Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko yiteguye kwakirana ubwuzu Inama ya 66 y’Ihuriro Mpuzamahanga ryita ku itegurwa ry’Inama (International Congress and Convention Association – ICCA), itegerejwe guteranira i Kigali mu Rwanda hagati y’itariki ya 24 kugeza ku ya 27 Ukwakira 2027.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
U Rwanda rwiteguye kwakira neza Inama ya 66 ya ICCA
3 February, by Angeline MUKANGENZI -
M23 yavuye mu gace k’ingenzi yaherukaga kwigarurira
7 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUmutwe wa M23 biravugwa ko wamaze kuva mu gace ka Kamandi Gîte wari warigaruriye mu mpera z’icyumweru gishize.
-
Perezida Kagame yaherekeje Daniel Chapo wa Mozambique
28 August 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida Kagame yaherekeje mugenzi we wa Mozambique Daniel Francisco Chapo wasoje uruzinduko rw’iminsi ibiri yagiriraga mu Rwanda, rwasize havuguruwe amasezerano y’imikoranire arimo ayo kurwanya iterabwoba.
-
Kenya: Victoria Kimani ahangayikishijwe n’abafana batamwereka urukundo
26 September 2025, by ISIMBI EstellaUmuhanzikazi ukunzwe muri Kenya no hanze yayo yagaragaje ko atishimira abamukurikira ku mbuga nkoranyambaga bareba ibyo abasangiza ntibatange ibitekerezo ibizwi nka “comments” kandi ntako aba atagize ngo abahe ibyiza.
-
Trump ni we mutegetsi wa mbere ubashije kubwiza Abanyamerika ukuri - Zakharova w’u Burusiya
19 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmuvugizi wa Minisiteri y’Ububanyi n’Amkahanga y’u Burusiya, Maria Zakharova, yavuze ko Leta Zunze Ubumwe za Amerika zifite ibibazo byinshi bikomeye imbere mu gihugu, kandi ko Perezida Donald Trump ari we mutegetsi wa mbere w’icyo gihugu, mu myaka myinshi ishize, wemeye ku mugaragaro ko ibyo bibazo bihari.
-
Meteo Rwanda yaburiye Abaturarwanda ku mvura nyinshi iteganyijwe hagati y’itariki 11 na 13 Mata 2025
11 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIkigo cy’Igihugu cy’Iteganyagihe, Meteo Rwanda, cyatangaje ko kuva mu ijoro ryo kuwa 11 kugeza tariki 13 Mata 2025, mu Rwanda hateganyijwe imvura nyinshi, cyane cyane mu Mujyi wa Kigali, mu Ntara y’Amajyaruguru niy’Iburengerazuba ndetse no mu turere twa Nyamagabe na Nyaruguru two mu Ntara y’Amajyepfo.
-
U Bushinwa: 2025 izasiga imodoka zikoresha amashanyarazi zicuruzwa cyane kurusha izikoresha lisansi
27 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuByitezwe ko mu 2025, imodoka zikoresha amashanyarazi (EV) cyangwa se izikoresha amashanyarazi na lisansi (hybrid) zigurishwa mu Bushinwa zizaba ari zo nyinshi kurusha izikoresha lisansi na mazutu gusa.
-
Muzabona ikipe itandukanye n’iyo muheruka- Stephen Constantine ku Mavubi
16 March, by Angeline MUKANGENZIPerezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amagurub mu Rwanda (FERWAFA), Shema Fabrice, yatangaje ko yizeye impinduka mu Mavubi mu gihe Stephen Constantine azaba ayatoza, na we akemeza ko ari igisubizo cy’ibibazo biri mu Ikipe y’Igihugu.
-
FIFA yashimye Iran yemereye abagore kujya ku bibuga
20 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida w’Ishyirahamwe rya Ruhago ku Isi (FIFA), Gianni Infantino, yashimye intambwe yatewe na Iran yemereye abafana b’abagore kugera ku kibuga cy’umupira w’amaguru.
-
Al-Hilal yatandukanye na Neymar wayihombeye
28 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIkipe ya Al-Hilal yo mu Cyiciro cya Mbere muri Arabie Saoudite, yasheshe ku bwumvikane amasezerano yari ifitanye n’Umunya-Brésil Neymar.
Umuryango.rw
U Rwanda rwiteguye kwakira neza Inama ya 66 ya ICCA
M23 yavuye mu gace k’ingenzi yaherukaga kwigarurira
Perezida Kagame yaherekeje Daniel Chapo wa Mozambique
Kenya: Victoria Kimani ahangayikishijwe n’abafana batamwereka urukundo
Trump ni we mutegetsi wa mbere ubashije kubwiza Abanyamerika ukuri - Zakharova w’u Burusiya
Meteo Rwanda yaburiye Abaturarwanda ku mvura nyinshi iteganyijwe hagati y’itariki 11 na 13 Mata 2025
U Bushinwa: 2025 izasiga imodoka zikoresha amashanyarazi zicuruzwa cyane kurusha izikoresha lisansi
Muzabona ikipe itandukanye n’iyo muheruka- Stephen Constantine ku Mavubi
FIFA yashimye Iran yemereye abagore kujya ku bibuga
Al-Hilal yatandukanye na Neymar wayihombeye