Abantu amagana bitabiriye umuhango wo gusezera bwa nyuma abasirikare bakuru ba Iran n’abandi bahanga muri siyansi n’abasivile bishwe mu bitero bya Israel mu byumweru bishize.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Ibihumbi by’Abanya-Iran byasezeye ku bishwe na Israel; Umujyanama wa Khamenei aratungurana
28 June 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Burna Boy yagowe no kwinjira muri Marroc kubera imikufi ihenze
19 January, by ISIMBI EstellaBurna Boy wari utegerejweho gususurutsa abakunzi b’umupira w’amaguru muri Marroc mu mpera z’icyumweru gishize, ariko yagowe no kwinjira muri iki gihugu kubera imikufi myinshi kandi ihenze yari yambaye.
-
RDC (FARDC) yasabye abaturage kwirwanaho ubwo M23 yayicanagaho umuriro ikabirukana mu kandi gace
19 December 2024, by Joseph IradukundaUmutwe witwaje intwaro wa M23 kuri uyu wa 18 Ukuboza 2024 wambuye ihuriro ry’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo agace ka Mbingi kari muri teritwari ya Lubero, abatuye mu mujyi wa Butembo basabwa kwirwanaho.
-
America:Hashyizweho ubwato buzinjirwamo n’abadashaka kuyoborwa na Trump bakazasohoka avuyeho
17 November 2024, by Joseph IradukundaIkigo gifite ubwato bugezweho, Villa Vie Residences, cyatanze amahirwe ku Banyamerika baherutse kubabazwa n’intsinzi ya Donald Trump nka Perezida, bemererwa urugendo mu bwato ruzamara imyaka ine Trump azamara ku butegetsi.
-
Ukekwaho kwiba mudasobwa wafashwe nyuma yuko hagaragaye amashusho ya camera z’umutekano ntagifunze
23 April, by ISHIMWE Jean de DieuUmusore wari uherutse gutabwa muri yombi akekwaho kwiba mudosobwa ebyiri z’Ikigo cya Buyoga mu Murenge wa Buyoga mu Karere ka Rulindo, wafashwe nyuma yuko hagiye hanze amashusho ya camera z’umutekano, yarekuwe ndetse ubu ari kumwe n’umuryango we nk’uko bamwe mu bawugize babihamije.
-
Umuryango w’Abibumbye urashinja M23 gushimuta abarwayi
4 March 2025, by Joseph IradukundaKuri uyu wa Mbere, itariki 03 Werurwe 2025, Umuryango w’Abibumbye wavuze ko inyeshyamba M23 zishyigikiwe n’u Rwanda zagabye igitero mu burasirazuba bwa Congo zashimuse byibuze abagabo 130 barwaye n’abakomeretse mu bitaro bibiri byo mu Mujyi wa Goma mu cyumweru gishize.
-
Amb. Sezibera yasubije amashyaka 5 yandikiye Perezida Kagame amusaba ibiganiro
20 November 2018, by Nsanzimana ErnestMinisitiri w’ Ububanyi n’ Amahanga w’ u Rwanda Amb. Dr Richard Sezibera yavuze ko abashaka ibiganiro n’ u Rwanda atari ngombwa ko bandika babisaba kubera ko ibiganiro ari uburenganzira bwabo.
-
Basketball: REG WBBC yihimuye kuri APR WBBC inasoza shampiyona iyoboye
18 July 2024, by ISHIMWE Jean de DieuMu mukino w’abakeba wa Basketball hagati y’ikipe ya REG na APR z’abagore, ikipe ya REG yihimuye kuri APR iyitsinda amanota 73 kuri 58 ihita inafata umwanya wa mbere. Ikipe ya REG WBBC ifata ifoto mbere y’umukino
Ni umukino watangiranye ishyaka ryinshi ku ikipe ya REG BBC yashakaga kwihimura kuri APR dore ko umukino waherukaga guhuza aya makipe, ikipe ya APR yari yatsinze REG amanota 77 kuri 75 n’ikinyuranyo cy’amanota abiri.
Ikipe ya APR WBBC yinjiye muri uyu mukino idafite umukinnyi (…) -
Elon Musk yaba akoresha ibiyobyabwenge?
17 June 2025, by ISIMBI EstellaUmuherwe Elon Musk yifatishije ibizamini byo muri Laboratwari agamije guhinyuza abavuze ko akoresha ibiyobyabwenge byo mu bwoko bwa cocaine, ketamine n’ibindi.
-
Zelensky yashinje intumwa ya Trump kubogamira ku Burusiya
28 March 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, yashinje intumwa yihariye ya Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Steve Witkoff, kubogamira ku Burusiya.
Umuryango.rw
Ibihumbi by’Abanya-Iran byasezeye ku bishwe na Israel; Umujyanama wa Khamenei aratungurana
Burna Boy yagowe no kwinjira muri Marroc kubera imikufi ihenze
RDC (FARDC) yasabye abaturage kwirwanaho ubwo M23 yayicanagaho umuriro ikabirukana mu kandi gace
America:Hashyizweho ubwato buzinjirwamo n’abadashaka kuyoborwa na Trump bakazasohoka avuyeho
Ukekwaho kwiba mudasobwa wafashwe nyuma yuko hagaragaye amashusho ya camera z’umutekano ntagifunze
Umuryango w’Abibumbye urashinja M23 gushimuta abarwayi
Basketball: REG WBBC yihimuye kuri APR WBBC inasoza shampiyona iyoboye
Elon Musk yaba akoresha ibiyobyabwenge?
Zelensky yashinje intumwa ya Trump kubogamira ku Burusiya