Ikigo cy’Ubutasi cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika (CIA) gishobora gushinga ibirindiro muri Venezuela mu rwego rwo kubaka ahazaza h’iki gihugu nyuma y’uko uwahoze ari Perezida wacyo akuweho.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
CIA ishobora gushinga ibirindiro muri Venezuela
28 January, by Angeline MUKANGENZI -
Abatega indege muri Amerika ntibazongera gukuzwamo inkweto basakwa
9 July 2025, by ISIMBI EstellaItegeko ryo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika ryasabaga abagenzi ku kibuga cy’indege gukuramo inkweto ngo basasakwe, ryakuweho nyuma y’imyaka 20 rikurikizwa.
-
Amerika yakuyeho igihembo cya miliyoni 10$ ku muntu uzafata umuyobozi wa HTS
21 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuNyuma y’uko Umuyobozi w’umutwe wa Hayat Tahrir al-Sham (HTS), Abu Mohammad al-Julani, ahuye n’itsinda riturutse muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika riherutse muri Syria, iki gihugu cyahise gikuraho igihembo cya miliyoni 10$ cyari cyarashyizweho ku muntu uzatanga amakuru azafasha mu kumuta muri yombi.
-
Lamine Yamal aravugwa mu rukundo n’umugore w’imyaka 30
18 June 2025, by ISIMBI EstellaUmukinnyi w’ikipe y’igihugu ya Espagne na FC Barcelona, Lamine Yamal ashobora kuba ari mu rukundo na Fati Vázquez w’imyaka 30 usanzwe uzwi cyane ku mbuga nkoranyambaga.
-
Koreya ya Ruguru yatangaje ko idashishikajwe no kwiyunga n’iy’Epfo
28 July 2025, by ISIMBI EstellaMushiki wa Perezida wa Koreya ya Ruguru, Kim Jong Un, yatangaje ko igihugu cye kidashishikajwe no kwiyunga na Koreya y’Epfo.
-
Ambasaderi wa Amerika muri Kenya yeguye
13 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuAmbasaderi wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika muri Kenya, Margaret ‘Meg’ Cushing Whitman, kuri uyu wa 13 Ugushyingo 2024, yatangaje ko yeguye kuri izo nshingano, nyuma y’icyumweru Donald Trump atsinze amatora y’Umukuru w’Igihugu, ahigitse Kamala Harris.
-
Musanze: Basanze umugore yapfiriye ku muhanda
3 May 2025, by Angeline MUKANGENZIMu gitondo cyo kuri uyu wa 3 Gicurasi 2025, mu Murenge wa Muhoza, Akagari ka Mpenge, Akarere ka Musanze ni bwo abaturage n’abagenzi babyutse basanga Akimanizanye Vestine w’imyaka 51, aryamye ku muhanda yapfuye.
-
Imikino ya Beach Volleyball itegurwa na Mamba volleyball club yasojwe
23 December 2024, by UbwanditsiMuri Mamba club ku kimihurura hasorejwe imikino ngarukamwaka ya Beach Volleyball itegurwa n’ikipe ya Mamba volleyball club.
-
Abadepite b’u Rwanda begukanye igikombe mu mikino y’Inteko za EAC
15 December 2024, by Joseph IradukundaIkipe ya Volleyball y’Abagabo bagize Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda yegukanye igikombe cy’Imikino ya EALA nyuma yo gutsinda Ikipe y’Inteko Ishinga Amategeko y’Umuryango w’Afurika y’Iburasirazuba (EALA/East Africa Legislative Assembly) amaseti 3-2, kuri iki Cyumweru.
-
Ngoma: Ari gushakishwa azira gufungira iwe uwari amurimo ibihumbi 570 Frw
6 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuNkundumukiza Fiston utuye mu Karere ka Ngoma ari gushakishwa n’inzego z’umutekano nyuma yo gusanga iwe mu rugo yarahafungiye undi muturage wari usanzwe amurimo ibihumbi 570 Frw, akamubwira ko azamufungura ari uko ayamuhaye.
Umuryango.rw
CIA ishobora gushinga ibirindiro muri Venezuela
Abatega indege muri Amerika ntibazongera gukuzwamo inkweto basakwa
Amerika yakuyeho igihembo cya miliyoni 10$ ku muntu uzafata umuyobozi wa HTS
Lamine Yamal aravugwa mu rukundo n’umugore w’imyaka 30
Koreya ya Ruguru yatangaje ko idashishikajwe no kwiyunga n’iy’Epfo
Ambasaderi wa Amerika muri Kenya yeguye
Musanze: Basanze umugore yapfiriye ku muhanda
Imikino ya Beach Volleyball itegurwa na Mamba volleyball club yasojwe
Abadepite b’u Rwanda begukanye igikombe mu mikino y’Inteko za EAC
Ngoma: Ari gushakishwa azira gufungira iwe uwari amurimo ibihumbi 570 Frw