Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC), yatangaje ko mu rwego rwo kwirinda ikwirakwira ry’icyorezo cya Marburg yahagaritse ibikorwa byo gusura abana ku mashuri biga bacumbikirwa.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Ingamba zo gukumira Marburg zitangiye kugira ingaruka ku bigo by’amashuri
2 October 2024, by Joseph Iradukunda -
U Rwanda ni urwa 2 muri Afurika mu kugira abaturage bafite ubumenyi mu ikoranabuhanga
16 March, by ISIMBI EstellaU Rwanda rwashyizwe ku mwanya wa kabiri muri Afurika mu kugira umubare munini w’abaturage bafite ubumenyi mu by’ikoranabuhanga aho ruza rukurikira Botswana iri ku mwanya wa mbere.
-
USA: Igipolisi kishe umugore wari ushimuse umwana
16 April, by Angeline MUKANGENZIIgipolisi cyavuze ko uyu mugore witwaje icyuma yarashwe n’abapolisi hanze y’iduka rya Walmart muri Leta ya Nebraska yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika nyuma yo gushimuta umwana.
-
Perezida wa Mexique ashobora kurega Elon Musk wamushinje gukorana n’abacuruza ibiyobyabwenge
26 February, by Angeline MUKANGENZIPerezida wa Mexique, Claudia Sheinbaum yatangaje ko ari gutekereza kujyana mu nkiko umukire Elon Musk wamushinje gukorana n’abacuruzi b’ibiyobyabwenge.
-
Amazon iri mu biganiro byo gushora miliyari 50$ muri OpenAI
30 January, by Angeline MUKANGENZIAmazon iri mu biganiro byo gushora ashobora kugera kuri 50 z’Amadolari ya Amerika muri OpenAI yakoze porogaramu y’ubwenge bw’ubukorano ya ChatGPT.
-
Ishyaka Chadema ritavuga rumwe n’ubutegetsi muri Tanzania ryakumiriwe mu matora ya Perezida
13 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuKomisiyo y’Amatora muri Tanzania, yatangaje ko yahagaritse Chadema, ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi, kuzitabira amatora y’Umukuru w’Igihugu n’ay’Abadepite ateganyijwe mu Ukwakira 2025.
-
Nyamagabe: Uruhinja rw’amezi atatu rwasanzwe ruryamanye na Se rwapfuye
24 February 2025, by Joseph IradukundaUmwana w’uruhinja w’amezi atatu witwa Umutoniwase Briella yasanzwe yapfuye ubwo yari aryamanye na Se, bikekwa ko yazize amakimbirane hagati y’ababyeyi.
-
Akayabo Elon Musk yakoresheje mu bikorwa byo kwiyamamaza Trump kamenyekanye
2 February 2025, by Joseph IradukundaKomisiyo y’Amatora muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangaje ko umunyemari Elon Musk, yatanze inkunga ya miliyoni 288$ mu bikorwa byo kwiyamamaza kwa Donald Trump.
-
Habonetse abarwayi 3 bashya ba Coronavirus mu bipimo 1,038 byafashwe
22 April 2020, by Dusingizimana RemyMinisiteri y’ubuzima mu Rwanda yatangaje ko bipimo 1,038 byafashwe uyu munsi hagaragayemo abarwayi 3 bashya ba Coronavirus mu gihe nta n’umwe wakize bituma abakirwaye bari kwa muganga baba 69 naho abakize bagumya kuba 84.Abanduye bose ni 153.
-
I Kigali hagiye gushyirwa ‘Contrôle technique’ ya kabiri
16 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuPolisi y’u Rwanda yatangaje ko mu mujyi wa Kigali hagiye gushyirwa ikigo cya kabiri gitangirwamo serivisi yo gupima ubuziranenge bw’imodoka.
Umuryango.rw
Ingamba zo gukumira Marburg zitangiye kugira ingaruka ku bigo by’amashuri
USA: Igipolisi kishe umugore wari ushimuse umwana
Amazon iri mu biganiro byo gushora miliyari 50$ muri OpenAI
Ishyaka Chadema ritavuga rumwe n’ubutegetsi muri Tanzania ryakumiriwe mu matora ya Perezida
Nyamagabe: Uruhinja rw’amezi atatu rwasanzwe ruryamanye na Se rwapfuye
Akayabo Elon Musk yakoresheje mu bikorwa byo kwiyamamaza Trump kamenyekanye
Habonetse abarwayi 3 bashya ba Coronavirus mu bipimo 1,038 byafashwe
I Kigali hagiye gushyirwa ‘Contrôle technique’ ya kabiri