Umupira wa maguru ni umwe muri siporo zikundwa na bantu b’ingeri zose kuva ku mwana utera utugeri uri munda ya nyina kugera ku musaza rukukuri. umupira uzana ibyishimo , uhuza abantu ndetse ku bawihebeye ubarutira byinshi. Mu Rwanda naho umupira urakinwa kuva mu myaka myinshi ishize kugera ku munsi wa none. iyo uvuze ikipe ya Rayon sports abantu bumva ikipe y’ibigwi , imwe mu makipe afite amazina aremereye cyane mu mupira wo mu Rwanda. ni imwe mu makipe yareberwamo indorerwamo y’urwego (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
DORE IBYAMAMARE BIFANA IKIPE YA RAYON SPORTS
13 February 2025, by ISIMBI Estella -
Iby’ingenzi wamenya ku yandi mavugurura agiye gukorwa mu burezi bw’u Rwanda
10 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuInama y’Abaminisitiri yemeje amavugurura agamije kunoza imyigire mu mashuri yose ya Leta n’abafashwa na yo ku bw’amasezerano, arimo agiye gukorwa mu gihe cyo kwiga ku biga mu cyiciro cya mbere cy’amashuri abanza, bari basanzwe biga igitondo cyangwa ikigoroba, hakaba hagiye kubaho kwiga ingunga ebyiri.
Aya mavurura yemejwe n’Inama y’Abaminisitiri yateranye kuri uyu wa Mbere tariki 09 Kamena 2025 iyobowe na Minisitiri w’Intebe, Dr Edouard Ngirenge muri Village Urugwiro.
Ingingo ya gatatu (…) -
Cameroun: Samuel Eto’o yashinjwe ibyaha bya ruswa
24 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuSamuel Eto’o wahoze ari umukinnyi w’ikirangirire w’umupira w’amaguru, ubu akaba ari Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’amaguru mu gihugu cye cya Cameroun (FECAFOOT) yarezwe kuba yaranyereje umutungo w’iryo shyirahamwe
-
Igisasu cya Koreya ya Ruguru cyakangaranyije Koreya y’Epfo n’u Buyapani
14 March, by ISHIMWE Jean de DieuKoreya ya Ruguru yarashe igisasu cyerekeza mu nyanja mu cyerekezo kigana mu nyanja y’u Buyapani, nk’uko Koreya y’Epfo n’u Buyapani byabitangaje, aho Tokyo yavuze ko bishoboka ko yari Missile balistique.
-
Zambia yafunze Abarundi barenga 100
31 December 2024, by Joseph IradukundaAbashinzwe umutekano b’Urwego rushinzwe Abinjira n’Abasohoka muri Zambia bakoze umukwabu mu bice bitandukanye by’Umurwa Mukuru wa Zambia, Lusaka, usiga abaturage bakomoka mu Burundi barenga 100, biganjemo impunzi, batawe muri yombi, bazira kutagira ibyangombwa bibemerera gutura cyangwa gukorera muri icyo gihugu.
-
Ingurube n’ibindi nk’amagi n’ikizira mu mafunguro ya Museveni
13 January 2025, by Joseph IradukundaPerezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni yagaragaje ko hari ibiribwa biboneka ku bwinshi mu gihugu ayoboye nk’amagi, inkoko n’ingurube, adashobora kurya.
-
Perezida Ramaphosa yahize gufunga Netanyahu
27 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida wa Afurika y’Epfo, Cyril Ramaphosa yatangaje ko biteguye guta muri yombi Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu n’uwahoze ari Minisitiri w’Ingabo Yoav Gallant bashyiriweho impapuro zo kubata muri yombi n’Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha, ICC.
-
Ibisabwa na AFC / M23 mbere y’imishyikirano iyo ari yo yose na Kinshasa
9 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuNk’uko byatangajwe n’Umunyamakuru wigenga ukora inkuru zicukumbuye, Steve Wembi, Ihuriro rya AFC/M23 haba hari ibyo risaba mbere yo kugirana imishyikirano iyo ari yo yose na Guverinoma ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo.
-
Miss Mutesi Jolly yasabye urubyiruko kurinda ubumwe bw’Abanyarwanda
12 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMu gihe u Rwanda n’Isi bibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, Miss Mutesi Jolly yasabye urubyiruko gukoresha imbaraga zarwo mu kurinda ubumwe bw’Abanyarwanda no gukomeza urugendo rw’ubwiyunge.
-
P. Diddy yahakanye ibyaha bishya aregwa birimo gucuruza abantu n’ubusambanyi bushukana
15 April 2025, by ISIMBI EstellaUmuraperi w’Umunyamerika Sean “Diddy” Combs w’imyaka 55, yongeye kwitaba urukiko ahakana ibyaha bishya aregwa n’ubushinjacyaha bwa Amerika, birimo ubucuruzi bw’abantu n’ubushukanyi mu bijyanye n’ubusambanyi.
Umuryango.rw
DORE IBYAMAMARE BIFANA IKIPE YA RAYON SPORTS
Iby’ingenzi wamenya ku yandi mavugurura agiye gukorwa mu burezi bw’u Rwanda
Cameroun: Samuel Eto’o yashinjwe ibyaha bya ruswa
Igisasu cya Koreya ya Ruguru cyakangaranyije Koreya y’Epfo n’u Buyapani
Zambia yafunze Abarundi barenga 100
Ingurube n’ibindi nk’amagi n’ikizira mu mafunguro ya Museveni
Perezida Ramaphosa yahize gufunga Netanyahu
Ibisabwa na AFC / M23 mbere y’imishyikirano iyo ari yo yose na Kinshasa
Miss Mutesi Jolly yasabye urubyiruko kurinda ubumwe bw’Abanyarwanda
P. Diddy yahakanye ibyaha bishya aregwa birimo gucuruza abantu n’ubusambanyi bushukana