Abahanzikazikazi Monia Fleur na Belle 9ice bari mu bafite amazina akomeye mu Burundi, bakozanyijeho ku mbuga nkoranyambaga bapfa Sat-B, uri mu bagezweho muri iki gihugu.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Monia Fleur na Belle 9ice ntibarigucana uwaka kubera Sat-B
14 April 2025, by ISIMBI Estella -
Arenga miliyari 100 Frw ashobora gukoreshwa mu kuvugurura ahari hatuye Umwami Gihanga
6 April, by ISIMBI EstellaUmurenge wa Nkotsi wo mu Karere ka Musanze, wamuritse umushinga wo kuvugurura kamwe mu duce ndangamateka k’u Rwanda kazwi nka Buhanga kwa Gihanga, uzatwara arenga miliyari 109 Frw (Miliyoni 75$).
-
Inama zigirwa abanyeshuri batsinzwe ibizamini bya Leta bisoza ayisumbuye mu Rwanda
2 September 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMinisitiri w’Uburezi aragira inama abanyeshuri batabashije gutsinda ibizamini bya Leta bisoza amashuri yisumbuye, kujya gusibira, kandi bagatangirana n’abandi kuko imyanya ihari mu mashuri.
-
Israel na Iran: Buri ruhande rwahaye urundi ibyanyuma rwaruteguriye!
24 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIntambara yari imaze iminsi 12 hagati ya Israel na Iran yahoshejwe no kuba buri ruhande rweye guhagarika kurasa ku rundi, gusa mu masaha ya nyuma Iran yashinjwe kurasa kuri Israel, na Israel yemeye ko yarashe kuri Iran ariko ihita ibihagarika.
-
Perezida w’uburundi ntiyumva impamvu igihugu cye gikennye
21 March 2025, by Angeline MUKANGENZIPerezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yagaragaje ko adashobora kumva impamvu igihugu cyabo gikennye kandi gifite amabuye y’agaciro menshi yakemura ibibazo byugarije ubukungu bwacyo.
-
Bruce Melodie, Diamond na Burna Boy bashyizwe mu indashyikirwa 100 muri Afurika
6 June 2025, by ISIMBI EstellaUmuririmbyi Itahiwacu Bruce wamamaye mu muziki nka Bruce Melodie yashyizwe ku rutonde rw’abanyafurika 100 bagiye guhabwa ishimwe nk’indashyikirwa ku mugabane w’Afurika mu mwaka wa 2025.
-
Amategeko ya FERWAFA yahinduwe nyuma yo kutayumvikanaho
3 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIshyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryavuguruye amategeko agomba kwemezwa n’abanyamuryango kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 3 Gicurasi 2025, nyuma y’uko hari abagaragaje ko ayari yatanzwe mbere arimo amakosa ndetse hari ingingo zahinduwe mu buryo butumvikanyweho.
-
Hashyizwe hanze imyambaro yamamaza Trump mu matora azaba mu 2028
25 April 2025, by Angeline MUKANGENZIUrubuga rucururizwaho rwa ‘Trump Organization’ rwatangiye gucuruza ingofero zanditseho ‘Trump 2028’, bihamya ibyo Donald Trump yavugaga ko ashobora kuziyamamariza manda ya gatatu mu 2028.
-
Perezida Joe Biden Yaba Agiye Gusubukura Uruzinduko Ateganya Kugirira mu Budage
14 October 2024, by Joseph IradukundaInzego z’Ubutegetsi mu Budage zatangaje ko Perezida Joe Biden wa Leta zunze ubumwe z’Amerika ategerejwe muri icyo gihugu mu ruzinduko bitegenijwe ko azahagirira taliki 18 z’uku kwezi.
-
Urubanza Rw’Abaregwa Gushaka Guhirika Tshisekedi Rwapfundikiwe byitezwe ko bazicwa
4 September 2024, by Joseph IradukundaInteko iburanisha urubanza rw’abaregwa gushaka guhirika Perezida wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo rwapfundiwe, rukazasomwa taliki 13, Nzeri, 2024.
Umuryango.rw
Monia Fleur na Belle 9ice ntibarigucana uwaka kubera Sat-B
Inama zigirwa abanyeshuri batsinzwe ibizamini bya Leta bisoza ayisumbuye mu Rwanda
Israel na Iran: Buri ruhande rwahaye urundi ibyanyuma rwaruteguriye!
Perezida w’uburundi ntiyumva impamvu igihugu cye gikennye
Bruce Melodie, Diamond na Burna Boy bashyizwe mu indashyikirwa 100 muri Afurika
Amategeko ya FERWAFA yahinduwe nyuma yo kutayumvikanaho
Hashyizwe hanze imyambaro yamamaza Trump mu matora azaba mu 2028
Perezida Joe Biden Yaba Agiye Gusubukura Uruzinduko Ateganya Kugirira mu Budage
Urubanza Rw’Abaregwa Gushaka Guhirika Tshisekedi Rwapfundikiwe byitezwe ko bazicwa