Umufaransa ukinira Real Madrid yo muri Espagne, Kylian Mbappé, yakoze amateka yo kuba umukinnyi wa mbere ukomoka mu Bufaransa utsindiye iyi kipe ibitego biri hejuru ya 20 ku mwaka we wa mbere muri shampiyona y’iki gihugu, La Liga.
Ibi Mbappé yabigezeho ubwo Real Madrid yatsindaga Real Mallorca ibitego 2-1 mu mukino wa shampiyona wabaye mu ijoro ryo ku wa 14 Gicurasi 2025.
Uyu rutahizamu, yahise yuzuza ibitego 28 ku mwaka we wa mbere muri shampiyona ya La Liga, ahita aba Umufaransa wa (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Rutahizamu wa Real Madrid yakoze amateka
15 May 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
The Ben yandikiye Urukiko asabira imbabazi Fatakumavuta
7 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuMugisha Ben wamamaye nka The Ben mu muziki, yandikiye Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro asabira imbabazi Sengabo Jean Bosco wamamaye nka Fatakumavuta.
-
ITANGAZO RYA CYAMUNARA Y’UMUTUNGO UTIMUKANWA
22 January, by ISIMBI EstellaUMUHESHA W’INKIKO W’UMWUGA Me NIYIBIZI JEAN MARIE VIANNEY ARAMENYESHA ABANTU BOSE KO HAZATANGIZWA IPIGANWA MURI CYAMUNARA KU MITUNGO ITIMUKANWA
-
Uri igisebo kuri Amerika: Perezida Trump yifatiye ku gahanga Bad Bunny
9 February, by Angeline MUKANGENZIPerezida Donald Trump yakunze kunenga itumirwa rya Bad Bunny ku buryo yumvaga yasimbuzwa undi muhanzi wo muri Amerika mu rwego rwo guteza imbere Amerika n’abayo.
-
Uburusiya bwahagurishije Amerika! Ibyo kumenya kuri Alaska yakira Trump na Putin
15 August 2025, by ISIMBI EstellaPerezida wa Leta zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, na Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, kuri uyu wa Gatanu saa tatu z’ijoro ku isaha y’i Kigali barahurira mu nama yitezwe cyane ibera muri Amerika ya Ruguru muri Leta ya Alaska, imwe muri Leta 50 zigize Leta zunze Ubumwe za Amerika ariko ni agace kahoze ari ak’Uburusiya.
-
Norvège: Uwabaye Minisitiri w’Intebe yatangiye gukurikiranwa kubera dosiye ya Epstein
6 February, by Angeline MUKANGENZIThorbjorn Jagland wabaye Minisitiri w’Intebe muri Norvège yatangiye gukorwaho iperereza ku byaha bya ruswa hashingiwe ku mubano udasanzwe yagiranye n’umunyemari Jeffrey Epstein wakurikiranyweho gucuruza abana b’abakobwa hagamijwe kubasambanya.
-
Nyarugenge: Polisi yaburijemo ikwirakwizwa ry’urumogi rupima ibiro 36
5 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPolisi y’u Rwanda, Ishami rishinzwe kurwanya ibiyobyabwenge (ANU), muri iki cyumweru yaburijemo igikorwa cyo gukwirakwiza ikiyobyabwenge cy’urumogi rupima Kg 36, rwafatiwe mu Karere ka Nyarugenge rutwawe mu modoka n’abagabo babiri, batawe muri yombi mbere y’uko barushyikiriza abakiriya babo bakorera mu bice bitandukanye by’Umujyi wa Kigali no mu nkengero zawo.
-
Sobanukirwa byinshi ku buzima bw’Umukobwa wagaragaye mu Mashusho y’indirimbo Kigoma muri 2012.
1 April 2025, by ISIMBI EstellaNiba uri umuntu ukurikirana bya hafi umuziki ndetse ukaba udatangiye kuwukurikirana mu minsi ya vuba , uzi indirimbo Yitwa Kigoma yahurije hamwe abahanzi bakomoka mu gace ka Kigoma muri Tanzania. Iyi ndirimbo yasohotse muri 2012 ndetse rwose mu karere ka afurika y’iburasirazuba icyo gihe yabaye ikimenyabose. Mu mashusho yiyi ndirimbo hari isura abenshi bibuka y’Umukobwa witwa Jacqueline, ese mu busanzwe uyu mugore ni muntu ki ? Murakaza neza muriyi nkuru. Mu busanzwe uyu mutegarugori (…)
-
Ibyaha bishingiye ku bucukuzi bw’amabuye y’agaciro abantu batitaho
28 July 2025, by ISIMBI EstellaUrwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rugaragaza ko hari ibyaha bwo kwangiza ibidukikije abantu birengagiza bakisanga mu bihano byabyo kandi bitoroheje kuko harimo n’ibihanishwa igifungo no gutanga ihazabu ishobora kugera kuri miliyoni 10 Frw.
-
Israel yemeje ko yari ifite gahunda yo kwica Umuyobozi w’Ikirenga wa Iran
27 June 2025, by ISIMBI EstellaMinisitiri w’Ingabo wa Israel, Israel Katz, yatangaje igihugu cye cyari gifite gahunda yo kwicira Umuyobozi w’Ikirenga wa Iran, Ayatollah Ali Khamenei, mu ntambara yamaze iminsi 12.
Umuryango.rw
Rutahizamu wa Real Madrid yakoze amateka
The Ben yandikiye Urukiko asabira imbabazi Fatakumavuta
ITANGAZO RYA CYAMUNARA Y’UMUTUNGO UTIMUKANWA
Uri igisebo kuri Amerika: Perezida Trump yifatiye ku gahanga Bad Bunny
Uburusiya bwahagurishije Amerika! Ibyo kumenya kuri Alaska yakira Trump na Putin
Norvège: Uwabaye Minisitiri w’Intebe yatangiye gukurikiranwa kubera dosiye ya Epstein
Nyarugenge: Polisi yaburijemo ikwirakwizwa ry’urumogi rupima ibiro 36
Sobanukirwa byinshi ku buzima bw’Umukobwa wagaragaye mu Mashusho y’indirimbo Kigoma muri 2012.
Ibyaha bishingiye ku bucukuzi bw’amabuye y’agaciro abantu batitaho
Israel yemeje ko yari ifite gahunda yo kwica Umuyobozi w’Ikirenga wa Iran