Sheilah Gashumba ni umwana wa Frank Gashumba uherutse gukora ubukwe n’inkumi arusha imyaka 29 yose, gusa umwana we kuri ubu yatangaje ko atazigera yita Mama uyu mukobwa Ise yarongoye.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Sheilah Gashumba yatangaje ko atazigera yita Mama umukobwa se aheruka kurongora.
17 May 2025, by Gladiator OG -
Nyaruguru: Abayobozi 2 b’akarere barafunzwe
21 March 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUrwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko rwafunze abayobozi bo mu karere ka Nyaruguru, rukaba rubakekaho ubufatanyacyaha mu kunyereza umutungo ndetse no gukoresha inyandiko zitavugisha ukuri.
-
ITANGAZO RYA CYAMUNARA Y’UMUTUNGO W‘IMUKINWA
3 March, by ISIMBI EstellaUMUHESHA W’INKIKO W’UMWUGA Me NIYIBIZI JEAN MARIE VIANNEY ARAMENYESHA ABANTU BOSE KO HAZATANGIZWA IPIGANWA MURI CYAMUNARA KU MUTUNGO W‘IMUKANWA
-
Birangiye M23 nayo yemeza ko yafashe umujyi wa Walikale
21 March 2025, by Joseph IradukundaUmutwe w’inyeshyamba wa M23 urwanya leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo uvuga ko wafashe umujyi wa Walikale, umurwa mukuru wa teritwari ya Walikale, mu ntara ya Kivu ya Ruguru.
-
Umubano wa Kate Bashabe n’imbwa ye yujuje imyaka icyenda
27 May 2025, by ISIMBI EstellaKate Bashabe yahundaganje imitoma ku mbwa ye bamaranye imyaka icyenda ayifuriza isabukuru nziza, avuga ko yamuhinduriye ubuzima mu buryo bukomeye.
-
U Bushinwa: Umukoresha yahaye abakozi be asaga miliyari 37 Frw mu birori bisoza umwaka
28 February, by Angeline MUKANGENZIUmushinwa Cui Peijun, akaba na nyiri Sosiyete Henan Kuangshan Crane ikora ibikoresho birimo n’iby’ubwubatsi, akomeje kugarukwaho cyane mu itangazamakuru mpuzamahanga nyuma yo gutungura abakozi be akabaha amayero miliyoni 26, ni ukuvuga asaga miliyari 37 Frw nk’impano mu birori bisoza umwaka wa 2025.
-
NYIRANZIZA Jeannette yasabye guhindura amazina akitwa NZIZA Jeannette
10 December 2025, by ISIMBI EstellaNYIRANZIZA Jeannette yasabye guhindura amazina akitwa NZIZA Jeannette mu bitabo by’irangamimerere!
-
AMATORA:Uturere 27 two mu Rwanda twatoye ba Meya bo kutuyobora mu myaka 5 iri imbere
19 November 2021, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Gatanu mu Turere 27 two hirya no hino mu Rwanda hakozwe amatora y’abagize Komite Nyobozi barimo ba Meya bagarutse nka Richard Mutabazi wa Bugesera,Sebutege Ange wa Huye,Mukandayisenga Antoinette w’Akarere ka Nyabihu ,Habarurema Valens wa Ruhango,Kayitare Jacqueline wa Muhanga n’abandi.
-
Ubwongereza mu mugambi wo kohereza ingabo muri Ukraine
1 March 2025, by Pacifique NKURUNZIZAMinisitiri w’Intebe w’u Bwongereza, Keir Starmer, yashimangiye ko agitekereza kohereza ingabo z’icyo gihugu muri Ukraine kugira ngo zibungabunge amahoro nyuma y’intambara iki gihugu cyashojweho n’u Burusiya.
-
Muhanga: Yagwiriwe n’ubwanikiro bw’ibigori yarindaga arapfa
17 March 2025, by Joseph IradukundaAsifiwe Emmanuel wo mu kigero cy’imyaka 16 y’amavuko yagwiriwe n’ubwanikiro bw’ibiti bwarimo ibigori ubwo yari abiraririye arapfa, mu Kagali ka Makera, Umurenge wa Cyeza mu Karere ka Muhanga.
Umuryango.rw
Sheilah Gashumba yatangaje ko atazigera yita Mama umukobwa se aheruka kurongora.
Nyaruguru: Abayobozi 2 b’akarere barafunzwe
ITANGAZO RYA CYAMUNARA Y’UMUTUNGO W‘IMUKINWA
Birangiye M23 nayo yemeza ko yafashe umujyi wa Walikale
Umubano wa Kate Bashabe n’imbwa ye yujuje imyaka icyenda
AMATORA:Uturere 27 two mu Rwanda twatoye ba Meya bo kutuyobora mu myaka 5 iri imbere
Ubwongereza mu mugambi wo kohereza ingabo muri Ukraine
Muhanga: Yagwiriwe n’ubwanikiro bw’ibigori yarindaga arapfa