Minisitiri w’Umutekano w’Imbere mu gihugu, Dr. Vincent Biruta, yakiriwe n’Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Qatar, Sheikh Abdulaziz bin Faisal bin Mohammed Al Thani, i Doha.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Minisitiri Biruta yaganiriye na Sheikh Abdulaziz wa Qatar
17 July 2025, by ISIMBI Estella -
Yihaye intego yo kuryamana n’umukinnyi muri buri kipe yo muri ’Premier League’
1 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUmukobwa w’umunyamideli ukomoka muri Suède, Elda Thora, uheruka kwiha intego yo kuryamana n’umukinnyi muri buri kipe yo muri Premier League, yatangaje ko amaze kubigeraho ku bakinnyi batatu ndetse asigaje 17.
-
Amb Karega yavuze ko abazungu bakase imipaka y’u Rwanda bagamije inyungu zabo bwite
11 April 2025, by Angeline MUKANGENZIAmbasaderi w’u Rwanda wihariye mu Karere k’Ibiyaga Bigari, Vincent Karega, yavuze ko abatuye muri ibyo bice badakwiye guhora mu bibazo by’ivanguramoko rishingiye ku mipaka yakaswe n’abazungu nta kintu na kimwe kijyanye n’abari bahatuye bitayeho, uretse gusa inyungu zabo mu by’ubukungu baharaniraga.
-
Bwa mbere mu Buyapani hashobora kuboneka Minisitiri w’Intebe w’umugore
4 October 2025, by ISIMBI EstellaSanae Takaichi yatorewe kuyobora Ishyaka riri ku butegetsi mu Buyapani, Liberal Democratic Party (LDP), bimuha amahirwe yo kuba yaba Minisitiri w’Intebe wa mbere w’umugore iki gihugu kigize.
-
Afurika y’Epfo yongeye gukora Israel mu jisho, iyishinja kuvogera ubusugire bwa Iran
17 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuLeta ya Afurika y’Epfo yashimangiye ko ihangayikishijwe n’ibitero igisirikare cya Israel giherutse kugaba kuri Iran, igaragaza ko ari ukurenga ku mategeko mpuzamahanga n’ubusugire bw’iki gihugu.
-
Bill Clinton wayoboye Amerika yasezerewe mu bitaro
25 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuBill Clinton wabaye Perezida wa 42 wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika imyaka umunani kugeza mu 2001 yavuye mu bitaro aho yari amaze iminsi avurirwa ibicurane.
-
USA: Abanyamahanga bafite ubumenyi bwihariye bazajya bishyura ibihumbi 100$ buri mwaka
20 September 2025, by ISIMBI EstellaPerezida Amerika, Donald Trump yasinye iteka risaba abanyamahanga bahabwa visa kubera ubumenyi bwihariye cyangwa impano ko bazajya bishyura ibihumbi 100$ buri mwaka, bidakuyeho umuntu ashobora kutayihabwa nubwo yaba yarishyuye.
-
Nicki Minaj yemeye inkunga iri hagati ya $150,000 na $300,000 yo gushyigikira Perezida Trump
30 January, by ISHIMWE Jean de DieuUmuraperikazi w’icyamamare ku rwego mpuzamahanga, Nicki Minaj, yatangaje ko agiye gutanga amafaranga ari hagati ya $150,000 [218,965,950.00 Frw] na $300,000 [437,931,900.00] azashyirwa muri konti z’imari zizwi nka ‘Trump Accounts’, hagamijwe gufasha abana b’abakunzi be kubaka ejo hazaza habo mu by’imari bakiri bato.
-
Sudani: Ingabo za Leta zigenzura hejuru ya 75% by’ubutaka bw’igihugu
12 July 2025, by ISIMBI EstellaIngabo za Leta ya Sudani ziri kugenzura hejuru ya 75% by’ubuso bwose bw’icyo gihugu, by’umwihariko zikagenzura Umurwa Mukuru w’icyo gihugu, Khartoum.
-
Gicumbi: Umuforomo wafunzwe akekwaho gusambanya umugore yabyazaga yavuze icyari kihishe inyuma y’ ifungwa rye
14 April 2018, by Nsanzimana ErnestUmuforomo wo kigo nderabuzima Rubaya witwa Mutabaruka Jean Bosco watawe muri yombi mu kwezi gushize kwa Werurwe avugwaho gusambanya umugore yabyazaga yarekuwe avuga icyari kibyihishe inyuma.
Tariki 25 Werurwe uyu mwaka nibwo Mutabaruka uri mu kigero cy’ imyaka 40 yatawe muri yombi afungirwa ku sitasiyo ya polisi ya Byumba akekwaho gusambanya umugore arimo kumubyaza.
Umuyobozi w’ ikigonderabuzima uyu muforomo akoraho yatangarije Intyoza ko yumvise ko uyu muforomo yafunguwe ariko (…)
Umuryango.rw
Minisitiri Biruta yaganiriye na Sheikh Abdulaziz wa Qatar
Yihaye intego yo kuryamana n’umukinnyi muri buri kipe yo muri ’Premier League’
Amb Karega yavuze ko abazungu bakase imipaka y’u Rwanda bagamije inyungu zabo bwite
Bwa mbere mu Buyapani hashobora kuboneka Minisitiri w’Intebe w’umugore
Afurika y’Epfo yongeye gukora Israel mu jisho, iyishinja kuvogera ubusugire bwa Iran
Bill Clinton wayoboye Amerika yasezerewe mu bitaro
USA: Abanyamahanga bafite ubumenyi bwihariye bazajya bishyura ibihumbi 100$ buri mwaka
Nicki Minaj yemeye inkunga iri hagati ya $150,000 na $300,000 yo gushyigikira Perezida Trump
Sudani: Ingabo za Leta zigenzura hejuru ya 75% by’ubutaka bw’igihugu