Mu ijoro ryo ku wa Gatatu, tariki ya 9 Mata 2025, mu gace ka Ntahangwa mu mujyi wa Bujumbura, haraye habereye impanuka ikomeye yatewe n’umuporisi bikekwa ko yari yasinze, aho yarashe umusore ukora akazi ko gutwara abantu ku moto (motari), mu mutwe agahita apfa.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Bujumbura: Umupolisi wasinze yarashe mu mutwe umumotari aramwica
12 April 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Impamvu Trump yanze ikindi kiganiro-mpaka kimuhunza imbona nkubone na Harris
13 September 2024, by Joseph IradukundaDonald Trump yavuze ko nta kindi kiganiro mpaka yagirana na mukeba we Kamala Harris mbere y’amatora ya perezida yo mu Ugushyingo(11).
-
U Burundi bwihakanye ingabo zateye u Rwanda zifite ibikoresho byabwo
28 June 2020, by Dusingizimana RemyKuwa Gatandatumu ma saa sita z’ijoro zo kuwa Gatandatu,tariki ya 27 Kamena 2020,nibwo abantu bagera ku 100 bitwaje intwaro zirimo n’inini baturutse mu Burundi, bateye ku birindiro by’ingabo za RDF mu murenge wa Ruheru mu Karere ka Nyaruguru,zikomwa mu nkokora zitaragera ku mugambi wo guhungabanya umutekano w’abaturage.
-
Abagaba B’Ingabo Za Uganda Na DRC Nabo Baganiriye bemeranwa ibirimo kwitozanya
1 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUmugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, yasabye ko habaho imyitozo ya gisirikare ihuriweho hagati y’Ingabo za Uganda n’iza Congo .
-
Urubyiruko rusanga 2000 rwitabiriye Igihango cy’Urungano
25 April 2025, by Angeline MUKANGENZIUrubyiruko rusaga 2000 n’abayobozi mu nzego zinyuranye bahuriye mu Intare Conference Arena, ahagiye kubera Ihuriro Ngarukamwaka ry’Urubyiruko rizwi nk’Igihango cy’Urungano.
-
Abashakashatsi bari bamaze amezi icyenda baraheze mu isanzure bagiye kugaruka ku Isi
18 March 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUrwego rushinzwe iby’Isanzure muri Leta zunze Ubumwe za Amerika, NASA, rwatangaje ko abashakashatsi babiri, Butch Wilmore na Suni Williams bari bamaze amezi icyenda baraheze mu isanzure, bagiye kugaruka ku Isi.
-
U Rwanda na Djibouti byaganiriye uko byakwagura ubufatanye
16 March, by Angeline MUKANGENZIMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yakiriwe na mugenzi we wo muri Djibouti, Abdoulkader Houssein Omar, baganira ku mubano w’ibihugu byombi.
-
Amatariki n’ ibitazibagirana muri politiki y’ u Rwanda 2017
28 December 2017, by Nsanzimana ErnestMuri uyu mwaka wa 2017 urimo kugana ku musozo havuzwe byinshi muri politiki y’ u Rwanda, UMURYANGO ugiye kukugezaho amakuru y’ ingenzi yaranze politiki y’ u Rwanda mu mwaka wa 2017.
Uyu mwaka utangira tariki 1 Mutarama 2017, Perezida Kagame yemereye Abanyarwanda ko aziyamamaza, yabitangaje nyuma y’ uko mupera z’ umwaka ushize wa 2016 Abanyarwanda miliyoni enye bari basabye ko Paul Kagame yakomeza kubayobora ndetse bakabitora muri Kamparaka.
Mu ntangiriro za 2017 tariki 15 Mutarama nibwo (…) -
Pete Davidson na Elsie Hewitt bibarutse imfura
20 December 2025, by ISIMBI EstellaUmunyarwenya n’umukinnyi wa filime w’Umunyamerika Pete Davidson na Elsie Hewitt usanzwe amurika imideli akabifatanya no gukina filime, bibarutse imfura y’umukobwa.
-
Ghana: Abimukira birukanywe muri Amerika bareze Leta
19 September 2025, by ISIMBI EstellaAbimukira 11 birukanywe muri Leta zunze Ubumwe za Amerika bakoherezwa muri Ghana bareze Leta y’icyo gihugu nyuma y’uko bashyizwe mu kigo cya gisirikare kandi nta cyaha bakoze.
Umuryango.rw
Bujumbura: Umupolisi wasinze yarashe mu mutwe umumotari aramwica
Impamvu Trump yanze ikindi kiganiro-mpaka kimuhunza imbona nkubone na Harris
U Burundi bwihakanye ingabo zateye u Rwanda zifite ibikoresho byabwo
Abagaba B’Ingabo Za Uganda Na DRC Nabo Baganiriye bemeranwa ibirimo kwitozanya
Urubyiruko rusanga 2000 rwitabiriye Igihango cy’Urungano
Abashakashatsi bari bamaze amezi icyenda baraheze mu isanzure bagiye kugaruka ku Isi
U Rwanda na Djibouti byaganiriye uko byakwagura ubufatanye
Pete Davidson na Elsie Hewitt bibarutse imfura
Ghana: Abimukira birukanywe muri Amerika bareze Leta