Mu bihugu 10 bya mbere bituwe cyane ku Isi, igihugu cya Nigeria na Ethiopia nibyo byonyine biza kuri uru rutonde n’abaturage 232,679,000 na 132,060,000 nk’uko tubikesha icyegeranyo cya worldpopulationreview.com cya 2024, mu gihe mu bya nyuma harimo n’ibidafite abaturage 10,000.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Ibihugu 10 bya mbere bituwe cyane ku Isi na bitanu bya nyuma 2024
18 October 2024, by ISHIMWE Jean de Dieu -
NISR yatangaje ko umusaruro w’inganda muri Werurwe 2025 wiyongereyeho 5%
5 May 2025, by Angeline MUKANGENZIIkigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR) cyatangaje ko umusaruro w’inganda wiyongereyeho 5% muri Werurwe 2025, ugereranyije n’ukwezi nk’uko mu mwaka ushize.
-
AFC/M23 yongereye amasaha yo gukoresha umupaka munini wa RDC n’u Rwanda
18 September 2025, by ISIMBI EstellaIhuriro AFC/M23 ryongereye amasaha yo gukoresha umupaka munini wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’u Rwanda, uhuza umujyi wa Goma na Rubavu.
-
Nyamagabe: Umupasiteri akurikiranweho gusambanya umukobwa utujuje imyaka y’ubukure
24 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUbushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Nyamagabe bukurikiranye umu Pasitoro ukekwaho gusambanya umwana w’umukobwa w’imyaka 17 y’amavuko wabaga mu rugo rwe.
-
Miliyoni 14 z’abana bashobora gupfa mu myaka itanu kubera umwanzuro wa Trump
1 July 2025, by ISIMBI EstellaImpinduka Donald Trump yakoze zo kugabanya hafi yose inkunga Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangaga ku bikorwa by’ubutabazi mpuzamahanga, zishobora gutuma abantu barenga miliyoni 14 bapfa mbere y’umwaka wa 2030, nk’uko ubushakashatsi bwatangajwe mu kinyamakuru cy’ubuvuzi cya The Lancet bubigaragaza.
-
Exclusive: Ikiganiro Kihariye na Miss Nshuti Muheto Divine n’Ibisonga bye-VIDEO
29 March 2022, by NIYIGABA DC CLEMENTIminsi 10 irashize, Nyampinga Nshuti Muheto Divine Yeguknye Ikamba. ni ikamba yambinswe na Miss Ingabire Grace warurimaranye Umwaka.
-
Bishop Gafaranga agiye kuburana ku bujurire
7 July 2025, by ISIMBI EstellaNyuma yo gukatirwa iminsi y’agateganyo ngo hakomeze gukorwa iperereza ku byaha acyekwaho, Bishop Gafaranga agiye kuburana ku bujurire yahise atanga nyuma yo gukatirwa iminsi 30 y’agateganyo.
-
Volleyball yakinwe n’Abakomeye irimo Gusubira Inyuma mu Mashuri Makuru na Kaminuza mu Rwanda
23 December 2024, by Joseph IradukundaUrwego rw’umukino w’intoki wa volleyball mu mashuri makuru na kaminuza mu Rwanda rukomeje gusubira inyuma umunsi ku wundi. Amateka y’umukino wa volleyball mu Rwanda agaragaza ko amakiipe y’ayo mashuri yakunze kugaragara nk’ibihangange mu marushanwa anyuranye.
-
Volkswagen yavuze uburyo Perezida Kagame yakemuye ikibazo cya lisansi yanduye akicyumva
23 April 2025, by Angeline MUKANGENZIUmuyobozi w’Uruganda rwa Volkswagen muri Afurika, Martina Biene, yatangaje ko nyuma y’umwaka umwe Perezida Kagame amenyeshejwe ikibazo cya lisansi yanduye yari mu Rwanda, cyahise gikemurwa ku buryo ubu uru ruganda rwiteguye kwinjiza ubwoko bushya ku isoko ry’u Rwanda.
-
Umutangabuhamya wateje impaka mu rubanza rwa Dr. Munyemana azajya gutangira ubuhamya mu Rukiko
17 September 2025, by ISIMBI EstellaPerezida w’Inteko iri kuburanisha urubanza rwa Dr. Munyemana Sosthène yatangaje ko umutangabuhamya wo gushinjura uregwa wari wateje impaka yemeye kuzajya kubutangira mu Rukiko i Paris.
Umuryango.rw
Ibihugu 10 bya mbere bituwe cyane ku Isi na bitanu bya nyuma 2024
NISR yatangaje ko umusaruro w’inganda muri Werurwe 2025 wiyongereyeho 5%
AFC/M23 yongereye amasaha yo gukoresha umupaka munini wa RDC n’u Rwanda
Nyamagabe: Umupasiteri akurikiranweho gusambanya umukobwa utujuje imyaka y’ubukure
Miliyoni 14 z’abana bashobora gupfa mu myaka itanu kubera umwanzuro wa Trump
Exclusive: Ikiganiro Kihariye na Miss Nshuti Muheto Divine n’Ibisonga bye-VIDEO
Bishop Gafaranga agiye kuburana ku bujurire
Volleyball yakinwe n’Abakomeye irimo Gusubira Inyuma mu Mashuri Makuru na Kaminuza mu Rwanda
Volkswagen yavuze uburyo Perezida Kagame yakemuye ikibazo cya lisansi yanduye akicyumva
Umutangabuhamya wateje impaka mu rubanza rwa Dr. Munyemana azajya gutangira ubuhamya mu Rukiko