Ubuyobozi bw’Akarere ka Rusizi bwafashe icyemezo cyo guhagarika by’agateganyo ibikorwa byo kugurisha ubutaka bwo ku kirwa cya Gihaya nyuma y’aho abaturage bagaragaje ko umushoramari uri kubagurira abaha intica ntikize badashobora kubonamo ubutaka ahandi.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Rusizi: Kugurisha ubutaka ku kirwa cya Gihaya byahagaritswe by’agateganyo
10 June 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Umugaba w’Ingabo z’u Rwanda General Patrick Nyamvumba yaganiriye na Perezida wa Congo Tshisekedi anaganira n’itangazamakuru ryaho[AMAFOTO]
11 May 2019, by Martin MunezeroUmugaba w’Ingabo z’u Rwanda, General Patrick Nyamvumba, yagiranye ibiganiro na Perezida wa Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo Felex Tshisekedi mu rwego rwo kuzamura imibanire n’umutekano hagati y’ibihugu byombi.
-
Uganda: Ku myaka 54 yakoze ikizamini gisoza amashuri abanza
8 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuMuri Uganda, Pasiteri Rufus Amaku yakoze ikizamini cya Leta gisoza amashuri abanza ku myaka 54 y’amavuko, ari kumwe n’abanyeshuri bagenzi be, yambaye impuzankano zimwe nabo, arabasengera mbere yo gutangira ikizamini maze bivugisha benshi mu babonye ayo mashusho ye ku mbuga nkoranyambaga.
-
Tanzania: Ibinyamakuru bitatu byahagaritswe bishinjwa gutangaza amashusho anenga Perezida
3 October 2024, by Joseph IradukundaIbinyamakuru bitatu bikomeye byo muri Tanzania byabaye bihagaritswe ku mbuga za internet nyuma yo gutangaza amashusho ya ’animation’ abategetsi bafata ko anenga Perezida Samia Suluhu Hassan.
-
U Rwanda na Seychelles byaganiriye ku kwagura umubano
20 March, by Angeline MUKANGENZIVisi Perezida wa Seychelles, Sebastien Pillay, yakiriye Minisitiri ushinzwe abakozi n’umurimo mu Rwanda, Christine Nkulikiyinka, baganira ku buryo ibihugu byombi byakwagura ubufatanye bwabyo mu nzego z’ingenzi.
-
U Rwanda rwazamutseho imyanya itatu ku rutonde rwa FIFA
10 July 2025, by Joseph IradukundaIkipe y’Igihugu y’u Rwanda ‘Amavubi’ yazamutseho imyanya itatu iva ku mwanya wa 130 ijya ku mwanya wa 127 ku rutonde rw’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi (FIFA), rwasohotse kuri uyu wa Kane tariki ya 10 Nyakanga 2025.
-
Mozambique: Uwatsinzwe Amatora ya Perezida yahunze igihugu
2 November 2024, by Joseph IradukundaUbutegetsi bwa Mozambique bwatangaje ko Venâncio Mondlane uherutse gutsindwa amatora y’Umukuru w’igihugu yamaze guhungira muri Afurika y’Epfo.
-
Korea ya Ruguru irashinja iy’Epfo kuvogera ikirere cyayo ikoresheje za drones
28 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuMinisiteri y’ingabo y’igihugu cya Koreya ya Ruguru yashinje ingabo za Koreya y’Epfo kohereza indege zitagira abapilote mu karere kayo ku mpamvu za politiki, ivuga ko ari ukurenga ku busugire bw’igihugu, nk’uko byatangajwe n’Ibiro Ntaramakuru bya Leta, KCNA, kuri uyu wa Mbere, itariki 28 Ukwakira 2024 .
-
Jack Grealish ahangayikishije na miliyoni 1$ yibwe amaso akaba yaraheze mu kirere
22 July 2024, by ISHIMWE Jean de DieuRutahizamu wa Manchester City, Jack Grealish, ahangayikishijwe no kuba amaze amezi arindwi inzego z’umutekano mu gihugu cye zitarafata abamwibye ibikoresho by’iwe mu rugo by’arenga miliyoni 1$.
-
DR Congo: Urubanza rw’abasirikare 60 baregwa guhunga M23 rwatangiye i Butembo
25 February 2025, by Joseph IradukundaUrubanza rw’abasirikare b’ingabo za FARDC bagera kuri 60 bataye urugamba bagahunga bagakora ibikorwa by’ubugizi bwa nabi rwatangiye kuburanishwa ku wa mbere mu mujyi wa Butembo w’intara ya Kivu ya Ruguru muri DR Congo.
Umuryango.rw
Rusizi: Kugurisha ubutaka ku kirwa cya Gihaya byahagaritswe by’agateganyo
Uganda: Ku myaka 54 yakoze ikizamini gisoza amashuri abanza
Tanzania: Ibinyamakuru bitatu byahagaritswe bishinjwa gutangaza amashusho anenga Perezida
U Rwanda na Seychelles byaganiriye ku kwagura umubano
U Rwanda rwazamutseho imyanya itatu ku rutonde rwa FIFA
Mozambique: Uwatsinzwe Amatora ya Perezida yahunze igihugu
Korea ya Ruguru irashinja iy’Epfo kuvogera ikirere cyayo ikoresheje za drones
Jack Grealish ahangayikishije na miliyoni 1$ yibwe amaso akaba yaraheze mu kirere
DR Congo: Urubanza rw’abasirikare 60 baregwa guhunga M23 rwatangiye i Butembo