Abimukira 18 barimo 16 bakomoka muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo na babiri b’Abarundi bapfiriye mu mpanuka y’ubwato yabereye muri Comores, ubwo bari mu rugendo berekeza ku kirwa cya Mayotte kigenzurwa n’u Bufaransa.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Abanye-Congo n’Abarundi 18 bapfiriye mu mpanuka y’ubwato bajya muri Mayotte
20 March, by ISIMBI Estella -
U Buhinde: Abantu 17 bapfuye urw’amayobera
24 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUbuyobozi bwo mu Buhinde bwatangaje ko buri gukora iperereza ku cyahitanye abantu 17 biganjemo abana mu gace ka Badhal muri Kashmir.
-
Antoine Cardinal Kambanda yagiye i Vatican
23 April 2025, by Angeline MUKANGENZIUmushumba wa Arikidiyosezi ya Kigali, akaba na Perezida w’Inama y’Abepisikopi Gatolika mu Rwanda, Antoine Cardinal Kambanda yagiye i Vatican kwifatanya n’abandi ba-cardinal mu gutegura umuhango wo gushyingura Papa Francis.
-
Burundi: Umucuruzikazi w’ibitenge yishwe n’abapolisi
17 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUmugore witwa Belyse Nimpagaritse yapfuye mu gitondo cyo ku itariki ya 15 Ukwakira 2024 aguye mu Bitaro bya Rumonge (mu majyepfo y’uburengerazuba bw’u Burundi) akekwaho kugurisha ibitenge mu buryo butemewe n’amategeko, aho yakubiswe n’abapolisi mbere yo gupfira mu bitaro yari yimuriwemo. Umuryango we urasaba iperereza ryigenga.
-
Papa Francis yagize Padiri Balitazari umwepiskopi wa Diyosezi ya Kabgayi
2 May 2023, by Joseph IradukundaUmushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi, Papa Francis yagize Padiri Balitazari Ntivuguruzwa umwepiskopi wa Diyosezi ya Kabgayi, kuri uyu wa 2 Gicurasi 2023.
-
Trump yatangaje ko intambara izarangira vuba, Iran ivuga ko atari we ubigena
11 March, by ISIMBI EstellaPerezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko intambara yo muri Iran izarangira vuba, ariko Iran ihita imusubiza ivuga ko ari yo izagena igihe iyo ntambara izarangirira.
-
Umunyarwanda n’Umurundi batawe muri yombi bazira gutunga intwaro
13 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuPolisi ya Malawi yataye muri yombi impunzi ebyiri zirimo iy’Umunyarwanda ndetse n’Umurundi ikurikiranyeho gutunga intwaro mu buryo bunyuranyije n’amategeko.
-
Perezida Museveni yavuze ko ‘Radio witabye Imana yari umunyempano ufite ahazaza heza’
1 February 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida Yoweli Kaguta Museveni wa Uganda yatangaje ko yamenye amakuru y’ urupfu rw’ Umuhanzi w’ Umunya- Uganda Moses Ssekibogo benshi bari bazi nka Mowzey Radio yitabye Imana yongeyeho ko yari umunyempano.
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki 1 Gashyantare 2018 nibwo hamenyekanye inkuru y’ akababaro ko umuhanzi Mowzey Radio mu itsinda rya Good life wari uherutse gukubitwa akagirwa intere.
Mu butumwa yanyujije ku rubuga rwa Twitter yagize ati “Nakiriye amakuru ko umunyamuziki Moses (…) -
Ingabo zirenga 1.000 za Koreya ya Ruguru zimaze kwicwa cyangwa gukomerekera mu Burusiya
24 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuKuri uyu wa Mbere, ubuyobozi bw’ingabo za Koreya y’Epfo bwatangaje ko ingabo zirenga 1.000 za Koreya ya Ruguru zishwe cyangwa zigakomereka kuva zinjira mu Ntambara y’u Burusiya na Ukraine.
-
DRC Yakubye Gatatu Umushahara W’Abasirikare N’Abapolisi
17 March 2025, by Joseph IradukundaMinisitiri w’Intebe wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo, Judith Suminwa Tuluka yasabye urubyiruko kwitabira kujya mu gisirikare ku bwinshi kugira ngo rukome imbere M23. Yavuze ko Leta yazamuye umushahara w’abasirikare n’abapolisi.
Umuryango.rw
Abanye-Congo n’Abarundi 18 bapfiriye mu mpanuka y’ubwato bajya muri Mayotte
U Buhinde: Abantu 17 bapfuye urw’amayobera
Antoine Cardinal Kambanda yagiye i Vatican
Burundi: Umucuruzikazi w’ibitenge yishwe n’abapolisi
Papa Francis yagize Padiri Balitazari umwepiskopi wa Diyosezi ya Kabgayi
Trump yatangaje ko intambara izarangira vuba, Iran ivuga ko atari we ubigena
Umunyarwanda n’Umurundi batawe muri yombi bazira gutunga intwaro
Ingabo zirenga 1.000 za Koreya ya Ruguru zimaze kwicwa cyangwa gukomerekera mu Burusiya
DRC Yakubye Gatatu Umushahara W’Abasirikare N’Abapolisi