo bihagarike gukorana ubucuruzi n’u Bushinwa, Amerika ibyiture kubigabanyiriza imisoro ku bicuruzwa byoherezwayo iherutse kuzamurwa.
-
Bugesera/G.s Ruhuha: Umuyobozi w’ikigo, ushinjwe Discipline n’umwarimu wateye inda umunyeshuli barafunze
27 October 2017, by Iyamuremye JanvierUmukobwa w’imyaka 17 y’amavuko wiga mu mwaka wa mbere w’amashuri yisumbuye wo mu Murenge wa Ruhuha Mu Karere ka Bugesera mu Ntara y’Iburasirazuba mu bihe bitandukanye yagiye asambanywa n’umwarimu we ndetse n’umunyeshuli wiga mu mwaka wa Gatandatu w’amashuli yisumbuye.
Uyu mukobwa unatwite yasambanyijwe n’umwarimu we witwa, Uwibambe Olivier w’imyaka 27 y’amavuko, wigishaga kuri iki kigo cya G.S Ruhuha ndetse n’umunyeshuli witwa Munyengabe Gadi yiga mu mwaka wa Gatandatu w’amashuli yisumbuye (…) -
Kwibuka 31: Dr. Bizimana yagarutse ku bugome bw’uwari Burugumesitiri wa Komini Murambi
11 April 2025, by Angeline MUKANGENZIMinisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu Bizimana Jean Damascene, yagarutse ku bugome bwaranze Gatete Jean Baptiste wari Burugumesitiri wa Komini Murambi, wayoboye ubwicanyi bw’indengakamere bwakorewe Abatutsi muri Segiteri Rwankuba mu mwaka wa 1991.
-
Imibare mishya ya Minisante yerekana ko abantu 300 bahuye n’abarwayi 26 ba Marburg
29 September 2024, by Joseph IradukundaMinisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yemeje ko hamaze kuboneka abahuye n’abarwayi ba Marbug bamaze kuboneka mu Rwanda basaga 300, bakaba bashobora no kwiyongera kuko ibipimo bikomeje gufatwa ku bakekwa guhura na bo.
-
Abanyeshuri biga itangazamakuru n’ itumanaho muri UR bagiye gusubijwe kwigira i Huye
19 August 2018, by Nsanzimana ErnestKaminuza y’u Rwanda, UR, yimuriye i Huye Ishuri ry’Itangazamakuru n’Itumanaho,ryimukana n’abiga ku manywa mu Ishami ry’Icungamutungo n’Ubucuruzi (CBE).
-
Minisitiri wa Siporo yaganiriye El-Hadji Diouf
7 March 2025, by Joseph IradukundaUmunyabigwi mu mupira w’amaguru wo muri Sénégal, El-Hadji Diouf yagiranye ibiganiro na Minisitiri wa Siporo w’u Rwanda, Nelly Mukazayire ku mahirwe ari mu ishoramari ry’imikino mu gihugu.
Umuryango.rw
Umujyi wa Kigali washyizeho uburyo abantu bazajya bafatira agasembuye mu muhanda wo ku Gisimenti muri Weekend
Perezida Kagame yakiriye muri Village Urugwiro Perezida wa Guinea Bissau
Amahano atazibagirana yabayeho mu itorwa rya Papa
Gatsibo: Umugabo yasanzwe mu mugozi yapfuye hakekwa umugore we
U Bushinwa bwasabye ibindi bihugu kutemera amasezerano y’ubucuruzi na Amerika
Kwibuka 31: Dr. Bizimana yagarutse ku bugome bw’uwari Burugumesitiri wa Komini Murambi
Imibare mishya ya Minisante yerekana ko abantu 300 bahuye n’abarwayi 26 ba Marburg
Minisitiri wa Siporo yaganiriye El-Hadji Diouf