Igisirikare cy’u Burundi (FDNB) cyateye utwatsi ibirego by’umutwe w’inyeshyamba wa TWIRWANEHO uherutse kuvuga ko ingabo zacyo zaba ziri mu mugambi wo gukorera jenoside Abanyekongo bo mu bwoko bw’Abanyamulenge gifatanyije na FARDC n’indi mitwe yitwaje intwaro ikorera muri Kivu y’Amajyepfo.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Igisirikare cy’u Burundi cyateye utwatsi ibirego by’umutwe wa Twirwaneho
25 November 2024, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Reba abagore 10 bakoze ibidasanzwe mu myidagaduro ’Showbiz’ y’u Rwanda[AMAFOTO]
11 January 2021, by Martin MunezeroUmugore, ni izingiro ry’ibyishimo, umugongo uhekera umuryango, umutima w’urugo, afasha Imana kurema, akunda abantu ntakunda ibintu, igikuru cyane yihebera bihebuje abana kurusha ibindi.
-
Sena igiye guhata ibibazo Minisitiri w’Intebe ku mpanuka zikabije mu Rwanda
20 December 2022, by Dusingizimana RemyInteko Rusange ya Sena, kuri uyu wa Mbere yemeje gutumiza uhagarariye Guverinoma, ngo atange ibisobanuro mu magambo ku ngamba zo gukuraho imbogamizi zigaragara mu gukumira no kurwanya impanuka zo mu muhanda.
Ni icyemezo cyafashwe nyuma yo kugezwaho raporo ya Komisiyo y’Ububanyi n’Amahanga, Ubutwererane n’Umutekano, ku gikorwa cyo kumenya ibikorwa mu gukumira no kurwanya impanuka zo mu muhanda.
Zimwe mu mpamvu zitera impanuka zagaragajwe na Komisiyo zirimo imiterere y’imihanda, harimo (…) -
Impamvu udakwiye kongera kunywa imiti wasigaje
7 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuInzobere mu buvuzi ziburira abantu bafata imiti basigaje mu gihe bivuzaga indwara mu bihe byabanje, bakongera bakayinywa igihe bongeye kumva bafite ibimenyetso bisa n’ibya mbere, kuko bashobora gusanga ubwoko bw’agakoko bari barwaye bwarahindutse ugereranyije n’ubwa mbere.
-
Musanze FC na Gicumbi FC zabonye abatoza bashya
9 July 2025, by Joseph IradukundaAmakipe yo mu Ntara y’Amajyaruguru akina Icyiciro cya Mbere yatangiye kwiyubaka aho Ikipe ya Musanze FC yasinyishije Ruremesha Emmanuel nk’umutoza mukuru naho Gicumbi FC ikazatozwa na Bisengimana Justin.
-
Edgar Lungu wayoboye Zambia azashyingurwa muri Afurika y’Epfo
20 June 2025, by ISIMBI EstellaUmuryango wa Dr. Edgar Lungu Chagwa wayoboye Zambia kuva mu 2015 kugeza mu 2021 wafashe icyemezo cyo kumushyingura i Johannesburg muri Afurika y’Epfo nyuma y’aho unaniwe kumvikana na Leta yari yateguye ibikorwa byo kumusezeraho mu cyubahiro.
-
Musanze: Umusore yishwe n’inzoga y’icyuma yategewe kumara adakuye ku munwa
7 February, by Angeline MUKANGENZIIshimwe Fabrice, umusore w’imyaka 20 y’amavuko wo mu Karere ka Musanze, Umurenge wa Cyuve, Akagari ka Kabeza, yapfuye bikekwa ko azize kunywa inzoga ikomeye izwi ku izina ry’icyuma, nyuma yo gutegerwa kumara amacupa abiri adakura ku munwa.
-
RDC:Muri Muheto ubu ni isibaniro ry’imirwano hagati ya M23 na FARDC/Wazalendo
9 September 2024, by Joseph IradukundaImirwano ikaze hagati ya Wazalendo n’inyeshyamba za M23 kuri uyu wa Mbere yaramukiye mu mujyi wa Muheto muri Teritwari ya Masisi, aho urusaku rw’imbunda ziremereye n’intoya rwumvikanye muri kariya gace no mu nkengero zaho nk’uko amakuru agera kuri Kivu Morning Post avuga.
-
Musoni James yoherejwe guhagararira u Rwanda muri Zimbabwe
18 October 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul Kagame yongeye kugirira icyize James Musoni amushinga guhagararira u Rwanda muri Zimbabwe.
-
Umubyeyi uherutse gupfakazwa n’ ingona afite agahinda ko kuba atarabona umurambo w’ umugabo we
22 August 2017, by Nsanzimana ErnestNyuma y’iminsi ine umugabo we yishwe n’ingona ubwo yajyaga kuvoma mu gitondo, Mukanyana Donata w’imyaka 43 wasigiwe abana batandatu aravuga agahinda asigaranye kuko ngo ataranabona umurambo w’umugabo we ngo amusezereho bwa nyuma.
Uyu mugore utuye kagari ka Masaka mu murenge wa Rugarika ho mu Karere ka Kamonyi, umugabo we Habamenshi Oreste w’imyaka 53 yishwe n’ ingona ubwo yari agiye kuvoma amazi ya Nyabarongo ku wa Gatanu w’ icyumweru gishize.
Avuga ko ubusanzwe umuryango wabo utunzwe no (…)
Umuryango.rw
Igisirikare cy’u Burundi cyateye utwatsi ibirego by’umutwe wa Twirwaneho
Sena igiye guhata ibibazo Minisitiri w’Intebe ku mpanuka zikabije mu Rwanda
Impamvu udakwiye kongera kunywa imiti wasigaje
Musanze FC na Gicumbi FC zabonye abatoza bashya
Edgar Lungu wayoboye Zambia azashyingurwa muri Afurika y’Epfo
Musanze: Umusore yishwe n’inzoga y’icyuma yategewe kumara adakuye ku munwa
RDC:Muri Muheto ubu ni isibaniro ry’imirwano hagati ya M23 na FARDC/Wazalendo
Umubyeyi uherutse gupfakazwa n’ ingona afite agahinda ko kuba atarabona umurambo w’ umugabo we