Ubuyobozi bw’Ikigega Mpuzamahanga cy’Imari (IMF) bwatangaje ko ubukungu bw’u Rwanda bwarushijeho kwiyongera ku kigero cya 8.9% mu mwaka ushize wa 2024, mu giye yateganya ko bwari kuzamuka ku kigero cya 7%.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Ubukungu bw’u Rwanda bwiyongereyeho 8.9% mu 2024- IMF
5 June 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Monica Geingos yakiriwe nk’Umuyobozi w’Icyubahiro wa Kepler College
2 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuKepler College yakiriye ku mugaragaro Monica Geingos, wagizwe Umuyobozi w’Icyubahiro w’iyi kaminuza ikorera mu Rwanda.
-
LeBron James agiye kwandika andi mateka muri NBA
30 June 2025, by ISIMBI EstellaLeBron James agiye gukora amateka yo gukina NBA imyaka 23, nyuma yo kwemeza ko azongera amasezerano y’umwaka muri Los Angeles Lakers.
-
Itangazo rya cyamunara y’umutungo utimukanwa
1 December 2025, by ISIMBI EstellaUmuhesaha w’inkiko w’umwuga Me NSHIMYUMUKIZA Emille aramenyesha abantu bose ko hateganyijwe ipiganwa muri cyamunara y’umutungo utimukanwa uherereye mu karere ka KIREHE
Soma itangazo rirambuye…. -
Iran yagaragaje icyo yifuza mbere yo gusubukura ibiganiro na Amerika
30 June 2025, by ISIMBI EstellaIran yagaragaje ko ikeneye kumenya niba Leta Zunze Ubumwe za Amerika zitazongera kuyirasaho, mbere y’uko impande zombi zisubukura ibiganiro bijyanye n’intwaro kirimbuzi.
-
Ibyemezo byose by’ inama y’ Abaminisitiri yemeje ko Kizito Mihigo na Ingabire Victoire UMUHOZA barekurwa
15 September 2018, by Nsanzimana ErnestInama y’Abaminisitiri idasanzwe yateranye ku wa Gatanu, tariki ya 14 Nzeri 2018, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul Kagame.
-
Peru: Leta yasabwe gutanga indishyi ku bagore yafungiye urubyaro ku gahato
1 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUmuryango w’Abibumbye wasabye Leta ya Peru, gutanga indishyi z’akababaro ku bagore yafungiye urubyaro ku gahato, kuko bishobora kwitwa ibyaha byibasiye inyokomuntu.
-
Prof Omar Munyaneza wayoboye WASAC yatawe muri yombi
8 August 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUrwego rw’Igihugu Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje rwataye muri yombi uwari Umuyobozi Mukuru w’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Amazi, Isuku n’Isukura (WASAC Group), Prof Munyaneza Omar hamwe n’abandi bayobozi babiri.
-
Hari habayiki ? Umunsi Lionel Messi yuhagira Lamine Yamal wari umwana w’amezi atandatu
23 May 2025, by Gladiator OGAya ni amafoto azwi cyane ku mbuga nkoranyambaga ariko byumwihariko akaba yaramamaye cyane mu mwaka w’i 2024 ubwo Papa wa Lamine Yamal ari we Mounir Nasraoui yayasangizaga abamukurikirana ku rukuta rwe rwa Instagram maze akayaherekesha amagambo agira ati “ Itangiriro ry’abanyabigwi babiri “
-
Ikinyamakuru ‘Redpepper’ cyafunzwe kubera inkuru cyanditse kuri Museveni na Kagame
22 November 2017, by Nsanzimana ErnestPolisi ya Uganda yafunze ikinyamakuru cyo muri Uganda ‘Redpepper’ kubera inkuru cyanditse ifite umutwe ugira uti ’Museveni arimo gutegura guhirika Kagame- Rwanda’
Ibinyamakuru byo muri Uganda birimo The Independent na New vision byatangaje ko iyo nkuru yasohotse tariki tariki 20 Ugushyingo 2017, naho Redpepper ikaba yafunzwe ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 21 Ugushyingo.
Ibi bibaye mu gihe hashize iminsi mu bitangazamakuru bitandukanye hatangazwa inkuru zivuga ko umubano utifashe neza (…)
Umuryango.rw
Ubukungu bw’u Rwanda bwiyongereyeho 8.9% mu 2024- IMF
Monica Geingos yakiriwe nk’Umuyobozi w’Icyubahiro wa Kepler College
LeBron James agiye kwandika andi mateka muri NBA
Itangazo rya cyamunara y’umutungo utimukanwa
Iran yagaragaje icyo yifuza mbere yo gusubukura ibiganiro na Amerika
Peru: Leta yasabwe gutanga indishyi ku bagore yafungiye urubyaro ku gahato
Prof Omar Munyaneza wayoboye WASAC yatawe muri yombi
Hari habayiki ? Umunsi Lionel Messi yuhagira Lamine Yamal wari umwana w’amezi atandatu