Irakiza w’imyaka 22, wo mu Mudugudu wa Karambi, Akagari ka Bisoke, Umurenge wa Kinigi, Akarere kaMusanze, yasanzwe mu mugozi amanitse, bikekwa ko yiyahuye.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Musanze: Umusore w’imyaka 22 yasanzwe mu mugozi hakekwa kwiyahura
25 September 2025, by ISIMBI Estella -
Papa Francis yasabye impande zihanganye muri RDC guhagarika imirwano
30 January 2025, by Joseph IradukundaUmushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi, Papa Francis, yasabye impande zihanganye muri Repubulika iharanira Demokaarsi ya Congo guhagarika imirwano, babigirira abaturage ba Goma.
-
Umugabo yajyanye umushumba w’itorero mu nkiko amuziza kurarura umugore we
22 March, by ISIMBI EstellaUmushumba w’Itorero Chapel Mamlaka Hill Riri mu matorero akomeye mu Mujyi wa Nairobi muri Kenya, Charles Muhia Ng’ang’a, arashinjwa umubano wihariye n’umugore w’umwe mu bakirisitu no gusesagura umutungo w’urusengero bikabije.
-
FERWAFA yinjiye mu kibazo cya Migi
19 March 2025, by Joseph IradukundaIshyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), ryatangaje ko ryatangiye kwiga ku kibazo cya Mugiraneza Jean Baptiste uzwi nka Migi, wumvikanye asaba myugariro wa Musanze FC, Bakaki Shafiq, kwitsindisha ku mukino wa Kiyovu Sports.
-
UPDF irigamba kurimbagura ibyihebe bya CODECO byayirasiye Colonel
22 March 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIgisirikare cya Uganda, UPDF, cyatangaje ko cyishe ibyihebe birenga 240 byo mu mutwe wa CODECO, mu minsi ibiri yonyine.
-
Mutarama,Ukwezi kw’imikino ya rurangiza kuri StarTimes
7 January 2021, by Dusingizimana RemyUkwezi kwa Mutarama 2021 gufite umwihariko w’imikino myinshi kandi ikomeye yose izagaragara kuri Startimes,isakazamashusho iyoboye izindi muri Afurika.
Uyu mwaka wa 2021 watangiranye imikino ikomeye ndetse Startimes yiteguye kwerekana iyo mikino yose yaba mu Bwongereza,muri Espagne,mu Budage no mu Butaliyani.
-
Abasifuzi bo muri Morocco bongeye guhabwa umukino w’Amavubi na Ghana
1 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuAbasifuzi bo muri Maroc bayobowe na Samir Guezzaz ni bo bazayobora umukino wa nyuma w’amatsinda yo gushaka itike ya CAN 2025 u Rwanda rufitanye na Nigeria tariki ya 18 Ugushyingo 2024 kuri Godswill Akpabio Stadium mu mujyi wa Uyo.
-
Abaturage ba Canada bagaragaje kutanyurwa n’uko Minisitiri w’Intebe akoresha Icyongereza cy’Abongereza.
16 December 2025, by ISIMBI EstellaImpuguke mu ndimi muri Canada zasabye Minisitiri w’Intebe, Mark Carney kureka gukoresha Icyongereza cy’Abongereza mu nyandiko za Leta, ahubwo agaharanira gukoresha Icyongereza gikoreshwa muri Canada.
-
Kanye West yerekanye amashusho y’umugore we yambaye ubusa
6 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmuraperi Kanye West yashyize ku mbuga nkoranyambaga ze amashusho agaragaza umugore we, Bianca Censori, ku isabukuru ye y’imyaka 30 ku itariki ya 5 Mutarama yambaye ubusa.
-
IBYAKOZWE N’INTUMWA EP#30: Byinshi ku masezerano ya Arusha yarangiriye mu mpapuro gusa
5 August 2021, by Dusingizimana RemyIkiganiro IBYAKOZWE N’INTUMWA EP#30 kiragaruka ku masezerano y’Amahoro ya ARUSHA yasinywe taliki 04/08/1993 yo guhagarika intambara, kuvanga ingabo no gusangira ubutegetsi hagati ya FPR Inkotanyi na Leta ya Habyarimana!
Aya masezerano yasinywe na Col Kanyarengwe Alexis ku ruhande rwa FPR, ba Gen Maj Habyarimana Juvenal wari Perezida w’u Rwanda ariko ntiyamara n’amezi 10 atarashwanyuka! Byagenze gute ngo amasezerano yatangaga ikizere arangire igihugu ari imiborogo? Hari ibivugwa (…)
Umuryango.rw
Musanze: Umusore w’imyaka 22 yasanzwe mu mugozi hakekwa kwiyahura
Papa Francis yasabye impande zihanganye muri RDC guhagarika imirwano
Umugabo yajyanye umushumba w’itorero mu nkiko amuziza kurarura umugore we
FERWAFA yinjiye mu kibazo cya Migi
UPDF irigamba kurimbagura ibyihebe bya CODECO byayirasiye Colonel
Abasifuzi bo muri Morocco bongeye guhabwa umukino w’Amavubi na Ghana
Abaturage ba Canada bagaragaje kutanyurwa n’uko Minisitiri w’Intebe akoresha Icyongereza cy’Abongereza.
Kanye West yerekanye amashusho y’umugore we yambaye ubusa
IBYAKOZWE N’INTUMWA EP#30: Byinshi ku masezerano ya Arusha yarangiriye mu mpapuro gusa