Ishami rya Polisi y’u Rwanda rishinzwe Umutekano wo mu Mazi, ryabonye umurambo w’umusore w’imyaka 19 warohamye mu cyuzi cya Rugeramigozi mu Karere ka Muhanga ubwo yari kumwe na bagenzi be mu bwato bwakoze impanuka bukarohama.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Umusore warohamye mu cyuzi nyuma y’impanuka yabonetse yapfuye
30 June 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Habonetse abantu 6 bashya banduye Coronavirus mu Rwanda....Hakize abandi bantu 5 bashya kuri uyu Gatanu
1 May 2020, by Dusingizimana RemyMinisiteri y’Ubuzima yatangaje ko Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 01 Gicurasi, mu Rwanda habonetse abarwayi 6 ba COVID-19 mu bipimo 1,365 byafashwe. Minisiteri y’Ubuzima ivuga ko abanduye iki cyorezo ari 249 (harimo abakize 109) Abakirwaye ni 140.
-
Trump na Benyamin mu gushaka igisubizo ku ntambara ya Isiraheli na Gaza
7 July 2025, by ISIMBI EstellaKuri uyu wa Mbere nyuma ya saa sita, Minisitiri w’intebe Benyamin Netanyahu arasura Amerika, aho ahura na Donald Trump muri White House.
-
Nyabihu: Hakoreshejwe arenga miliyoni 200 Frw mu gusana ibiraro n’amateme byangijwe n’ibiza
28 January, by ISIMBI EstellaUbuyobozi bw’Akarere ka Nyabihu bwatangaje ko ibiza byibasiye aka karere muri Gicurasi 2023 byangije ibiraro n’amateme 58, ariko uyu munsi byose byamaze gusanwa hakoreshejwe 206.204.178 Frw.
-
Ninde uri inyuma y’uruhuri rw’ibibazo byugarije Rayon sports ? dore ibivugwa mu ikipe ubu
3 September 2024, by Joseph IradukundaUruhuri rw’ibibazo muri Rayon Sports rukomeje gutuma abayobozi bakuru b’iyi kipe bagenda bava mu nshingano zabo, ibi bikaba byiyongereye ku bibazo by’imyitwarire y’ikipe mu kibuga, aho itarabasha kubona intsinzi mu mikino ibiri ya shampiyona y’u Rwanda y’umwaka w’imikino wa 2024-2025.
-
Realme igiye gusohora Smartphone ifite bateri ya mbere irambamo umuriro
26 January, by Angeline MUKANGENZISosiyete y’Abashinwa ikora telefoni, Realme, igiye gushyira ku isoko telefone nshya izaba ifite bateri ya mAh (milliampere-hour) 10.001, yiswe P4 Power.
-
Nyanza: Umusore w’imyaka 20 yatawe muri yombi akekwaho gufata ku ngufu umugore urwaye
7 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmusore w’imyaka 20 yatawe muri yombi nyuma yo gukekwaho icyaha cyo gufata ku ngufu umugore w’imyaka 52 amufatiranye mu burwayi, aho yamusanze mu rugo acunze nta wundi muntu uhari akamusambanya.
-
M23 yahamagariye abahunze gusubira mu ngo zabo
19 February 2025, by Joseph IradukundaUmuvugizi wa AFC/M23, Lawrence Kanyuka, yasabye abahunze intambara i Bukavu n’ahandi kugaruka mu ngo zabo kuko umutekano wagarutse, anabasaba kwibanda ku bikorwa by’iterambere.
-
Danny Nanone ukomeje kuvugwa cyane mwiyi minsi ni muntu ki.? ese amateka ye ni ayahe?
21 March 2025, by ISIMBI EstellaMuriyi minsi umuraperi Danny Nanone ari mu byamamare biri kuvugwa cyane ndetse rwose arimo kuza ku mitwe y’inkuru nyinshi mu bitangazamakuru bitandukanye hano mu Rwanda. uyu muraperi arimo kugarukwaho cyane ahanini biturutse ku bibazo bye bwite birimo ibyuwo babyaranye Busandi Moreen ndetse n’ikiganiro cy’umuriro yagiranye n’umunyamakuru Phipeter. Twe muriyi nkuru mutwemerere tugaruke ku mateka yuyu muhanzi ndetse na byinshi wameya ku buzima bwe mu muziki nyarwanda. Murakaza neza muriyi (…)
-
Iperereza u Bufaransa bwakoraga ku mugore wa Habyarimana ryarangiye
20 May 2025, by Angeline MUKANGENZIUbutabera bw’u Bufaransa bwahagaritse iperereza bwakoraga kuri Agathe Kanziga, umugore w’uwahoze ari Perezida w’u Rwanda, Juvenal Habyarimana, ku ruhare rwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi.
Umuryango.rw
Umusore warohamye mu cyuzi nyuma y’impanuka yabonetse yapfuye
Habonetse abantu 6 bashya banduye Coronavirus mu Rwanda....Hakize abandi bantu 5 bashya kuri uyu Gatanu
Trump na Benyamin mu gushaka igisubizo ku ntambara ya Isiraheli na Gaza
Nyabihu: Hakoreshejwe arenga miliyoni 200 Frw mu gusana ibiraro n’amateme byangijwe n’ibiza
Ninde uri inyuma y’uruhuri rw’ibibazo byugarije Rayon sports ? dore ibivugwa mu ikipe ubu
Realme igiye gusohora Smartphone ifite bateri ya mbere irambamo umuriro
Nyanza: Umusore w’imyaka 20 yatawe muri yombi akekwaho gufata ku ngufu umugore urwaye
M23 yahamagariye abahunze gusubira mu ngo zabo
Danny Nanone ukomeje kuvugwa cyane mwiyi minsi ni muntu ki.? ese amateka ye ni ayahe?
Iperereza u Bufaransa bwakoraga ku mugore wa Habyarimana ryarangiye