Pelezida wa Ukraine Volodymyr Zelenskyy kuri iyi nshuro noneho niwe uvuga ko asanga Uburusiya bukwiriye gutumirwa mu biganiro bya kabiri by’intumwa z’ibihugu byinshi ku byakorwa ngo intambara ihagarikwe muri Ukraine ye.
Perezida Zelenskyy yagarutse kuri ibi ubwo yavugaga kuri gahunda ubutegetsi bwe buzangenderaho muri ibyo biganiro byitwa ko bigambiriye n’ubundi amahoro arambye ya Ukraine bizakorwa mu Ugushyingo 2024.
Ubwo yari ageze i Kiev akubutse mu nama ya OTAN muri Leta Zunze Ubumwe (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Perezida wa Ukraine arasaba ibiganiro Putin w’Uburusiya
21 July 2024, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Frank Gashumba n’umugore we Malaika bibarutse imfura yabo
15 September 2025, by ISIMBI EstellaUmuherwe akaba n’umusesenguzi wa politiki wo muri Uganda Frank Gashumba, yatangaje ko we n’umugore we Patience Malaika Mutoni baherutse gushyingianwa bibarutse umwana.
-
U Rwanda rwahakanye ku by’ubutumire bwa Uganda ku biganiro na yo bivugwa ko rwahawe
21 October 2019, by Martin MunezeroUmunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’amahanga y’u Rwanda, Amb. Nduhungirehe Olivier, yavuze ko bitangaje kubona mu itangazamakuru ryo muri Uganda itariki y’ubutumire ku biganiro bigamije kuzahura umubano w’ibihugu byombi, kandi inzego z’u Rwanda zitarabimenyeshwa.
-
IShowSpeed yasize inkuru i Kigali
11 January, by ISHIMWE Jean de DieuIShowSpeed, umwe mu bantu bakurikirwa cyane ku mbuga nkoranyambaga uri mu Rwanda, yagaragarijwe urukundo n’ibihumbi by’Abanyarwanda hirya no hino mu Mujyi wa Kigali aho yagiye anyura, na we avuga ko mu bihugu byose yasuye, nta cyiza yabonye kiruta u Rwanda.
-
Lubumbashi: Umusirikare amaze iminsi yarafashe bugwate ishuri rya Leta
3 October 2025, by ISIMBI EstellaUmusirikare wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo amaze iminsi yarafashe bugwate ishuri riri kubakwa na Leta mu mujyi wa Lubumbashi mu ntara ya Haut-Katanga.
-
Kwizera Olivier yavuze ku kudahamagarwa mu Ikipe y’Igihugu
20 March, by Angeline MUKANGENZIUmunyezamu wa Rayon Sports, Kwizera Olivier, yavuze ku kudahamagarwa mu Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda ‘Amavubi’, agaragaza ko ari igihe kitaragera kugira ngo agirirwe icyizere.
-
FERWAFA yatangaje ingengabihe y’amatora ya Komite Nyobozi
8 July 2025, by ISIMBI EstellaIshyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), ryatangaje ko tariki ya 30 Kanama 2025, ari bwo hateganyijwe amatora ya komite nshya izasimbura iyoboye manda y’inzibacyuho.
-
Element wishyuzwa miliyoni 25Frw muri 1:55am irahomaho?
23 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMuri iyi minsi haravugwa amakuru y’uko Element yananiwe kwishyura amafaranga yakoreraga indirimbo mu gihe yabaga yishyuwe bituma yishyuzwa miliyoni 25Frw mu gihe we avuga ko atari umucungamutungo wo kubazwa amafaranga.
-
Uburangare bwatumye umurambo w’Umunya-Tanzania ushyingurwa muri Kenya
27 January, by Angeline MUKANGENZIUmugabo wo muri Tanzania yagiye gufata umurambo w’umuvandimwe we muri Kenya, atungurwa no gusanga umuvandimwe we yaritiranyijwe, ahabwa undi muryango, ndetse waramushyinguye.
-
Israel yaciye amarenga yo kwica Khamenei urwo Saddam Huseein yishwe
17 June 2025, by ISIMBI EstellaMinisitiri w’Ingabo wa Israel, Israel Katz yahamije ko ibitero kuri Iran bikomeza kwisukiranya, anaburira Umuyobozi w’Ikirenga, Ayatollah Ali Khamenei ko nibadahagarika ibitero ashobora gupfa urwa Saddam Hussein.
Umuryango.rw
Perezida wa Ukraine arasaba ibiganiro Putin w’Uburusiya
Frank Gashumba n’umugore we Malaika bibarutse imfura yabo
IShowSpeed yasize inkuru i Kigali
Lubumbashi: Umusirikare amaze iminsi yarafashe bugwate ishuri rya Leta
Kwizera Olivier yavuze ku kudahamagarwa mu Ikipe y’Igihugu
FERWAFA yatangaje ingengabihe y’amatora ya Komite Nyobozi
Element wishyuzwa miliyoni 25Frw muri 1:55am irahomaho?
Uburangare bwatumye umurambo w’Umunya-Tanzania ushyingurwa muri Kenya
Israel yaciye amarenga yo kwica Khamenei urwo Saddam Huseein yishwe