U Bwongereza bugaragaza ko u Burusiya ari umwanzi ukomeye ushobora guhangana na bwo byeruye mu gihe kiri imbere. Ibi bituruka ahanini ku buryo u Bwongereza bwashyize imbaraga nyinshi mu gushyigikira Ukraine kuva ubwo yashozwagaho intambara muri Gashyantare 2022.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
U Bwongereza bugiye gukoresha Miliyari 67 z’Amapawundi mu kwitegura intambara n’u Burusiya; dore uko zizakoreshwa
6 June 2025, by ISIMBI Estella -
Nyanza: Ukekwaho ubujura yapfuye ahunga uwo yaraje kwiba
25 February 2025, by Joseph IradukundaHarerimana Jean Claude w’imyaka 28 ukekwaho ubujura, yaguye mu cyobo arapfa, ubwo yahungaga abari bagiye kumufatira mu cyuho ari kwiba.
-
Trump yasabiye umunyamakuru wa CNN kwirukanwa nk’imbwa
27 June 2025, by ISIMBI EstellaPerezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yasabiye umunyamakuru wa CNN, Natasha Bertrand kwirukanwa, nyuma yo kumushinja gutangaza nabi amakuru ajyanye n’igitero iki gihugu cyagabye kuri Iran.
-
Kinshasa: Abafana ba Motema Pembe basabye Corneille Nangaa kubohora RDC
7 March 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAbafana ba DCMP (Daring Club Motema Pembe) iri mu makipe y’umupira w’amaguru y’ubukombe muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, basabye umuyobozi w’ihuriro AFC/M23, Corneille Nangaa, kubohora iki gihugu.
-
Lamine Yamal yongereye amasezerano muri FC Barcelone
28 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuLamine Yamal yongereye amasezerano y’imyaka itandatu muri FC Barcelone, azageza mu mpeshyi ya 2031.
-
AFC/M23 iteganya gushyiraho inkiko mu bice igenzura
1 August 2025, by ISIMBI EstellaIhuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo riteganya gushyiraho inkiko mu bice rigenzura kugira ngo zijye zitanga ubutabera buboneye.
-
IFOTO Y’UMUNSI: Perezida Kagame yahawe umupira wo gukina n’uwo kwambara wanditseho nimero 9 na Infantino [AMAFOTO]
19 February 2021, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame yagiranye ibiganiro na Perezida wa FIFA, Gianni Infatino, uri mu Rwanda aho yafunguye ishami rya FIFA muri Africa y’i Burasirazuba rigamije guteza imbere umupira w’amaguru.
Umuyobozi wa FIFA, Gianni Infantino yhaye Umukuru w’Igihugu impano irimo umupira wo gukina n’uwo kwambara wanditseho nimero 9 isanzwe yambarwa na ba rutahizamu.
Perezida wa FIFA, Gianni Infantino na Perezida Paul Kagame bamaze guhura inshuro nyinshi mu myaka itatu ishize. Tariki ya 25 Ukwakira 2018, (…) -
Isiraheli izafata ibyemezo byanyuma bishingiye ku nyungu zigihugu – Netanyahu
15 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuIbiro bya minisitiri w’intebe wa Isiraheli byavuze ko Isiraheli izumva Amerika ariko igafata ibyemezo bya nyuma ishingiye ku nyungu z’igihugu cyayo, mu gihe hakomeje kwibazwa niba igisubizo cyayo ku gitero gikomeye cya misile cya Irani gikomeje.
-
Stade Amahoro yashyizwemo ikoranabuhanga rya VAR
14 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuStade Amahoro iri mu zigezweho muri Afurika y’Iburasirazuba, yashyizwemo ibikoresho by’ikoranabuhanga ryifashishwa mu misifurire “Video Assistant Referee- VAR”.
-
Lubero: M23 yigaruriye Umujyi mushya
16 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUmutwe wa M23 wigaruriye Umujyi muto wa Matembe wo muri Teritwari ya Lubero, nyuma y’imirwano ikomeye yawusakiranyije n’ihuriro ry’ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
Umuryango.rw
U Bwongereza bugiye gukoresha Miliyari 67 z’Amapawundi mu kwitegura intambara n’u Burusiya; dore uko zizakoreshwa
Nyanza: Ukekwaho ubujura yapfuye ahunga uwo yaraje kwiba
Trump yasabiye umunyamakuru wa CNN kwirukanwa nk’imbwa
Kinshasa: Abafana ba Motema Pembe basabye Corneille Nangaa kubohora RDC
Lamine Yamal yongereye amasezerano muri FC Barcelone
AFC/M23 iteganya gushyiraho inkiko mu bice igenzura
Isiraheli izafata ibyemezo byanyuma bishingiye ku nyungu zigihugu – Netanyahu
Stade Amahoro yashyizwemo ikoranabuhanga rya VAR
Lubero: M23 yigaruriye Umujyi mushya