Leta ya Afghanistan iyoborwa n’Abatalibani yatangaje ko yiteguye kubana neza na Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu gihe cy’ubutegetsi bwa Donald Trump.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Abatalibani bagaragaje ko biteguye kubana neza na Donald Trump
11 November 2024, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Ubushinwa bwavuze ko iyicwa ry’abategetsi ba Iran n’ibitero ku baturage bitemewe na gato"
19 March, by Angeline MUKANGENZIUbushinwa bwavuze ko iyicwa ry’umukuru w’Inama Nkuru y’Umutekano wa Irani, Ali Larijani, mu gitero cyakozwe na Israel, n’iyicwa ry’undi mutegetsi uwo ari we wese wa Iran "bitemewe", busaba ko hashyirwaho uburyo bwo guhagarika imirwano byihuse.
-
Mugihe abafana bashaka ko agaruka mu miziki we arifuza kubyara umwana wa 3
24 April 2025, by ISIMBI EstellaMu gihe abafana b’umuhanzikazi Rihanna bakomeje kumusaba ko yagaruka mu muziki, birasa nk’aho ibyifuzo byabo bihabanye n’ibyo afite kuko we ahugiye mu byo kwagura umuryango we.
-
Ba Ofisiye biga mu Ishuri rikuru rya Polisi y’u Rwanda bagiye kwihugura mu Misiri
30 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuBa ofisiye bakuru biga mu Ishuri rikuru rya Polisi (NPC) mu Karere ka Musanze batangiye urugendoshuri mu Misiri.
-
Uganda: Brenda Nanyonjo yashwishurije abibaza igihe azasimburwa ku marushanwa y’ubwiza
20 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmwe mu batangije, akaba anayobora amarushanwa y’ubwiza ya Miss Uganda Brenda Nanyonjo, yakuriye inzira ku murima abibaza igihe azasimburirwa kuri izo nshingano amazeho imyaka irenga 15.
-
Muhoozi yongeye kurikoroza ubwo yavugaga ko abagore badafite “Nyash” babyara abana b’ibigoryi
23 January, by Angeline MUKANGENZIUmugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen. Muhoozi Kainerugaba yatanze igitekerezo gisa no gutebya agaragaza ko abagore badafite amabuno manini azwi cyane muri iyi minsi nka ‘nyash’ ngo babyara abana ‘b’ibigoryi’.
-
APR FC yumvikanye na rutahizamu w’Umunya-Côte d’Ivoire
5 July 2025, by Joseph IradukundaAPR FC yumvikanye na rutahizamu William Mel Togui ukomoka muri Côte d’Ivoire wakinaga muri Ankara Keçiörengücü yo mu Cyiciro cya Kabiri muri Turikiya.
-
Polisi yafashe abantu 15 bacyekwaho kuyogoza abaturage babiba moto
9 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPolisi y’u Rwanda kuri uyu wa Gatanu tariki ya 7 Gashyantare 2025, mu Karere ka Nyagatare, yeretse itangazamakuru abantu 15 bagize itsinda rikurikiranyweho ubujura bwa moto zibwe mu turere twa Nyagatare na Gicumbi.
-
Uganda yashimiye u Rwanda kubera umwanzuro rwafashe wo gufungura umupaka wa Gatuna
28 January 2022, by Dusingizimana RemyGuverinoma ya Uganda yatangaje ko yishimiye icyemezo cy’u Rwanda cyo gufungura Umupaka wa Gatuna, wari umaze hafi imyaka itatu ufunzwe kubera umubano w’ibihugu byombi utari umeze neza.
Mu ijoro ryo ku wa 27 Mutarama 2022, nibwo u Rwanda rwatangaje ko kuva ku wa Mbere tariki 31 Mutarama, Umupaka wa Gatuna uruhuza na Uganda, uzongera kuba nyabagendwa.
Itangazo rya Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ryavuze ko nyuma y’uruzinduko rwa Lt Gen Muhoozi Kainerugaba, Umugaba Mukuru w’Ingabo za (…) -
Amafoto y’icyogajuru arerekana iby’ibitero bya Israel kuri Iran
29 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuAmashusho y’icyogajuru yasesenguwe na BBC Verify arerekana ibyaba byarangiritse ku bigo bimwe bya gisirikare bya Iran mu bitero byo mu kirere bya Israel byo ku wa gatandatu.
Umuryango.rw
Abatalibani bagaragaje ko biteguye kubana neza na Donald Trump
Mugihe abafana bashaka ko agaruka mu miziki we arifuza kubyara umwana wa 3
Ba Ofisiye biga mu Ishuri rikuru rya Polisi y’u Rwanda bagiye kwihugura mu Misiri
Uganda: Brenda Nanyonjo yashwishurije abibaza igihe azasimburwa ku marushanwa y’ubwiza
Muhoozi yongeye kurikoroza ubwo yavugaga ko abagore badafite “Nyash” babyara abana b’ibigoryi
APR FC yumvikanye na rutahizamu w’Umunya-Côte d’Ivoire
Polisi yafashe abantu 15 bacyekwaho kuyogoza abaturage babiba moto
Uganda yashimiye u Rwanda kubera umwanzuro rwafashe wo gufungura umupaka wa Gatuna
Amafoto y’icyogajuru arerekana iby’ibitero bya Israel kuri Iran