Bernard Makuza wahoze ari Perezida wa Sena, yagizwe Umuyobozi w’indorerezi z’Umuryango wa Afurika yunze Ubumwe, AU, mu matora y’abagize Inteko Ishinga Amategeko muri Comores ateganyijwe ku wa 19 Mutarama 2020.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Bernard Makuza yahawe inshingano nshya
17 January 2020, by Martin Munezero -
Zelensky yasabye Trump gusura Ukraine mbere yo kugirana amasezerano n’u Burusiya
14 April 2025, by Angeline MUKANGENZIPerezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, yasabye Donald Trump kubanza gusura Ukraine mbere yo kugira amasezerano asinyana n’u Burusiya agamije guhagarika intambara.
-
Perezida Kagame yakiriye Uhuru Kenyatta wayoboye Kenya
12 July 2025, by ISIMBI EstellaPerezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yakiriye Uhuru Kenyatta wabaye Perezida wa Kenya, akaba ari n’umwe mu bahuza bagenwe n’Imiryango ya EAC na SADC mu kugarura amahoro mu Burasirazuba bwa Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, DRC.
-
Hamenyekanye amakipe 12 azitabira CECAFA Kagame Cup
5 August 2025, by Joseph IradukundaMpuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika y’Iburasirazuba no Hagati (CECAFA), yatangaje amakipe 12 azitabira irushanwa rihuza amakipe yo mu Karere ka Afurika yo hagati n’iy’Iburasirazuba, CECAFA Kagame Cup.
-
Ikibazo cya Bebe Cool na Alex Muhangi cyageze mu rukiko
2 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMuri Werurwe 2025, umuhanzi Bebe Cool yatanze ikirego mu rukiko arega Alex Muhangi kuba yararenze ku burenganzira bwe ku bihangano.
-
RDC: Haravugwa imyitozo ya gisirikare ihuriweho hagati ya Kenya na Nepal
16 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuIngabo zishinzwe gutabara byihuse z’Abanyakenya (QRF) na bagenzi bazo bo muri Nepal mu cyumweru gishize basoje imyitozo ihuriweho muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DRC) kugira ngo barusheho kwitwara neza igihe bahamagariwe kurinda abaturage no guteza imbere umutekano.
-
Ndi Inkotanyi byeruye, Gen Muhoozi yerekanye ibyishimo yatewe no kwakira inka yagabiwe na Perezida Kagame
17 April 2022, by Rebecca UFITAMAHOROUmugaba w’Ingabo za Uganda zirwanira ku butaka ,Lt Gen Muhoozi Kainerugaba ,yatangaje ko yahinduse ‘Inkotanyi byemewe n’amategeko nyuma yo kwakira inka yagabiwe na Perezida Paul Kagame.
Ku ya 15 Werurwe 2022, ubwo Lt Gen Muhoozi yagiriraga uruzinduko mu Rwanda nibwo yagabiwe inka na Perezida Kagame. Ni inka z’inyambo Perezida Kagame yamuhaye mu zo afite mu rwuri rwe ruri mu Burasirazuba bw’igihugu.
Ku wa 16 Mata 2022, Muhoozi abinyujije kuri Twitter yavuze ko izi nka yahawe yamaze (…) -
Sosiyete ya Japan Airlines iravuga ko yagabweho igitero cy’ikoranabuhanga
26 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuKuri uyu wa Kane, itariki 26 Ukuboza 2024, Sosiyete y’indege Japan Airlines (JAL) yavuze ko yagabweho igitero cy’ikoranabuhanga cyashoboraga kugira ingaruka ku ndege, ariko ntiyemeje niba hari ugutinza indege cyangwa gusubika ingendo byabayeho.
-
Umuntu wa mbere ashobora gukandagira kuri Mars mu 2030
25 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuIkigo cya SpaceX cya Elon Musk, kirateganya kohereza icyogajuru ku Mubumbe wa Mars mu 2026, kizaba gifite umwihariko wo gusuzuma uburyo ibyogajuru bizajya bigwa kuri uwo mubumbe.
-
Perezida Ramaphosa wa Afurika y’Epfo yasubije Trump
3 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida Cyril Ramaphosa wa Afurika y’Epfo yasubije mugenzi we Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, avuga ko igihugu cye leta ayoboye nta butaka yigeze ifatira.
Umuryango.rw
Zelensky yasabye Trump gusura Ukraine mbere yo kugirana amasezerano n’u Burusiya
Perezida Kagame yakiriye Uhuru Kenyatta wayoboye Kenya
Hamenyekanye amakipe 12 azitabira CECAFA Kagame Cup
Ikibazo cya Bebe Cool na Alex Muhangi cyageze mu rukiko
RDC: Haravugwa imyitozo ya gisirikare ihuriweho hagati ya Kenya na Nepal
Ndi Inkotanyi byeruye, Gen Muhoozi yerekanye ibyishimo yatewe no kwakira inka yagabiwe na Perezida Kagame
Sosiyete ya Japan Airlines iravuga ko yagabweho igitero cy’ikoranabuhanga
Umuntu wa mbere ashobora gukandagira kuri Mars mu 2030
Perezida Ramaphosa wa Afurika y’Epfo yasubije Trump