Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Rusizi yataye muri yombi umukobwa wareraga umwana w’imyaka 2 wo mu Murenge wa Rwimbogo, nyuma y’uko uwo mwana yari agiye guhira mu nzu, Imana igakinga ukuboko.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Rusizi: Umukozi wo mu rugo yatawe muri yombi akekwaho gutwika umwana
16 September 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Mu Rwanda abarimu ibihumbi 26 bari mu kazi ntibize uburezi
1 August 2025, by ISIMBI EstellaUrwego rw’Igihugu rushinzwe Uburezi bw’Ibanze, REB rwatangaje ko abarimu bagera ku bihumbi 26 bigisha mu mashuri y’inshuke n’abanza batize uburezi.
-
Karongi: Umuhanda Kibuye-Kiziba wa miliyari 17 Frw wabakuye mu bwigunge
22 March, by ISIMBI EstellaAbakoresha umuhanda wa kaburimbo w’ibilometero 14.5 wa Kibuye-Kiziba mu Karere ka Karongi, bavuga ko ikorwa ryawo ryabakuye mu bwigunge kuko ryoroheje ubuhahirane rikanakurura ishoramari muri ako gace.
-
Minisitiri w’Intebe w’u Bubiligi yanze kwifuriza igihugu cye kurama
23 July 2025, by ISIMBI EstellaMinisitiri w’Intebe w’u Bubiligi, Bart De Wever, yatunguranye yanga kwifuriza igihugu cye kurama ubwo cyizihizaga umunsi Leopold I yarahiriye kuba Umwami wacyo hashize hafi umwaka kibonye ubwigenge.
-
Michelle Obama yahishuye icyatumye atitabira umuhango w’irahira rya Trump
24 April 2025, by Angeline MUKANGENZIUmugore wa Barack Obama, Michelle Obama, yakomoje ku mpamvu yatumye atitabira umuhango w’irahira rya Donald Trump, abeshyuza abavuze ko byatewe n’uko atabanye neza n’umugabo we.
-
Brésil: Bolsonaro yasabiwe gucungirwa hafi mu kuburizamo umugambi wo gutoroka ubutabera
27 August 2025, by ISIMBI EstellaUmucamanza wo mu Rukiko rw’Ikirenga muri Brésil, Alexandre de Moraes, yatangaje ko Jair Bolsonaro, wahoze ayobora iki gihugu akaba afungiwe iwe, ashobora gutoroka ubutabira, asaba polisi kumucungira hafi.
-
Iran yihoreye, Israel yica Minisitiri wayo w’Ubutasi: Ibigezweho mu ntambara ziri ku Isi
18 March, by ISIMBI EstellaAbantu babiri bishwe n’ibisasu Iran yarashe muri Israël ihorera urupfu rwa Ali Larijani wari Umunyamabanga w’Inama y’Umutekano yayo wiciwe mu gitero cyagabwe i Tehran, mu gihe igitero cya Israel cyo cyahitanye Minisitiri ushinzwe ubutasi.
-
Dore ibyaha M23 ishinja Leta ya Kinshasa
22 August 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmutwe wa AFC/M23 uhanganye n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo(DRC) washinje umuryango uvuga ko uharanira uburenganzira bwa Muntu(HRW) ndetse n’ishami ry’Umuryango w’abibyumbye ryita ku burenganzita bwa muntu gukorera mu kwaha kwa Leta ya Kinshasa, ugatangaza raporo z’ibinyoma.
-
Kenya: Bagaye umubyeyi wa Albert Ojwang wemeye kwakira Miliyoni z’Amashilingi yatanzwe na William Ruto
20 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuBamwe mu Banya-Kenya, bagaye cyane umubyeyi wa Albert Ojwang wemeye kwakira Miliyoni ebyiri z’Amashilingi yatanzwe na Perezida wa Kenya William Ruto yo kuyagira umuryango wa nyakwigendera Albert Ojwang, wapfuye aguye muri kasho ya polisi yamutaye muri yombi ku itariki 7 Kamena mu Mujyi wa Nairobi, bigahita biteza imyigaragambyo nubu igikomeje, abigaragambya basaba ko Albert Ojwang ahabwa ubutabera.
-
MINUBUMWE yatangaje uko igikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 28 Kizagenda
4 April 2022, by Rebecca UFITAMAHOROMinisiteri y’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’inshingano mboneragihugu (MINUBUMWE), iratangaza ko Kwibuka ku nshuro ya 28 Jenoside yakorewe Abatutsi, bizakorwa nk’uko byakorwaga mbere, ariko hubahirizwa amabwiriza yo kwirinda Covid-19 ndetse imihango ngo ntizarenza amasaha abiri.
Umuryango.rw
Rusizi: Umukozi wo mu rugo yatawe muri yombi akekwaho gutwika umwana
Mu Rwanda abarimu ibihumbi 26 bari mu kazi ntibize uburezi
Karongi: Umuhanda Kibuye-Kiziba wa miliyari 17 Frw wabakuye mu bwigunge
Minisitiri w’Intebe w’u Bubiligi yanze kwifuriza igihugu cye kurama
Michelle Obama yahishuye icyatumye atitabira umuhango w’irahira rya Trump
Brésil: Bolsonaro yasabiwe gucungirwa hafi mu kuburizamo umugambi wo gutoroka ubutabera
Iran yihoreye, Israel yica Minisitiri wayo w’Ubutasi: Ibigezweho mu ntambara ziri ku Isi
Dore ibyaha M23 ishinja Leta ya Kinshasa
Kenya: Bagaye umubyeyi wa Albert Ojwang wemeye kwakira Miliyoni z’Amashilingi yatanzwe na William Ruto
MINUBUMWE yatangaje uko igikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 28 Kizagenda