Umusore w’imyaka 23 wo muri Argentine, yishwe n’umukobwa bakundanaga amuziza gusa kuba yari asuhujwe n’undi mukobwa bahuruye ku muhanda, akamubaza amakuru kuko bari bariganye.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Umukobwa yishe umusore bakundana amuziza gusuhuza undi
2 November 2024, by Joseph Iradukunda -
The Ben yasezeranye na Pamella imbere y’amategeko
31 August 2022, by ISHIMWE JANEUmuhanzi The Ben ukunzwe hano mu Rwanda ndetse no hanze yarwo yasezeranye mu mategeko n’umukunzi we Uwicyeza Pamella nyuma y’amezi icumi amwambitse impeta.
-
Nyamasheke: Restaurant 40 zafunzwe kubera umwanda
18 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUbuyobozi bw’Akarere ka Nyamasheke bwafunze restaurant eshatu burundu izindi 37 zifungwa by’agateganyo kubera umwanda.
-
EU yakuyeho ibihano yari yarafatiye Syria
21 May 2025, by Angeline MUKANGENZIUmuryango w’Ubumwe bw’u Burayi wavanyeho ibihano by’ubukungu wari warafatiye Syria mu rwego rwo gufasha iki gihugu cyazahajwe n’intambara kongera kwiyubaka.
-
Ishyaka PPRD rya Kabila ryambuwe ikibanza cyubatsemo icyicaro cyaryo
24 April 2025, by Angeline MUKANGENZIMinisiteri y’Ubutabera ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yatangaje ko urukiko rwambuye ishyaka PPRD rya Joseph Kabila Kabange ikibanza cyubatsemo icyicaro gikuru cyaryo i Kinshasa.
-
José Mourinho yahawe ibihano kubera kwibasira abasifuzi
28 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuJosé Mourinho utoza Fenerbahçe SK yahagaritswe imikino ine ndetse anacibwa amande ya 35.194£, nyuma yo kwibasira abasifuzi ku mukino wari wamuhuje na Galatasaray.
-
Kanyankore Alex wigeze kuyobora BRD yatawe muri yombi
3 October 2018, by Nsanzimana ErnestAlex Kanyankore wigeze kuba Umuyobozi Mukuru wa Banki y’u Rwanda itsura Amajyambere (BRD) yatawe muri yombi nk’ uko byatangajwe n’ Urwego rw’igihugu rushinzwe ubugenzacyaha mu Rwanda (Rwanda Investigation Bureau-RIB)
-
Dore uko warinda umwana muto indwara yo gucukuka amenyo
20 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuGucukuka amenyo ni imwe mu ndwara zo mu kanwa zikunze kwibasira abantu bose, ndetse n’abana bakiri bato by’umwihariko.
-
Uwihanganye washinze sosiyete y’ubucuruzi ya ’Vibaba’ yatawe muri yombi
16 June 2025, by ISIMBI EstellaUwihanganye Bashir washize ikigo cyitwa Vibaba yatawe muri yombi akurikiranyweho ibyaha birimo icy’Ubuhemu n’icyaha cyo gukoresha inyandiko mpimbano, bigakekwa ko yabikoze ubwo yashakaga gushuka uwari wamuhaye ibihumbi 20$ [arenga miliyoni 28Frw] ngo azamutumirize imodoka i Dubai.
-
Kuri ubu turishimira ko umubano w’u Rwanda na Kiliziya Gatolika ushingiye ku kuri - Minisitiri w’Intebe Ngirente
26 April 2025, by Joseph IradukundaMinisitiri w’Intebe, Dr. Edouard Ngirente, yagaragaje ko Guverinoma y’u Rwanda ishima uruhare Papa Francis yagize mu kuyunga Kiliziya Gatolika n’u Rwanda, asaba ko umurage asize usigasirwa uko bikwiye.
Umuryango.rw
Umukobwa yishe umusore bakundana amuziza gusuhuza undi
The Ben yasezeranye na Pamella imbere y’amategeko
Nyamasheke: Restaurant 40 zafunzwe kubera umwanda
EU yakuyeho ibihano yari yarafatiye Syria
Ishyaka PPRD rya Kabila ryambuwe ikibanza cyubatsemo icyicaro cyaryo
José Mourinho yahawe ibihano kubera kwibasira abasifuzi
Dore uko warinda umwana muto indwara yo gucukuka amenyo
Uwihanganye washinze sosiyete y’ubucuruzi ya ’Vibaba’ yatawe muri yombi
Kuri ubu turishimira ko umubano w’u Rwanda na Kiliziya Gatolika ushingiye ku kuri - Minisitiri w’Intebe Ngirente