Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 24 Werurwe 2023,Rusesabagina Paul yafunguwe ku mbabazi za Perezida wa Repubulika nyuma yo gukatirwa igifungo cy’imyaka 25 ahamijwe ibyaba by’iterabwoba.
Mbere y’aho, Paul Rusesabagina yari asanzwe afite uburenganzira bwo gutura muri Amerika ari nayo mpamvu bikekwa ko yasabye kenshi ko arekurwa.
Ni umugabo mu 2005 wahawe igihembo gikomeye gitangwa na Perezida wa Amerika,yahawe na Bush, cyahawe abantu nka Mama Tereza w’i Kalikuta, kubera filimi ishingiye ku (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Amateka ya Paul Rusesabagina, umushoferi wa Taxi wafunzwe n’u Rwanda bigahuruza Amerika
24 March 2023, by Dusingizimana Remy -
Yaje ari umufana- Yago yahishuye uko yamenyanye n’umukunzi we yahimbiye indirimbo
24 March 2025, by ISIMBI EstellaNyarwaya Innocent umaze kumenyekana nka Yago Pon Dat, yashyize hanze indirimbo nshya yise “Elo” yakomoye ku mukunzi we, bagiye kumarana imyaka ibiri bakundana.
-
Perezida wa Brésil yasabye Trump kwitwara nk’umuntu ufite inshingano
25 September 2025, by ISIMBI EstellaPerezida wa Brésil, Luiz Inacio Lula da Silva, yavuze ko Perezida wa Leta Zunze za Amerika, Donald Trump, akwiye kwitwara nk’umuntu ufite inshingano zo kuyobora igihugu gikomeye, akareka kujya yivanga muri politiki z’ibindi bihugu nk’aho ayoboye Isi.
-
Kigali: Hamuritswe igitabo gifasha abana kumva amateka ya Jenoside
2 September 2025, by ISIMBI EstellaIgitabo ‘The Unity Quest’ cyanditswe na Kayitesi Judence, Umunyarwanda utuye mu Budage, avuga ko cyanditse mu buryo bufasha umwana muto kugisoma agahita yumva, mu buryo bwe kandi bumworoheye, Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
-
Doechii yagizwe umuhanzikazi w’umwaka wa 2025
11 March 2025, by ISIMBI EstellaBillboard izwiho gukora intonde zitandukanye z’abahanzi n’indirimbo bigezweho ku Isi, yagize Jaylah Ji’mya Hickmon uzwi mu muziki nka Doechii, umuhanzikazi w’umwaka wa 2025.
-
Nyagatare: Abamotari bamazwe impungenge ku bibazo bya mitasiyo
29 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAbakora umwuga wo gutwara abagenzi kuri moto mu Karere ka Nyagatare bagaragarijwe ko ibibazo byo guhererekanya ibinyabiziga bagiye bafatira mu makoperative yabo, bikandikwa mu mazina yabo bigiye gukemuka bitarenze ukwezi kwa gatandatu.
-
‘Urumuri rw’Ivanjiri rwacaniwe i Save rukwira igihugu’, Paruwasi ya Save yizihije isabukuru y’imyaka 126
9 February, by Angeline MUKANGENZIUmwepiskopi wa Diyosezi ya Butare, Musenyeri Jean Bosco Ntagungira, yavuze ko ari ishema rya Paruwasi ya Save yashinzwe bwa mbere mu Rwanda kuko yagabye amashami yose mu gihugu, aho urumuri rwakwiye hose ruvuye.
-
Dore umukunzi mushya wa Harmonize yerekanye
16 January 2025, by Joseph IradukundaUmuhanzi w’Umunya-Tanzania Harmonize, yerekanye umukunzi we mushya witwa Abigael Chams, mu gihe hari hashize ibyumweru bicyeya havugwa ibihuha ku rukundo rw’abo bombi, kuko byari bikiri mu ibanga.
-
RDC: Umudepite wo mu burasirazuba yabwiye inteko ko Barambiwe ibihe bidasanzwe
20 September 2024, by Joseph IradukundaUmudepite Iracan Gratien de Saint-Nicolas uhagarariye intara ya Ituri mu Nteko Ishinga Amategeko ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yamaganye icyemezo cyo kugumishaho ibihe bidasanzwe mu burasirazuba bw’iki gihugu, agaragaza ko byabaye urucuruzo ku bajenerali.
-
Perezida Kagame yasubije Hon.Bamporiki wemeye ko "yakiriye indonke"
6 May 2022, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame yasubije Bamporiki Edouard wari umaze kumusaba imbabazi kubera icyaha cyo kwakira indonke yemeye ko yakoze, amubwira ko kwirinda icyaha bishoboka kandi guhanwa nabyo bifasha.
Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 06 Gicurasi 2022 nibwo Hon.Edouard Bamporiki yaciye bugufi asaba imbabazi Perezida Kagame n’abanyarwanda yemera ko yakiriye indonke.
Bamporiki yatangaje ayo magambo nyuma y’umunsi umwe ahagaritswe ku mirimo ye. Ni icyemezo cyafashwe ku wa 5 Gicurasi 2022.
Akimara (…)
Umuryango.rw
Amateka ya Paul Rusesabagina, umushoferi wa Taxi wafunzwe n’u Rwanda bigahuruza Amerika
Yaje ari umufana- Yago yahishuye uko yamenyanye n’umukunzi we yahimbiye indirimbo
Perezida wa Brésil yasabye Trump kwitwara nk’umuntu ufite inshingano
Kigali: Hamuritswe igitabo gifasha abana kumva amateka ya Jenoside
Doechii yagizwe umuhanzikazi w’umwaka wa 2025
Nyagatare: Abamotari bamazwe impungenge ku bibazo bya mitasiyo
‘Urumuri rw’Ivanjiri rwacaniwe i Save rukwira igihugu’, Paruwasi ya Save yizihije isabukuru y’imyaka 126
Dore umukunzi mushya wa Harmonize yerekanye
RDC: Umudepite wo mu burasirazuba yabwiye inteko ko Barambiwe ibihe bidasanzwe
Perezida Kagame yasubije Hon.Bamporiki wemeye ko "yakiriye indonke"