Mu gihe hagiye kuba Inama ya 18 y’Umushyikirano,abantu bo mu nzego zitandukanye batangaje ibyo bashaka ko byaganirwaho bigakemurwa.
Iyi nama y’Umushyikirano iteganyijwe ku ya 27 na 28 Gashyantare muri Kigali Convention Center, ntabwo yaherukaga kuba kuva icyorezo cya Covid-19 cyatangira.
Aganira na The New Times, Dr Charles Mudenge, umuganga w’inzobere mu buzima bwo mu mutwe, yagaragaje ko yifuza ko Umushyikirano wazamura ibikorwaremezo kugira ngo serivisi z’ubuzima bwo mu mutwe (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Icyo bamwe mu banyarwanda bifuza ko Inama y’Umushyikirano 18 yakwigaho
27 February 2023, by Dusingizimana Remy -
Byinshi wamenya ku ntwari z’abana b’Inyange baharaniye ubumwe bw’Abanyarwanda
10 April 2023, by ISHIMWE JANEMu gihe u Rwanda n’Isi yose muri rusange twibuka ku nshuro ya 29 Jenoside yakorewe abatutsi muri Mata 1994 ntihabura kuzirikanwa Abana bigaga mu ishuri ry’Inyange mu Karere ka Ngororero bahitanywe n’igitero cy’abacengezi mu 1997 bazira guharanira ubumwe bw’abanyarwanda ubwo basabwaga kwitandukanya bakabihakana bivuye inyuma.
-
Gen Muhoozi yageze i Kinshasa bwa mbere mu myaka irenga 20
20 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmugaba Mukuru w’ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, ari i Kinshasa muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kuva kuri uyu wa 20 Kamena 2025.
-
Dosiye ya Salongo yahinduye isura hiyongeramo ibyaha 2
8 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUrwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwamaze gushyikiriza Ubushinjacyaha dosiye iregwamo Rurangirwa Wilson wamamaye nka Salongo.
-
Andrej Babis wabaye Minisitiri w’Intebe wa Tchèque yakubiswe inkoni y’icyuma mu mutwe
2 September 2025, by ISIMBI EstellaAndrej Babis wabaye Minisitiri w’Intebe wa Repubulika ya Tchèque yajyanywe mu bitaro nyuma yo gukubitwa inkoni mu mutwe ubwo yari mu bikorwa byo kwitegura amatora ateganyijwe mu Ukwakira 2025
-
Diddy yandikiye ibaruwa umucamanza amutakambira mbere y’amasaha make ngo akatirwe
3 October 2025, by ISIMBI EstellaSean "Diddy" Combs wamamaye ku mazina atandukanye mu muziki arimo P.Diddy n’ayandi, yandikiye ubucamanza mbere y’amasaha make ngo akatirwe, asaba imbabazi ku byo yakoze bibi mu myaka yatambutse.
-
Bamporiki Edouard wari uzwi cyane muri Politiki y’u Rwanda ni muntu ki?
5 May 2022, by Dusingizimana RemyBamporiki Uwayo Edouard azwi cyane muri Politiki y’u Rwanda,akaba ni umukinnyi w’amafilime, umukinnyi w’amakinamico ndetse akaba n’umwanditsi w’ibitabo, imivugo n’ibisigo bitandukanye.
Uyu mugabo azwi cyane mu ikinamico urunana aho akina yitwa Tadeyo cyangwa se Kideyo aho muri iyo kinamico ari papa wa Budensiyana na Solina, inshuti ya Bushombe na Sitefano b’i Nyarurembo.
Bamporiki Edouard yavutse tariki 24 Ukuboza 1983, avukira i Nyamasheke mu Ntara y’Uburengerazuba, ari naho yaje kwiga (…) -
Amavubi atsinzwe na Algeria ya kabiri mu mukino wa gicuti
10 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuKu mugoroba wo kuri uyu wa Mbere, Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda Amavubi yatsinzwe n’ikipe ya kabiri ya Algeria ibitego 2-0 mu mukino wa gicuti wa kabiri bakiniraga muri iki gihugu.
-
Urubanza rwa Bishop Gafaranga rwashyizwe mu muhezo
22 May 2025, by Angeline MUKANGENZIUbushinjacyaha bwasabye ko urubanza rwa Bishop Gafaranga rubera mu muhezo kuko byasabwe n’uwahohotewe [Annet Murava], ndetse Urukiko rw’Ibanze rwa Nyamata ruhita rubyemeza.
-
Bwa mbere Koreya ya Ruguru yemeye uruhare rwayo mu ntambara na Ukraine
28 April 2025, by Angeline MUKANGENZIBwa mbere Koreya ya Ruguru yemeye ko ingabo zayo ziri mu Burusiya, aho ziri gufasha iki gihugu kiyobowe na Vladimir Putin gukura ingabo za Ukraine mu bice bya Kursk.
Umuryango.rw
Icyo bamwe mu banyarwanda bifuza ko Inama y’Umushyikirano 18 yakwigaho
Byinshi wamenya ku ntwari z’abana b’Inyange baharaniye ubumwe bw’Abanyarwanda
Gen Muhoozi yageze i Kinshasa bwa mbere mu myaka irenga 20
Dosiye ya Salongo yahinduye isura hiyongeramo ibyaha 2
Andrej Babis wabaye Minisitiri w’Intebe wa Tchèque yakubiswe inkoni y’icyuma mu mutwe
Diddy yandikiye ibaruwa umucamanza amutakambira mbere y’amasaha make ngo akatirwe
Bamporiki Edouard wari uzwi cyane muri Politiki y’u Rwanda ni muntu ki?
Amavubi atsinzwe na Algeria ya kabiri mu mukino wa gicuti
Urubanza rwa Bishop Gafaranga rwashyizwe mu muhezo
Bwa mbere Koreya ya Ruguru yemeye uruhare rwayo mu ntambara na Ukraine