Umugabo w’imyaka 88 wari umuntu wa mbere ku isi umaze imyaka myinshi afunze ategereje guhabwa igihano cy’urupfu yakatiwe, yagizwe umwere n’urukiko rwo mu Buyapani, nyuma yo gusanga ibimenyetso byakoreshejwe aregwa ari ibicurano.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Umusaza w’imyaka 88 umaze igihe ku isi ategereje kwicwa yagizwe umwere
26 September 2024, by Joseph Iradukunda -
Trump yanenzwe kubera ikoti yambaye mu ishyingurwa rya Papa Francis
27 April 2025, by Angeline MUKANGENZIPerezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yahindutse iciro ry’imigani ku mbuga nkoranyambaga, aho benshi bamunenze kubera ko yambaye ikoti rifite ibara ry’ubururu mu ishyingurwa rya Papa Francis.
-
Covid-19 yongeye kugaragara mu Rwanda
9 June 2025, by ISIMBI EstellaIkigo cy’Igihugu cy’Ubuzima, RBC, cyatangaje ko icyorezo cya Covid-19 cyongeye kugaragara mu Rwanda, nyuma y’uko mu bihugu bitandukanye by’Isi hashize iminsi kiri kwiyongera.
-
RCS yirukanye abakozi bayo 411 barimo na Komiseri
12 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuKuri uyu wa Mbere, tariki ya 11 Ugushyingo 2024,Urwego rw’u Rwanda rushinzwe lgorora (RCS) rwirukanye abakozi 411.
-
Mr Kagame yavuze k’urubyiruko ruterera agati mu ryinyo muriki gihe cyi cyunamo
16 April 2025, by ISIMBI EstellaMr Kagame uri mu bahanzi bamaze igihe bakora umuziki mu njyana zitandukanye, yavuze ko uko urubyiruko rwifashishijwe mu gusenya igihugu bikwiriye kubera urugero abari kubyiruka ubu bakiyumvamo ishyaka ryo kongera kucyubaka umunsi ku wundi, kandi mu minsi 100 yo kwibuka ntibaterere agati mu ryinyo.
-
Amerika igiye guha u Burundi miliyoni 156 z’amadorali
9 February, by Angeline MUKANGENZIKu wa Gatanu, tariki ya 06, Gashyantare, 2026, Leta Zunze Ubumwe za Amerika zasinye amasezerano y’ubufatanye mu rwego rw’ubuzima (Memorandum of Understanding – MOU) y’imyaka itanu n’igihugu cy’u Burundi, afite agaciro kagera hafi kuri miliyoni 156 z’amadolari ya Amerika.
-
Audia Intore yakorewe ‘Bridal shower’
16 June 2025, by ISIMBI EstellaAudia Intore uri mu bahanzikazi bafite izina rikomeye mu bakora umuziki gakondo, yakorewe ibirori bya ‘Bridal shower’ asezera ku rungano mbere y’uko akora ubukwe buteganyijwe ku wa 26 Nyakanga 2025.
-
Umubyeyi umwe (Papa) wa Stromae bivugwako ari umunyarwanda ni muntu ki ? Dore amateka ya Rutare Pierre
20 May 2025, by Gladiator OGUmuhanzi Stromae ari mu bantu bafite inkomoko mu Rwanda bafite amazina aremereye ku ruhando mpuzamahanga byumwihariko mu bijyanye n’imyidagaduro, uyu ni umuhanzi wakoze indirimbo nyinshi zabaye ikimenyabose ndetse yagiye yegukana ibihembo byinshi mu rugendo rwe nk’umuhanzi. Gusa iyo uganira ku mateka ye ntiwabura kuvuga ku ipaji iteye agahinda mu buzima bwe. Ni Paji igaruka kuri Papa we wishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, Ariko se mu busanzwe Papa wa Stromae yari muntu ki.? Muriyi nkuru munyemerere tugaruke ku mateka ya RUTARE Pierre umubyeyi ubyara Stromae.
-
Brazil: Umuntu umwe yapfuye nyuma y’ibitero ku Rukiko rw’Ikirenga
14 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuKu mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu ushize, itariki 13 Ugushyingo 2024, umugabo wagerageje gutera Urukiko rw’Ikirenga rwa Brazil mu murwa mukuru Brasilia, yaba yishwe n’ibisasu bye.
-
Minisitiri Nduhungirehe ari mu ruzinduko rw’iminsi 2 muri Hongiriya ruzasiga hafunguwe Ambasade y’u Rwanda
12 May 2025, by Angeline MUKANGENZIKuri uyu wa 12 Gicurasi 2025, Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda Amb. Olivier Nduhungirehe, yagiriye uruzinduko rw’iminsi ibiri muri Hongiriya rugamije gushimangira umubano.
Umuryango.rw
Umusaza w’imyaka 88 umaze igihe ku isi ategereje kwicwa yagizwe umwere
Trump yanenzwe kubera ikoti yambaye mu ishyingurwa rya Papa Francis
Covid-19 yongeye kugaragara mu Rwanda
RCS yirukanye abakozi bayo 411 barimo na Komiseri
Mr Kagame yavuze k’urubyiruko ruterera agati mu ryinyo muriki gihe cyi cyunamo
Audia Intore yakorewe ‘Bridal shower’
Umubyeyi umwe (Papa) wa Stromae bivugwako ari umunyarwanda ni muntu ki ? Dore amateka ya Rutare Pierre
Brazil: Umuntu umwe yapfuye nyuma y’ibitero ku Rukiko rw’Ikirenga
Minisitiri Nduhungirehe ari mu ruzinduko rw’iminsi 2 muri Hongiriya ruzasiga hafunguwe Ambasade y’u Rwanda