Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) wiyemeje kongera ubufasha uha Ukraine mu gihe ikomeje intambara n’u Burusiya, ariko umusanzu witezweho gutanga ni muke ugereranyije n’uwo Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangaga.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Ubushobozi bwa EU bwo gushyigikira Ukraine mu ntambara bushidikanywaho
12 August 2025, by ISIMBI Estella -
Tory Lanez ufunze, yavuze ibyiza bya Chris Brown
11 March 2025, by ISIMBI EstellaUmuraperi w’Umunya-Canada, Tory Lanez, uri gukorera igihano cy’igifungo cy’imyaka 10 muri gereza azira kurasa Megan Thee Stallion, yatangaje ko umuririmbyi Chris Brown ari we wenyine wamufashije ku bijyanye n’amafaranga y’imanza aheruka kwishyura.
-
U Rwanda rwacyuye abantu 10 bari bacurujwe muri Myanmar
4 May 2025, by Joseph IradukundaGuverinoma y’u Rwanda yatangaje ko yacyuye abantu 10 bari bashutswe ko bagiye guhabwa akazi keza bakisanga muri Myanmar bakoreshwa imirimo y’agahato, ubujura bwifashisha ikoranabuhanga n’ibindi bibi, ndetse hari abandi batanu bakiriyo ariko hari gukorwa ibishoboka ngo na bo batahe
-
M23 yongeye kwihanangiriza ingabo za Loni n’iza SADC zivanze na FARDC
24 January 2025, by Joseph IradukundaUmutwe witwaje intwaro wa M23 wongeye kuburira ingabo ziri mu butumwa bw’amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (MONUSCO) n’iz’umuryango wa Afurika y’Amajyepfo (SAMIDRC) ziri kwivanga mu ntambara iri kubera mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.
-
Nyamagabe: Abayobozi babiri b’amashami bahagaritswe by’agateganyo, undi arasezera
16 July 2025, by ISIMBI EstellaUwari umuyobozi w’Ishami ry’Abakozi n’Imitegekere mu Karere, n’uwari umuyobozi ushinzwe Ubujyanama bwa Komite Nyobozi y’Akarere, bahagaritswe by’agateganyo mu nshingano zabo mu gihe cy’amezi atatu, kubera amakosa bakoze mu kazi.
-
Zimbabwe: Umuhungu wa Perezida Mugabe akurikiranyweho gukoresha ibiyobyabwenge
3 October 2025, by ISIMBI EstellaRobert Mugabe Junior, umuhungu w’imfura w’uwahoze ari Perezida wa Zimbabwe, Robert Mugabe, yajyanwe mu rukiko rwa Harare, akurikiranyweho icyaha cyo gukoresha ibiyobyabwenge.
-
Congo yiyambaje ba ‘Kadogo’ ngo bayifashe M23 ibari ku gakanu
6 January 2025, by Joseph IradukundaGénéral-Major Peter Cirimwami Nkuba, Guverineri wa Gisirikare w’Intara ya Kivu ya Ruguru, yatakambiye abana bahoze mu nyeshyamba ‘Kadogo’, kwinjira mu gisirikare cya FARDC kugira ngo bafashe ubutegetsi bwa Tshisekedi kwigaranzura umutwe wa M23 ukomeje kubakubita amajya n’amaza.
-
U Bufaransa bugiye kwemera Palestine nk’igihugu cyigenga
25 July 2025, by ISIMBI EstellaPerezida Emmanuel Macron w’u Bufaransa yatangaje ko igihugu cye kigiye kuba icya mbere mu bigize umuryango wa G7 cyemeye Palestine nk’igihugu cyigenga.
-
Startimes igiye gutangira kwerekana shampiyona ya Espagne “LA LIGA SANTANDER”
6 August 2020, by Dusingizimana RemyIbyamamare nka Lionel Messi,Sergio Ramos,Eden Hazard,n’abandi bakina mu makipe atandukanye muri Shampiyona ya L A LIGA muri Espagne bagiye gutangira kugaragara kuri StarTimes yarahiriye kudabagiza abakunzi b’imikino.
-
Akagunguru ka peteroli kageze kuri 115$
30 March, by ISIMBI EstellaIbiciro by’ibikomoka kuri peteroli ku rwego rw’Isi byazamutse cyane, n’agaciro k’isoko ry’imari n’imigabane mu bice bimwe bya Aziya karagabanyuka bikomeye, bitewe n’intambara ihanganishije Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Israel na Iran.
Umuryango.rw
Ubushobozi bwa EU bwo gushyigikira Ukraine mu ntambara bushidikanywaho
Tory Lanez ufunze, yavuze ibyiza bya Chris Brown
U Rwanda rwacyuye abantu 10 bari bacurujwe muri Myanmar
M23 yongeye kwihanangiriza ingabo za Loni n’iza SADC zivanze na FARDC
Nyamagabe: Abayobozi babiri b’amashami bahagaritswe by’agateganyo, undi arasezera
Zimbabwe: Umuhungu wa Perezida Mugabe akurikiranyweho gukoresha ibiyobyabwenge
Congo yiyambaje ba ‘Kadogo’ ngo bayifashe M23 ibari ku gakanu
U Bufaransa bugiye kwemera Palestine nk’igihugu cyigenga
Startimes igiye gutangira kwerekana shampiyona ya Espagne “LA LIGA SANTANDER”
Akagunguru ka peteroli kageze kuri 115$