Nibura Abasirikare 15 ba Tchad baguye mu mirwano yabahuje na Boko Haram kuwa Gatandatu.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Abasirikare benshi ba Tchad biciwe mu mirwano na Boko Haram
11 November 2024, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Rubavu: Ntibasinzira kubera ubwoba bw’inzu babamo ziyashije bikabije
28 October 2024, by Joseph IradukundaAbatuye ahanyujije imashini zifashishwa mu bikorwa byo kubaka ishuri mu Murenge wa Nyamyumba mu Karere ka Rubavu, bavuga ko inzu zabo zangiritse kubera izi mashini ziremereye, ku buryo bahorana ubwoba ko zabagwa hejuru kubera uburyo ziyashije.
-
Umujyi wa Kigali waburiye abafite ibibanza batubaka
14 June 2025, by ISIMBI EstellaUbuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwongeye kwibutsa abafite ibibanza badakoresha by’umwihariko abasabye ibyangombwa byo kubaka ntibubake inzu ngo zuzure, ko bashobora kwamburwa ubwo butaka bugahabwa abashobora kububyaza umusaruro.
-
Uwabona ko u Rwanda tutari mu bwigenge nyakuri yaba afite ikibazo – Depite Mussa Fazil
2 July 2025, by ISIMBI EstellaImpuguke muri Politiki y’u Rwanda akaba n’Umudepite mu Nteko Ishinga Amategeko, Sheikh Mussa Fazil Harerimana, yatangaje ko ubwigenge bwo mu 1962 bwabaye nyuma yo gushyirirwaho politiki n’imiyoborere biheza bamwe mu banyarwanda bituma bamwe bicwa abatishwe barahunga. Ahamya ko nyuma y’urugamba rwo kubohora igihugu, ngo utabona ko igihugu kitari mu bwigenge nyakuri yaba afite ikibazo.
-
Ruud van Nistelrooy yavuye muri Manchester United
12 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuManchester United yemeje ko Ruud van Nistelrooy yavuye muri iyi kipe nyuma y’uko nta nshingano yahawe mu bazakorana n’Umutoza mushya w’Umunya-Portugal, Rúben Amorim.
-
Uhuru Kenyatta yiyemeje guhuza RDC na M23
20 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUmunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika wungirije ushinzwe umubano na Afurika, Molly Phee, yatangaje ko Uhuru Kenyatta wayoboye Kenya yiyemeje guhuza ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’umutwe witwaje intwaro wa M23.
-
The Ben yasoje ibitaramo bye mu Budage
24 March 2025, by ISIMBI EstellaThe Ben wari umaze iminsi mu Budage, yasoje ibitaramo yahakoreraga birimo icyo yakoreye mu Mujyi wa Hannover ku wa 22 Werurwe 2025 n’icyo yakoze cyo guhura no gusabana n’abakunzi be mu Mujyi wa Berlin ku wa 21 Werurwe 2025
-
Cholera yishe abantu 70 mu minsi ibiri muri Sudani
29 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMu Ntara ya Khartoum muri Sudani, ku wa Gatatu hatangajwe abarwayi bashya 942 n’impfu 25 za Chorela nyuma y’uko ku wa Kabiri hari habonetse abanduye 1.177 n’abapfuye 45.
-
Nyagatare: Abacuruza inyama babangamiwe no kutagira imiyoboro itwara amazi mabi
30 January, by ISIMBI EstellaAbafite inzu zicururizwamo inyama mu isoko rya Nyagatare bavuga ko babangamiwe n’umwanda uterwa n’amazi ava aho bakorera atarateganyirijwe inzira ziyasohora mu isoko bagasaba ko hakorwa imiferege y’amazi.
-
Amahoro y’ibidukikije agamije kugabanya ingaruka byateza
5 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUbuyobozi bw’Ikigo cy’Imisoro n’Amahoro, RRA, bwasobanuye ko hashyizweho amahoro y’ibidukikije mu rwego rwo kwishakamo ubushobozi bwo kugabanya ingaruka ibidukikije byagira ku baturarwanda.
Umuryango.rw
Abasirikare benshi ba Tchad biciwe mu mirwano na Boko Haram
Rubavu: Ntibasinzira kubera ubwoba bw’inzu babamo ziyashije bikabije
Umujyi wa Kigali waburiye abafite ibibanza batubaka
Uwabona ko u Rwanda tutari mu bwigenge nyakuri yaba afite ikibazo – Depite Mussa Fazil
Ruud van Nistelrooy yavuye muri Manchester United
Uhuru Kenyatta yiyemeje guhuza RDC na M23
The Ben yasoje ibitaramo bye mu Budage
Cholera yishe abantu 70 mu minsi ibiri muri Sudani
Nyagatare: Abacuruza inyama babangamiwe no kutagira imiyoboro itwara amazi mabi
Amahoro y’ibidukikije agamije kugabanya ingaruka byateza