Umuraperi Bull Dog yasimbuye Kevin Kade mu bitaramo bizenguruka igihugu bya Iwacu Muzika Festival bigiye kuba ku nshuro ya gatandatu.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Bull Dog yasimbuye Kevin Kade muri Iwacu Muzika Festival
25 June 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
M23 yashyizeho abayobozi bashya ba CADECO
26 March 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIhuriro Alliance Fleuve Congo ribarizwamo imitwe ya M23 na Twirwaneho, ryashyizeho abayobozi bashya b’ikigo cy’imari cya Caisse générale d’épargne du Congo (CADECO) mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.
-
Umunyamakuru Sam Karenzi nyuma y’ imyaka ibiri ateye ivi yerekanye undi mukobwa bagiye kurushinga
8 May 2018, by Nsanzimana ErnestUmunyamakuru Sam Karenzi wamenyekanye nk’ umunyamakuru wa radiyo Salus yashyize ahagaragara ifoto iteguza ubukwe ‘Save the Date’ igaragaraho undi mukobwa utari Irakoze Ariane yerekanye muri Gashyantare 2016.
-
Ibintu umusore adakwiye kwihanganira ku mukobwa bakundana
8 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUbucuti bw’abakundana ni urufunguzo rw’ubuzima bwiza, ariko muri uwo mubano hari byinshi bisaba kwihanganirana no kubabarirana. Abashakashatsi mu mibanire n’imyitwarire bemeza ko hari imyitwarire cyangwa imico umukobwa adakwiye kugira mu mibanire ye n’umusore we. Hano hari ibintu 10 umusore adakwiye kwihanganira ku mukobwa, ndetse akamenya uko agomba kubikemura mu rwego rwo kubaka urukundo rwiza no gufasha umubano wabo gukomera.
-
George Foreman yapfuye
22 March 2025, by ISHIMWE Jean de DieuGeorge Foreman, umwe mu bakinnyi b’iteramakofi bakomeye mu mateka, yitabye Imana ku ya 21 Werurwe 2025, afite imyaka 76.
-
RIB yerekanye abantu 3 bamaze kuriganya abantu arenga Frw miliyoni 70 babizeza kubashakira akazi
25 March 2025, by Angeline MUKANGENZIUrwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko rufunze uwitwa Mungaruriye Eric n’abafatanyacyaha be babiri ari bo Beneyo Jean Norbert na Iradukunda Aliane, bakaba bakurikiranweho gushakira inyungu ku bandi hakoreshejwe uburiganya hamwe n’iyezandonke
-
Umukobwa wa Jacob Zuma agiye kuronngorwa n’ Umwami Mswati III asanga abandi 15
4 September 2024, by Joseph IradukundaNomcebo Zuma, umukobwa w’uwahoze ari perezida wa Afurika y’Epfo Jacob Zuma, yerekanywe nk’ugiye kuba umugore mushya w’Umwami Mswati III wa Eswatini ku munsi wa nyuma w’ibirori gakondo bimara iminsi ine muri iki gihugu.
-
Amerika yemeje ubufasha burimo indege z’intambara za F-16 kuri Ukraine
3 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuLeta Zunze Ubumwe za Amerika zemeje ubufasha bw’arenga miliyoni 310,5$ yo gufasha mu gusana indege za F-16 zikoreshwa na Ukraine zatanzwe na bimwe mu bihugu by’u Burayi.
-
Abantu 24 bamaze guhitanwa n’inkogi yibasiye Koreya y’Epfo
27 March 2025, by ISHIMWE Jean de DieuByibuze abantu 24 bari hagati y’imyaka 60 na 70 ni bo bimaze kumenyekana ko bamaze kwicwa n’inkongi ikomeje kwibasira amajyaruguru y’uburasirazuba bwa Koreya y’Epfo.
-
Reba ibintu u Rwanda rwakoze mu mwaka dusoje bigatera amahanga kurwifuza[AMAFOTO]
31 December 2019, by Martin MunezeroHarabura amasaha make tugasoza umwaka wa 2019, umwaka ugizwe n’iminsi itari mike, abantu barabyuka buri munsi bagakora bashaka ibyabateza imbere, ni yo mpamvu Teradignews isubije amaso inyuma ikareba kuri bimwe mu bikorwa u Rwanda rwagezeho amahanga akifuza kuhaba.
Umuryango.rw
Bull Dog yasimbuye Kevin Kade muri Iwacu Muzika Festival
M23 yashyizeho abayobozi bashya ba CADECO
Ibintu umusore adakwiye kwihanganira ku mukobwa bakundana
George Foreman yapfuye
RIB yerekanye abantu 3 bamaze kuriganya abantu arenga Frw miliyoni 70 babizeza kubashakira akazi
Umukobwa wa Jacob Zuma agiye kuronngorwa n’ Umwami Mswati III asanga abandi 15
Amerika yemeje ubufasha burimo indege z’intambara za F-16 kuri Ukraine
Abantu 24 bamaze guhitanwa n’inkogi yibasiye Koreya y’Epfo