Agaciro ka Microsoft kageze kuri miliyari 4000$, iba ikigo cya kabiri kigeze kuri uru rwego, nyuma ya Nvidia yabigezeho mu ntangiriro za Nyakanga 2025.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Agaciro ka Microsoft kageze kuri miliyari 4000$
1 August 2025, by ISIMBI Estella -
Trump yijeje ko Amerika izakorana n’u Burayi mu kurindira umutekano Ukraine
19 August 2025, by ISIMBI EstellaPerezida Donald Trump yavuze ko Amerika izafasha gutegura uburyo burambye bwo kurindira umutekano Ukraine ifatanyije n’u Burayi, mu gihe Ukraine yakwemera amasezerano y’amahoro n’u Burusiya, kuko yiteguye gutegura inama izahuza Volodymr Zelenskyy na Vladimir Putin mu gihe cya vuba
-
Kamala Harris na Donald Trump mu kiganirompaka giherutse kwirukanisha Biden
10 September 2024, by Joseph IradukundaKuri uyu wa Mbere ushize, Visi Perezida Kamala Harris, yageze i Philadelphia mu majyaruguru y’uburasirazuba bwa Leta ya Pennsylvania mbere y’ikiganirompaka kuri televiziyo n’uwahoze ari Perezida wa Repubulika, Donald Trump muri uyu mujyi.
-
MONUSCO iravugwa mu mugambi wo kwambura M23 Umujyi wa Goma
14 April 2025, by Angeline MUKANGENZIIngabo ziri mu butumwa bw’amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (MONUSCO), ziravugwa mu mugambi wo kwambura ihuriro AFC/M23 Umujyi wa Goma.
-
Bobi Wine ugiye kwiyamamariza kuba Perezida, yashinje amahanga gusonga Uganda
10 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmunya-Uganda utavuga rumwe n’ubutegetsi, Robert Kyagulanyi (Bobi Wine), yashimangiye ko na we ari mu baziyamamariza kuyobora Uganda mu matora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe mu 2026, ashinja abo mu Burengrezuba bw’Isi kuruma gihwa ku “bikorwa bibangamira uburenganzira bwa muntu bikomeje gufata indi ntera muri Uganda.”
-
Rurageretse hagati ya Brigitte Macron n’abavuze ko ari umugabo
15 July 2025, by ISIMBI EstellaUmugore wa Perezida wu Bufaransa, Brigitte Macron, yajuriye mu rukiko rusesa imanza nyuma y’aho urukiko rw’ubujurire rwanzuye ruhanaguye icyaha ku bagore babiri bavuze ko ari umugabo.
-
Ingabo za SADC zizanyura mu Rwanda ziva muri RDC
17 April 2025, by Angeline MUKANGENZIUmuryango wa Afurika y’amajyepfo (SADC) wasabye u Rwanda guha inzira ingabo zawo ziri mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo mu gihe zizaba zitashye.
-
Abasirikare ba Israel bakomeje kwiyahura ku rwego bitigeze bibaho mu myaka 13
4 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIntambara hagati ya Israel na Hamas ikomeje gutera ihungabana mu basirikare, aho raporo nshya yerekanye ko kuva iyi ntambara yatangira, umubare w’abasirikare b’Ingabo za Israel [IDF] biyahuye umaze kugera kuri 28, akaba ari ubwo bwa mbere uyu mubare utumbagiye mu myaka 13.
-
Sitade ya Gicumbi igiye gushyirwamo “Tapis synthétique”
17 March 2025, by ISHIMWE Jean de DieuSitade y’Akarere ka Gicumbi, igiye gushyirwamo “Tapis synthétique” nkuko bitangazwa n’Ubuyobozi bw’Akarere.
Biteganijwe ko kuri uyu wa 17 Werurwe 2025 ari bwo hatangira imirimo yo gushyira itapi igezweho muri Sitade ya Gicumbi.
Ku rundi ruhande kandi abakunzi ba Gicumbi FC nabo bakomeje kwishakamo amafaranga y’ agahimbazamusyi atuma ikipe yabo ikomeza kuguma ku mwanya wa mbere muri shampiona y’icyiciro cya kabiri.
Usibye gushyiramo Tapis igezweho kandi imirimo yo kuvugurura sitade (…) -
Uganda yemeye kurekura Abanyarwanda 176 yafunze mu buryo budakurikije amategeko
15 May 2020, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda,Dr.Vincent Biruta yatangaje ko igihugu cya Uganda cyamaze gukora lisiti y’abanyarwanda 176 kizarekura mu cyumweru gitaha.
Umuryango.rw
Agaciro ka Microsoft kageze kuri miliyari 4000$
Trump yijeje ko Amerika izakorana n’u Burayi mu kurindira umutekano Ukraine
Kamala Harris na Donald Trump mu kiganirompaka giherutse kwirukanisha Biden
MONUSCO iravugwa mu mugambi wo kwambura M23 Umujyi wa Goma
Bobi Wine ugiye kwiyamamariza kuba Perezida, yashinje amahanga gusonga Uganda
Rurageretse hagati ya Brigitte Macron n’abavuze ko ari umugabo
Ingabo za SADC zizanyura mu Rwanda ziva muri RDC
Abasirikare ba Israel bakomeje kwiyahura ku rwego bitigeze bibaho mu myaka 13
Sitade ya Gicumbi igiye gushyirwamo “Tapis synthétique”