Inzego z’umutekano muri Burkina Faso zatangaje ko zaburijemo ibitero byari bigamije guhungabanya umutekano w’igihugu, hagakekwa ko abari inyuma y’uwo mugambi ari abahungiye muri Côte d’Ivoire.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Burkina Faso yaburijemo igitero cyari guhungabanya igihugu
22 April 2025, by Angeline MUKANGENZI -
Abadepite basabye ko ba MC bajya basora
27 March 2025, by ISHIMWE Jean de DieuKomisiyo y’ingengo y’imari n’umutungo bya Leta mu nteko ishinga amategeko, yasabiye abakora umwuga wo gusangiza amagambo mu birori kujya batanga umusoro.
-
Nyuma yo kubyara abana 102 ku bagore 12, noneho cyera kabaye yiyemeje kuboneza urubyaro
27 May 2025, by Gladiator OGMusa Hasahya Kasera umugabo w’imyaka 69 ukomoka mu gihugu cya Uganda yafashe umwanzuro wo kuboneza urubyaro nyuma yo kubyara abana 102, ku bagore 12 ndetse akaba afite abuzukuru 578. Uyu mugabo avugako bitewe n’umubare wa bana benshi afite rimwe na rimwe ajya yibagirwa amazina yabo.
Hasahya akomeza avugako kuri ubu yafashe umwanzuro wo kuboneza urubyaro kuko igiciro cy’Ubuzima ndetse no kubasha kwita kuri abo bana bose bisigaye bimugora kuva mu myaka micye ishize. Mu magambo ye yagize ati (…) -
Umuholandi Ukomeye Mu Gusiganwa Ku Magare Yivanye Muri Tour du Rwanda
22 July 2025, by Joseph IradukundaUburwayi bw’ibihaha bwatumye Umuholandi witwa Mathieu van der Poel wari buzitabire isiganwa mpuzamahanga rikomeye ribera mu Bufaransa ryitwa Tour de France abihagarika.
-
Vinícius Júnior yivugiye ko ari we ukwiye kwegukana Ballon d’Or y’uyu mwaka
24 September 2024, by Joseph IradukundaUmunya Brazil akaba na Rutahizamu wa Real Madrid ukina anyuze mu mpande, Vinícius Júnior, yavuze ko nta kabuza abizi neza ko ari we uzegukana igihembo kiruta ibindi muri ruhago cya Ballon d’Or.
-
Museveni yabyise ubucucu: Uko habuze gato ngo Uganda yegurirwe Abayahudi
25 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIkibazo cya Israel na Palestine gifatwa nka kimwe mu bimaze imyaka myinshi ku Isi ndetse kikaba n’intandaro y’intambara zagiye ziyogoza Uburasirazuba bwo Hagati mu bihe bitandukanye.
-
Rubavu: Ishuri rya la Promise riramenyesha ababyeyi ko rifitiye abana gahunda z’ibiruhuko zitandukanye
18 November 2019, by UbwanditsiIshuri rya la Promise rimaze kuba ubukombe mu gutsindisha ibizamini bya leta nko kuva mu mwaka wa 2009 kugeza mu mwaka ushize abana bakoze ibizamini bya leta bagera kuri 800 muri aba, abatsinze neza ibizamini bya leta ni 680 ndetse banabonye ibigo bya leta bigamo (Ecole de l’Excellence) ribafitiye gahunda z’ibiruhuko zijyanye n’imikino,imyidagaduro no gufasha abana kwagura impano(Colonie de Vacance).
-
Tshisekedi yongeye gusaba Maréchal Déby ubufasha bwa gisirikare
19 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida Félix Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yohereje muri Tchad intumwa yo kumusabira ubufasha bwa gisirikare.
-
Ninteretse Christian wegukanye Primusic mu 2014 yahawe Ubwenegihugu bw’u Rwanda
2 October 2025, by ISIMBI EstellaChristian Ninteretse umuhanzi w’Umurundi wanegukanye irushanwa rya Primusic mu 2014, nyuma y’imyaka icumi yimukiye mu Rwanda aho yanashakiye umugore, yahawe Ubwenegihugu.
-
U Burusiya bwongeye kugaba ibitero muri Ukraine bari bumvikanye agahenge
12 May 2025, by Angeline MUKANGENZIMu ijoro rishyira ku wa 12 Gicurasi 2025, u Burusiya bwongeye kugaba ibitero by’indege zirenga 100 zitagira abapilote muri Ukraine nyuma y’uko agahenge k’amasaha 72 kari karumvikanyweho kuva ku wa kane w’icyumweru gishize karangiye.
Umuryango.rw
Burkina Faso yaburijemo igitero cyari guhungabanya igihugu
Abadepite basabye ko ba MC bajya basora
Nyuma yo kubyara abana 102 ku bagore 12, noneho cyera kabaye yiyemeje kuboneza urubyaro
Umuholandi Ukomeye Mu Gusiganwa Ku Magare Yivanye Muri Tour du Rwanda
Vinícius Júnior yivugiye ko ari we ukwiye kwegukana Ballon d’Or y’uyu mwaka
Museveni yabyise ubucucu: Uko habuze gato ngo Uganda yegurirwe Abayahudi
Tshisekedi yongeye gusaba Maréchal Déby ubufasha bwa gisirikare
Ninteretse Christian wegukanye Primusic mu 2014 yahawe Ubwenegihugu bw’u Rwanda
U Burusiya bwongeye kugaba ibitero muri Ukraine bari bumvikanye agahenge