Muri iki gihe ubucuruzi kugira ngo bugende neza n’uko buba buherereye ahantu heza hagendwa cyane, hagendwa na bose kandi horohereza abahagana kuhagera no kuhasanga ibyo bakeneye.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Inyubako nshya y’ubucuruzi wasanga Kimironko ifite imiryango ikodeshwa ku giciro cyiza
26 August 2019, by Ubwanditsi -
Perezida Kagame yakiranywe urugwiro muri Centrafrique[AMAFOTO]
15 October 2019, by Martin MunezeroPerezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame ari muri Repubulika ya Centrafrique mu ruzinduko rwe rwa mbere agiriye muri iki gihugu kuva Perezida Faustin-Archange Touadéra yatorwa mu 2016.
-
Amerika na Ukraine mu nzira yo gusinya amasezerano yo kubyaza umusaruro umutungo kamere
19 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuLeta Zunze Ubumwe za Amerika na Ukraine biri mu nzira yo gushyira umukono ku masezerano azafasha Amerika kubyaza umusaruro amabuye y’agaciro, peteroli na gas byo muri Ukraine.
-
Microsoft na Meta byasinye amasezerano yo kwishyura amakuru bikura kuri Wikipedia
15 January, by Angeline MUKANGENZIIbigo by’ikoranabuhanga bikomeye mu Isi, birimo Microsoft, Meta na Amazon byasinye amasezerano na Wikimedia Foundation yo kwishyura amakuru bikura kuri Wikipedia mu gutoza porogaramu zabyo z’ubwenge buhangano (AI).
-
Ibyamenyekanye ku Banya-Uganda batandatu bafungiwe kwiba miliyari 4Frw Banki yo mu Rwanda
24 March, by ISHIMWE Jean de DieuAbanya-Uganda batandatu bakurikiranyweho ubujura bukoresheje ikoranabuhanga bwa miliyari 4,9 Frw mu kwiba Equity Bank Rwanda, baragezwa imbere y’Urukiko, aho byamenyekanye ko barimo abasanzwe ari abahinzi, n’abacuruzi.
-
Ababyeyi ntibemeranya na MIFOTRA ibuza umwana uri munsi y’imyaka 5 gukora umurimo uwo ari wo wose
22 November 2017, by Nsanzimana ErnestMinisitiri w’ Abakozi ba Leta n’ Umurimo Kayirangwa Fanfan
Mu gihe hirya no hino mu Rwanda hakomeje kumvikana cy’ abana bato bakoresha imirimo mibi bamwe bagateshwa amashuri, Minisiteri y’ abakozi ba Leta n’ umurimo MIFOTRA yashyize ahagaragara amabwiriza arimo ingingo ivuga ko umwana uri munsi y’ imyaka itanu atenerewe gukora umurimo uwo ari wose.
Ingingo ya 6 aya mabwiriza ya Minisiteri y’ Abakozi ba Leta n’ Umurimo yo ku wa 11 Ugushyingo 2017, mu kiciro cya mbere kivuga icyo aya (…) -
Ishyaka rya Joseph Kabila Kabange ryahakanye ibyo kuba ari i Goma
21 April 2025, by Angeline MUKANGENZIIshyaka PPRD rya Joseph Kabila Kabange wahoze ari Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ryahakanye amakuru avuga ko ari mu mujyi wa Goma.
-
Gen Luboya yateguje ishyano kuri Nangaa wa AFC/M23 nibashaka kwinjira Ituri
6 September 2024, by Joseph IradukundaGuverineri w’Intara ya Ituri, Lieutenant Général Johnny Luboya Nkashama, yahaye gasopo Corneille Nangaa ukuriye Ihuriro Alliance Fleuve Congo ribarizwamo umutwe wa M23, amuteguza ko ingabo za RDC ziteguye guhangana n’uriya mutwe mu gihe waba ugerageje kwinjira muri Ituri.
-
Perezida Kagame yashyize ibuye ry’ ifatizo ahari kubakwa ikibuga cy’indege mpuzamahanga cya Bugesera
9 August 2017, by Iyamuremye JanvierKuri uyu wa 09 Kanama 2017 nibwo Perezida Paul Kagame yafunguye kumugaragaro imirimo yo kubaka ikibuga cy’indege mpuzamahanga cya Bugesera giherereye mu Ntara y’Iburasirazuba.
Umukuru w’Igihugu yavuze ko ari umushinga w’ingirakamaro cyane ku gihugu yongera ko umushinga wategerejwe igihe kinini kugira ngo urangire neza. Iki kibuga giherereye ku musozi wa Karera mu mu kagari ka Karera Umurenge wa Ririma.
Perezida Kagame yavuze ko ashimishijwe no gushyira ibuye ry’ ifatizo kuri uyu (…) -
Turahirwa Moses wa Moshions yari yarakatiwe n’urukiko imyaka itatu
24 April 2025, by Joseph IradukundaTurahirwa Moses washinze inzu y’imideli ya Moshions, hahishuwe ko yari aherutse gukatirwa imyaka itatu y’igifungo nyuma y’uko Urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge rumuhamije ibyaha binyuranye.
Umuryango.rw
Inyubako nshya y’ubucuruzi wasanga Kimironko ifite imiryango ikodeshwa ku giciro cyiza
Amerika na Ukraine mu nzira yo gusinya amasezerano yo kubyaza umusaruro umutungo kamere
Microsoft na Meta byasinye amasezerano yo kwishyura amakuru bikura kuri Wikipedia
Ibyamenyekanye ku Banya-Uganda batandatu bafungiwe kwiba miliyari 4Frw Banki yo mu Rwanda
Ishyaka rya Joseph Kabila Kabange ryahakanye ibyo kuba ari i Goma
Gen Luboya yateguje ishyano kuri Nangaa wa AFC/M23 nibashaka kwinjira Ituri
Turahirwa Moses wa Moshions yari yarakatiwe n’urukiko imyaka itatu