Umuryango w’abibumbye watangaje ko muri Kamena 2025, intambara u Burusiya buhanganyemo na Ukraine yahitanye abasivile 232, abarenga 1340 barakomereka, ndetse ngo ni bo benshi bagaragaye mu kwezi kumwe kuva intambara itangiye muri Mata 2022.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Imvange y’agahenge n’intambara muri Gaza; abarenga 230 bishwe muri Ukraine - Agezweho mu ntambara zivugwa mu Isi
11 July 2025, by ISIMBI Estella -
U Rwanda na RDC byahuriye mu nama yo gusuzuma iyubahirizwa ry’amasezerano y’amahoro
1 August 2025, by ISIMBI EstellaU Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo byahuriye mu nama ya Komite ihuriweho ishinzwe gusuzuma iyubahirizwa ry’amasezerano y’amahoro yasinyiwe i Washington muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika tariki ya 27 Kamena 2025.
-
RISA yagaragaje imbogamizi zikomeje kudindiza umushinga w’indangamuntu y’ikoranabuhanga
13 May 2025, by Angeline MUKANGENZIUmuyobozi Mukuru w’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ikoranabuhanga mu Itumanaho n’Isakazabumenyi (RISA), Bagamba Muhizi Innocent, yagaragaje imbogamizi zagiye zikoma mu nkokora umushinga wo gushyiraho indangamuntu y’ikoranabuhanga utegerejwe na benshi.
-
Muri Marathon y’abagore ku Isi, Umunya-Kenya yaciye agahigo
14 October 2024, by Joseph IradukundaUmunya-Kenya Ruth Chepngetich yaciye agahigo ko ku rwego rw’Isi mu gusiganwa Marathon mu bagore ubwo yegukanaga isiganwa ry’i Chicago ku Cyumweru nyuma yo gukoresha amasaha abiri, iminota icyenda n’amasegonda 56, aba umugore wa mbere ubashije kugira ibihe biri munsi y’amasaha abiri n’iminota 10.
-
Operasiyo ya Polisi imaze guta muri yombi abahebyi barenga 50
6 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuItsinda ry’abapolisi bo mu Karere ka Muhanga, Kamonyi, Ruhango n’iryo mu Mujyi wa Kigali ririmo gukora Operasiyo mu birombe by’ubucukuzi by’amabuye y’agaciro muri utwo turere, rimaze guta muri yombi abacukura amabuye mu buryo butemewe barenga 50.
Iryo tsinda rikoresha inzira y’ubutaka, indege yo mu bwoko bwa drône igakora igenzura ry’aho ibyo birombe biherereye.
Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Amajyepfo SP Emmanuel Habiyaremye avuga ko abafashwe ari abakora mu bucukuzi bw’amabuye (…) -
U Burusiya: Ikiraro cyagwiriye gari ya moshi hapfa barindwi
2 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAbantu barindwi ni bo bamaze kubarwa ko bapfuye abandi 69 barakomereka, nyuma y’impanuka y’ikiraro cyagwiriye gari ya moshi mu Karere k’u Burusiya ka Bryansk gahana imbibi na Ukraine.
-
Elon Musk yemerewe umwanya muri Guverinoma ya Trump mu gihe yaba atowe
16 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuDonald Trump yatangaje ko niyongera gutorerwa kuyobora Leta Zunze Ubumwe za Amerika, azashyira umunyemari Elon Musk muri Guverinoma ye.
-
Bull Dogg, B-Threy na Logan Joe bagiye guhurira mu gitaramo
3 February, by ISHIMWE Jean de DieuAbakunzi ba Hip Hop mu Rwanda bongeye gutekerezwaho kuko bagiye gutaramirwa n’abahanzi bakomeye barimo Bull Dogg, B-Threy na Logan Joe. Aba bazahurira ku rubyiniro rwa Mic Tribe 2026.
-
Autriche yahagaritse kwakira impunzi zo muri Syria
10 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuIgihugu cya Autriche cyahagaritse kongera kwakira impunzi zo muri Syria ndetse gitangaza ko n’izihari zigiye gusubizwa iwabo, nyuma y’umunsi umwe ubutegetsi bwa Bashar al Assad bukuweho.
-
Syria: Ubuyobozi bwasabye gukurirwaho ibihano by’ubukungu
19 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuAhmed al-Sharaa uherutse kuyobora ibitero by’umutwe wa Hayat Tahrir al-Sham (HTS) uherutse gukura Bashir al-Assad ku butegetsi muri Syria, yatangaje ko igihe kigeze ibihano by’ubukungu byafatiwe icyo gihugu bigakurwaho.
Umuryango.rw
Imvange y’agahenge n’intambara muri Gaza; abarenga 230 bishwe muri Ukraine - Agezweho mu ntambara zivugwa mu Isi
U Rwanda na RDC byahuriye mu nama yo gusuzuma iyubahirizwa ry’amasezerano y’amahoro
RISA yagaragaje imbogamizi zikomeje kudindiza umushinga w’indangamuntu y’ikoranabuhanga
Muri Marathon y’abagore ku Isi, Umunya-Kenya yaciye agahigo
Operasiyo ya Polisi imaze guta muri yombi abahebyi barenga 50
U Burusiya: Ikiraro cyagwiriye gari ya moshi hapfa barindwi
Elon Musk yemerewe umwanya muri Guverinoma ya Trump mu gihe yaba atowe
Bull Dogg, B-Threy na Logan Joe bagiye guhurira mu gitaramo
Autriche yahagaritse kwakira impunzi zo muri Syria
Syria: Ubuyobozi bwasabye gukurirwaho ibihano by’ubukungu