Pasiteri Aloysius Bugingo uyobora House of Prayer Ministries yongeye kuvuga ku munyapolitiki Robert Kyagulanyi uzwi nka Bobi Wine, aho yamugiriye inama yo kwegera Imana no gukizwa.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Pasiteri Bugingo yasabye Bobi Wine kwakira Yesu agukizwa
31 March 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Amerika yarashe indege yayo y’intambara iyita iy’ibyihebe
22 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuIngabo za Amerika zirwanira mu mazi zari mu Nyanja Itikura zahanuye indege y’igisirikare cy’igihugu cyabo yo mu bwoko bwa F/A-18 zikanze ko ari iy’ibyihebe by’aba-Houthi muri Yemen.
-
S/Lt Seyoboka yigambye ko ariwe warashe inzu y’Inteko (CND)
8 February 2018Uyu munsi ku rukiko rwa girisikare i Nyamirambo mu urubanza Sous Lieutenant Seyoboka Jean Caude Henry aregwamo ibyaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi rwakomeje humvwa cyane uruhande rw’Ubushinjacyaha. Seyoboka yihanijwe kuvuga yigamba aseka ko ariwe warashishaga imbunda yangije inzu yahoze yitwa CND ikoreramo Inteko Ishinga amategeko y’u Rwanda.
Ejo Seyoboka yafashe umunsi wose yiregura ku byaha bitatu aregwa bifitanye isano na Jenoside yakorewe Abatutsi, akaba yarashimangiye ko (…) -
Akurikiranyweho kwica umugore we, aramutwika, ivu aritaba mu murima ateraho urutoki
14 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuMuri Tanzania, urukiko rukuru rwa Dar es Salaam rwakiriye ikimenyetso gishya, kigizwe n’itaka ryashongeyeho amavuta y’umurambo wa nyakwindera, Naomi Orest Majiran, bivugwa ko yishwe n’umugabo we, Hamis Luwongo.
-
Perezida Sadate yavuze ikintu kimwe rukumbi umutoza Martinez yamusabye anasubiza KNC umaze iminsi ashyingura Rayon Sports
30 September 2019, by Dusingizimana RemyPerezida wa Rayon Sports,Munyakazi Sadate yabwiye abakinnyi ba rayon Sports ubwo yasozaga umwiherero w’iminsi 10 bamaze I Ngoma ko umutoza mushya w’iyi Kipe Javier Martinez Espinoza yamusabye ko nta muntu ugomba kwivanga mu kazi ke ndetse aboneraho guha ubutumwa umuyobozi wa Gasogi United umaze iminsi avuga ko agiye gushyingura Rayon Sports.
-
Tanzania: Tundu Lisu yagaragaje ko hari abashaka guteza umwuka mubi mu ishyaka CHADEMA
19 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuVisi Perezida w’ishyaka CHADEMA ritavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Tanzania, Tundu Lisu, yagaragaje ko hari abashaka guteza umwiryane mu bayobozi bakuru baryo.
-
Yigeze gukora ahembwa ibihumbi 25frw , Amateka ya Sam Karenzi ubu ufite Radio ye
9 March 2025, by ISIMBI EstellaAbakiriye agakiza ni bo baririmba ngo ‘Mana ukura ku cyavu ukicazanya n’ibikomangangoma, bagakomeza ngo nta wakwiringiye ngo akorwe n’isoni cyangwa ngo yikorere amaboko, kukumenya nibwo bwenge, kugutunga nibwo buzima. birashimisha kuba wabona umuntu wavuye ku cyavu uyu munsi Imana ikaba yaramuteye iteka imibereho ye yarahindutse. sibwo bwa mbere twese twaba twumvise izina itangishaka bishatse kuvuga ngo icyo Imana itaguhaye ntakucyibihatira kugitanga ku mbaraga ibi birimo amaronko (…)
-
Trump ashobora gukuraho ibihano byafatiwe u Burusiya
11 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmuryango w’Ubumwe bw’u Burayi uhangayikishijwe n’uko Donald Trump ubura iminsi mike akinjira muri White House nka Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, ashobora gukuraho bimwe mu bihano by’ubukungu byafatiwe u Burusiya nyuma y’uko butangije intambara muri Ukraine mu 2022.
-
Kwibuka 31:Antonio Guterres yavuze ko Jenoside yakorewe Abatutsi yateguwe itahutiyeho
8 April 2025, by Angeline MUKANGENZIUmunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye Antonio Guterres, yavuze ko Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 yateguwe kandi ko atari ubwicanyi ndengakamere bwahutiyeho.
-
Koreya y’Epfo yahagaritse ikoreshwa rya ‘DeepSeek’
17 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuKoreya y’Epfo yahagaritse by’agateganyo porogaramu y’ubwenge bukorano y’ikigo cy’Abashinwa, DeepSeek, mu gihe hari gukorwa iperereza ku buryo ikusanya amakuru y’abayikoresha.
Umuryango.rw
Pasiteri Bugingo yasabye Bobi Wine kwakira Yesu agukizwa
Amerika yarashe indege yayo y’intambara iyita iy’ibyihebe
Akurikiranyweho kwica umugore we, aramutwika, ivu aritaba mu murima ateraho urutoki
Tanzania: Tundu Lisu yagaragaje ko hari abashaka guteza umwuka mubi mu ishyaka CHADEMA
Yigeze gukora ahembwa ibihumbi 25frw , Amateka ya Sam Karenzi ubu ufite Radio ye
Trump ashobora gukuraho ibihano byafatiwe u Burusiya
Kwibuka 31:Antonio Guterres yavuze ko Jenoside yakorewe Abatutsi yateguwe itahutiyeho
Koreya y’Epfo yahagaritse ikoreshwa rya ‘DeepSeek’