Sosiyete ikora ibikoresho by’ikoranabuhanga ya Apple, yatangaje ko igiye gushora miliyoni 500$ mu gucukura no gutunganya amabuye akoreshwa mu bikoresho byayo muri leta Zunze Ubumwe za Amerika, muri guhanda yo kongera ishoramari ryayo muri iki gihugu.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Apple igiye gushora miliyoni 500$ mu gucukura amabuye akoreshwa mu bikoresho byayo
17 July 2025, by ISIMBI Estella -
AFC/M23 yashinje radio Okapi kuyikumira mu gutanga ibitekerezo
28 July 2025, by Joseph IradukundaUmuvugizi w’Ihuriro, Alliance Fleuve Congo, Laurence Kanyuka yavuze ko Radio Okapi itabaha umwanya ngo bavuge ku makuru itangaza, iyi radio ivuga ko mu bice bigenzurwa na M23 hakomeje kubera ubwicanyi.
-
Gabon: Brice Clotaire Oligui Nguema wahiritse Ali Bongo ku butegetsi, yatorewe kumusimbura
13 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuGen Brice Clotaire Oligui Nguema uyoboye ubutegetsi bw’igisirikare bwari buyoboye Gabon mu nzibacyuho nyuma yo guhirika Ali Bongo ku wa 30 Kanama 2023, yatorewe kuba Perezida w’icyo gihugu.
-
Dj Toxxyk agiye kugezwa imbere y’Urukiko
6 January, by ISIMBI EstellaArnold Ishimwe uzwi nka DJ Toxxyk wubatse izina mu kuvanga imiziki agiye kugezwa imbere y’urukiko ngo aburanishwe ku byaha akurikiranyweho.
-
Hezbollah yonge gutangaza ko izababaza Isiraheli
16 October 2024, by Joseph IradukundaUmuyobozi wungirije w’Umutwe wa Kiyisilamu w’aba Shia muri Libani wa Hezbollah, Naim Qassem, yatangaje ko intambara bahanganyemo na Isiraheli izayitera umubababro ariko anahamagarira guhagarika imirwano imaze igihe mu Majyepfo ya Libani.
-
Perezida Ramaphosa agiye kugirira uruzinduko kwa Trump bamaze igihe badacana uwaka
17 May 2025, by Angeline MUKANGENZIMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Afurika y’Epfo, Ronald Lamola yatangaje ko Perezida Cyril Ramaphosa agiye kugirira uruzinduko muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, aho azahura na Perezida Donald Trump ku wa 21 Gicurasi 2025.
-
Bwa mbere mu mateka umugore wa Perezida wa Amerika agiye kuyobora akanama gashinzwe amahoro ka Loni
27 February, by Angeline MUKANGENZIMelania Trump agiye kuba umukuru inama y’akanama gashinzwe amahoro ku isi ka Loni akazaba yanditse amateka akomeye atarigeze akorwa n’undi mugore wa perezida wa Amerika, nk’uko umuvugizi w’Umuryango w’Abibumbye (Loni), Stephane Dujarric, yabitangarije abanyamakuru.
-
Nyamasheke: Abatuye mu isantere ya Mugonero bagiye kwimurwa
5 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUbuyobozi bw’Akarere ka Nyamasheke bwongeye gushimangira ko abatuye mu isantere ya Mugonero yo mu Murenge wa Mahembe bagomba kwimurwa kuko aho batuye ari mu gishanga.
-
Israel yahagaritse kwinjiza imfashanyo muri Gaza
2 March 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIbiro bya Minisitiri w’Intebe Benjamin Netanyahu byatangaje ko Israel ihagarika kwinjiza inkunga y’ibanze mu karere ka Gaza guhera kuri iki Cyumweru.
-
Patel wa FBI agiye kwisobanura nyuma y’amakosa mu iperereza ku rupfu rwa Charlie Kirk
15 September 2025, by ISIMBI EstellaUmuyobozi mukuru w’Urwego rushinzwe iperereza muri Amerika (FBI), Kash Patel, ari kwitegura gutanga ibisobanuro imbere y’Inteko Ishinga Amategeko ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika ku bijyanye n’imiyoborere ye mu iperereza ryakozwe ku rupfu rwa Charlie Kirk, aho yatangaje ko ukekwaho ubwo bwicanyi yafashwe, nyamara icyo gihe yari atarafatwa.
Umuryango.rw
Apple igiye gushora miliyoni 500$ mu gucukura amabuye akoreshwa mu bikoresho byayo
AFC/M23 yashinje radio Okapi kuyikumira mu gutanga ibitekerezo
Gabon: Brice Clotaire Oligui Nguema wahiritse Ali Bongo ku butegetsi, yatorewe kumusimbura
Dj Toxxyk agiye kugezwa imbere y’Urukiko
Hezbollah yonge gutangaza ko izababaza Isiraheli
Perezida Ramaphosa agiye kugirira uruzinduko kwa Trump bamaze igihe badacana uwaka
Nyamasheke: Abatuye mu isantere ya Mugonero bagiye kwimurwa
Israel yahagaritse kwinjiza imfashanyo muri Gaza
Patel wa FBI agiye kwisobanura nyuma y’amakosa mu iperereza ku rupfu rwa Charlie Kirk