Umugabo witwa Niyomugabo Pacifique wo mu Murenge wa Rubengera mu Karere ka Karongi yatawe muri yombi, akekwaho icyaha cyo kwica mukuru we witwa Ntirenganya Callixte w’imyaka 46 nyuma yo kutumvikana k’umuntu uzahabwa inkuracyobo yo gushyingura nyina umunsi azaba yashizemo umwuka.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Karongi: Yatawe muri yombi akekwaho kwica mukuru we
15 April, by ISIMBI Estella -
Nyamasheke: Umujyanama w’ubuzima yapfiriye ku muvuzi gakondo
7 January, by ISHIMWE Jean de DieuKantarama Consolée w’imyaka 62 wari Umujyanama w’Ubuzima mu Kagari ka Kigabiro mu Murenge wa Nyabitekeri mu Karere ka Nyamasheke, yapfiriye mu rugo rwa Kanyenzi Eliphase uvugwaho gukora ubuvuzi bwa gakondo buzwi nka magendu.
-
Rusesabagina yahishuye icyari kimujyanye I Burundi bikarangira yisanze I Kigali
19 September 2020, by Dusingizimana RemyMu minsi ishize nibwo Paul Rusesabagina yahishuye ko mbere y’uko afatwa yari agiye mu Burundi ariko nyuma aza kwisanga mu Rwanda rwamukurikiranagaho ibyaha by’iterabwoba byahitanye abantu benshi mu turere twa Nyaruguru na Nyamagabe.
-
Ishyaka PPRD rya Kabila ryiteguye guhangana na Leta yarihagarikiye ibikorwa
28 October 2025, by ISIMBI EstellaIshyaka PPRD ryashinzwe na Joseph Kabila wayoboye Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kuva mu 2001 kugeza mu 2019, ryiteguye guhangana na Leta yarihagarikiye ibikorwa.
-
Nyaruguru: Bamwe mu basenyewe nyakatsi baracyabungana akarago
18 December 2017, by Nsanzimana ErnestBamwe mu baturage bo mu karere ka Nyaruguru bari batuye mu mazu yari asakajwe ibyatsi ‘nyakatsi’, basenyewe ubwo Leta y’ u Rwanda yafataga icyemezo cyo guca nyakatsi n’ ubu ntibarubakirwa.
Umwe muri aba baturage utifuje ko amazina ye atambutswa mu itangazamakuru, aba mu gikoni yacumbikiwemo na mugenzi we. Iki gikoni akibanamo n’ umuryango we w’ abantu umunani.
Aganira na City radio dukesha iyi nkuru yagize ati “Mbana n’ abantu bagera ku munani, nshumbitse mu murenge wa Kibeho, mu kagari (…) -
Tanzania: Perezida Suluhu yakuye January Makamba ku mwanya wa minisitiri w’ububanyi n’amahanga
22 July 2024, by Thierry NGIRINSHUTINk’uko byatangajwe n’umuyobozi w’agateganyo ushinzwe itumanaho muri perezidansi, Sharifa Nyanga, Perezida wa Tanzania, Samia Suluhu Hassan, yakuyeho abaminisitiri babiri bakomeye ku Cyumweru mu mavugurura yakoze muri guverinoma.
-
REG WBBC irakoza imitwe y’intoki ku Gikombe cya Shampiyona (Amafoto)
10 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuREG WBBC yatsinze APR WBBC amanota 82-66, ibona intsinzi ya gatatu mu mikino ya nyuma ya Kamarampaka za Shampiyona ya Basketball mu Bagore.
-
Motsepe yasabye Sénégal kujurira niba itemera icyemezo cyo kuyambura igikombe cya Afurika
19 March, by ISIMBI EstellaPerezida w’Impuzamashyirahamwe muri Afurika (CAF), Patrice Motsepe, ashyigikiye ko Sénégal ijya mu Rukiko rwa Siporo ku Isi (CAS/TAS) kujurira, nyuma y’uko yambuwe Igikombe cya Afurika kigahabwa Maroc.
-
Sinabona uko nsaba imbabazi- Kim Jong Un ku miryango y’abasirikare be baguye mu Burusiya
22 August 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida wa Koreya ya Ruguru, Kim Jong Un, yashenguwe n’abasirikare be baguye mu Rugamba u Burusiya buhanganyemo na Ukraine.
-
Ninde ubahiga? Dore couple 10 za bakinnyi bo mu Rwanda hamwe n’abakunzi babo
21 May 2025, by Gladiator OGNi inshuro nyinshi tubona abakinnyi b’umupira wa maguru cyane cyane abo ku mugabane w’iburayi baterwa ishema n’abakunzi babo ndetse rwose inshuro nyinshi bakabazana ku bibuga ndetse baba batsinze bagafatanya kwishimira intsinzi ari nako babatera ingabo mu bitugu iyo bitagenze neza.
Umuryango.rw
Karongi: Yatawe muri yombi akekwaho kwica mukuru we
Nyamasheke: Umujyanama w’ubuzima yapfiriye ku muvuzi gakondo
Rusesabagina yahishuye icyari kimujyanye I Burundi bikarangira yisanze I Kigali
Ishyaka PPRD rya Kabila ryiteguye guhangana na Leta yarihagarikiye ibikorwa
Tanzania: Perezida Suluhu yakuye January Makamba ku mwanya wa minisitiri w’ububanyi n’amahanga
REG WBBC irakoza imitwe y’intoki ku Gikombe cya Shampiyona (Amafoto)
Motsepe yasabye Sénégal kujurira niba itemera icyemezo cyo kuyambura igikombe cya Afurika
Sinabona uko nsaba imbabazi- Kim Jong Un ku miryango y’abasirikare be baguye mu Burusiya
Ninde ubahiga? Dore couple 10 za bakinnyi bo mu Rwanda hamwe n’abakunzi babo