Guverineri w’Intara ya Kivu y’Amajyepfo washyizweho n’Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Patrick Busu Bwa Ngwi Nshombo, yasabye abaturage gutanga inoti zishaje bafite kugira ngo bahabwe inshya.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Kivu y’Amajyepfo: AFC/M23 igiye guha abaturage inote zisimbura izishaje
30 August 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Abasirikare 12 b’u Burundi barohamye muri Tanganyika
21 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAbasirikare 12 bo mu ngabo z’u Burundi, mu mpera z’icyumweru gishize barohamye mu kiyaga cya Tanganyika nyuma yo gukora impanuka y’ubwato.
-
Umwana wa Mafisango yahamagawe mu kipe y’Igihugu y’abatarengeje imyaka 20
25 September 2024, by Joseph IradukundaUmuhungu wa nyakwigendera, Patrick Mafisango, Tabu Tegra Crespo, ari mu bakinnyi 28 batarengeje imyaka 20 bahamagawe mu kipe y’Igihugu y’u Rwanda y’abatarengeje iyo myaka bakomeje kwitegura imikino ya Cecafa izatanga itike y’igikombe cya Afurika cya 2025.
-
IBYAKOZWE N’INTUMWA EP#27: Urugendo rwa Guverinoma ya mbere yashyizweho nyuma ya Jenoside
23 July 2021, by Dusingizimana RemyIkiganiro IBYAKOZWE N’INTUMWA EP#27 kigaruka ku rutonde rw’abarahiye muri guverinoma ya mbere yashyizweho nyuma ya jenoside yagiyeho taliki 19/7/1994 ubwo FPR yari imaze gufata ubutegetsi!
-
Ingabire Victoire yafunzwe
20 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUrwego rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko rwataye muri yombi Ingabire Victoire Umuhoza, nyuma y’uko Urukiko Rukuru rusabye ko akorwaho iperereza ku byaha birimo kurema umutwe w’abagizi ba nabi no gutegura ibikorwa bigamije gukurura imvururu muri rubanda.
-
Umunyarwenya Burikantu ari mu byishimo byo kugura Mercedes Benz nshya
8 February, by Angeline MUKANGENZIUmunyarwenya Mwitende Abdoulkarim wamamaye nka “Burikantu”, ari mu byishimo byo kugura imodoka yo mu bwoko bwa Mercedes Benz C – Class C200 Kompressor.
-
Lydia Nsekera yagizwe Minisitiri w’Urubyiruko, Siporo n’umuco mu Burundi
6 August 2025, by Joseph IradukundaPerezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yagize Lydia Nsekera Minisitiri w’Urubyiruko, Siporo n’umuco asimbuye Abayeho Gervais wari kuri uwo mwanya kuva muri Ukwakira 2023.
-
Kenya yemeje ko u Burusiya butazongera kujyana abenegihugu bayo mu ntambara yo muri Ukraine
16 March, by Angeline MUKANGENZIMinisitiri w’Intebe wa Kenya akaba na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Musalia Mudavadi, yatangaje ko u Burusiya bwemeye kutongera kohereza Abanyakenya mu ntambara yo muri Ukraine.
-
Bayobowe n’utunze miliyari 38.8$: Menya abagore 50 birwanyeho bakinjira mu baherwe ba mbere ku Isi
2 July 2025, by ISIMBI EstellaNi bwo bwa mbere mu mateka ikinyamakuru Forbes gitangaje urutonde rwihariye rw’abagore 50 bo ku Isi yose biyubakiye imitungo myinshi kurusha abandi, nta na kimwe barazwe. Aba bagore, baturuka ku migabane ine no mu bihugu 13 bitandukanye, babarizwa mu nzego z’ubucuruzi zitandukanye kuva ku ikoranabuhanga kugera ku mavuriro, bakaba bahuriye ku kuba barabaye indashyikirwa mu kwihangira imirimo no kubaka ibigo bikomeye ku rwego mpuzamahanga.
-
Perezida Kagame yikomye abayobozi bahora mu mbwirwaruhame zitazana impinduka
26 February 2018, by UbwanditsiUbwo yatangizaga ku mugaragaro umwiherero w’abayobozi bakuru b’igihugu ku nshuro ya 15 umukuru w’igihugu cy’u Rwanda,Paul Kagame yanenze uburyo bimwe mu bibazo bihora bivugwa, inzego bireba zikemera ko bihari byanarimba zikavuga ko biri mu nzira zo gukemuka nyamara imyaka igashira indi igataha nta gihindutse.
Umukuru w’igihugu yavuze ko atumva impamvu nk’ibibazo by’imirire mibi mu bana bikigaragara hirya no hino mu gihugu ndetse byanarimba bigahitana bamwe.
Ubushakashatsi bwo muri 2017 (…)
Umuryango.rw
Kivu y’Amajyepfo: AFC/M23 igiye guha abaturage inote zisimbura izishaje
Abasirikare 12 b’u Burundi barohamye muri Tanganyika
Umwana wa Mafisango yahamagawe mu kipe y’Igihugu y’abatarengeje imyaka 20
IBYAKOZWE N’INTUMWA EP#27: Urugendo rwa Guverinoma ya mbere yashyizweho nyuma ya Jenoside
Ingabire Victoire yafunzwe
Umunyarwenya Burikantu ari mu byishimo byo kugura Mercedes Benz nshya
Lydia Nsekera yagizwe Minisitiri w’Urubyiruko, Siporo n’umuco mu Burundi
Kenya yemeje ko u Burusiya butazongera kujyana abenegihugu bayo mu ntambara yo muri Ukraine
Bayobowe n’utunze miliyari 38.8$: Menya abagore 50 birwanyeho bakinjira mu baherwe ba mbere ku Isi