Umuryango w’Abibumbye watangaje kuri uyu wa Mbere ko utegereje kureba niba Amerika izemera kuwishyura ibirarane iwufitiye wa Miliyari $4. Haribazwa niba izayatanga yose ndetse n’igihe izabikorera.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
UN Ifite Impungenge Ko Amerika Izayambura Umwenda Iyifitiye
10 February, by Angeline MUKANGENZI -
Davido yashimiye u Rwanda ibikorwa remezo biteza imbere imyidagaduro
14 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmuhanzi w’icyamamare wo muri Nigeria, Davido, yashimiye u Rwanda uruhare rugira mu guteza imbere ibikorwa remezo y’umwihariko mu rugamda rw’imyidagaduro muri rusange.
-
Ruhango: Hari kubakwa umuhanda Kibingo-Karambo-Buhoro
5 February, by ISIMBI EstellaImirimo yo kubaka umuhanda wa kaburimbo Kibingo-Karambo-Buhoro w’uburebure bwa kilometero 4,5 irakomeje, ukaba witezweho guteza imbere ibikorwaremezo mu Mujyi wa Ruhango.
-
Nibintije Evangelical Ministries International yatanze amahirwe ku bashaka kwiga Bibiliya
5 June 2019, by Rev./Ev. Eustache NibintijeNibintije Evangelical Ministries International yashyizeho ishuli rifasha abantu kwiga Bibiliya rifite intego zikurikira:
-
U Rwanda rwasabye Loni kutabererekera ibihugu bikomeye birenga ku itegeko
28 January, by Angeline MUKANGENZIAmbasaderi w’u Rwanda mu Muryango w’Abibumbye, Martin Ngoga, yasabye akanama kawo gashinzwe umutekano kutabererekera ibihugu bikomeye birenga ku itegeko mpuzamahanga.
-
Umuyaga wasubitse ingendo z’indege zirenga 100 muri Nouvelle-Zélande
23 October 2025, by ISIMBI EstellaInkubi y’umuyaga uri ku muvuduko w’ibilometero 155 ku isaha muri Nouvelle-Zélande, yatumye ingo zirenga ibihumbi 90 zibura amashanyarazi bituma inzego z’umutekano zihagarika ingendo z’indege zirenga 100.
-
Perezida Kagame yahuye na Minisitiri w’Intebe mushya
24 July 2025, by ISIMBI EstellaPerezida Kagame yakiriye Minisitiri w’Intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva, baganira ku ngingo z’ingenzi zigize ubuzima bw’Igihugu.
-
Walikale: M23 yasubije inyuma abarwanyi ba Wazalendo
15 September 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmutwe wa AFC/M23 urwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo wasubije inyuma abarwanyi b’ihuriro rya Wazalendo bashakaga kuwukura mu birindiro ufite ku Musozi wa Bueni muri Teritwari ya Walikale mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.
-
Ibimenyetso byakwereka ko wabaswe n’inzoga
28 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIndwara yo kubatwa n’inzoga ni ikibazo cy’ubuzima gishobora kugira ingaruka zikomeye ku buzima bw’umuntu, kandi irangwa no kuba umuntu adashobora kugenzura uburyo anywa inzoga, ahorana inyota yo kunywa cyangwa agakomeza kuyinywa nubwo byamuviramo ibibazo.
-
Abakekwaho uruhare mu rupfu rwa Olga Kayirangwa basabye urukiko kurekurwa
7 November 2024, by Joseph IradukundaNasagambe Fred na Gatare Gideon Junior bakekwaho kugira uruhare mu rupfu rw’umukobwa witwa Olga Kayirangwa waguye mu rugo rwabo yabasuye, basabye Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge kubarekura bagakurikiranwa bari hanze.
Umuryango.rw
Davido yashimiye u Rwanda ibikorwa remezo biteza imbere imyidagaduro
Ruhango: Hari kubakwa umuhanda Kibingo-Karambo-Buhoro
U Rwanda rwasabye Loni kutabererekera ibihugu bikomeye birenga ku itegeko
Umuyaga wasubitse ingendo z’indege zirenga 100 muri Nouvelle-Zélande
Perezida Kagame yahuye na Minisitiri w’Intebe mushya
Walikale: M23 yasubije inyuma abarwanyi ba Wazalendo
Ibimenyetso byakwereka ko wabaswe n’inzoga
Abakekwaho uruhare mu rupfu rwa Olga Kayirangwa basabye urukiko kurekurwa