Mu minsi ishize i Tokyo mu Buyapani, imashini muntu [robot] ikoresha ikoranabuhanga ry’ubwenge bukorano [AI], yitwa AIREC ifite ibiro 150 kg, yagaragaje ubushobozi bwayo mu kwita ku bantu, aho yahindukije umuntu kwa kundi bikorerwa abana iyo bahindurirwa imyenda y’imbere cyangwa uko bahindukiza umuntu ukuze ku gitanda, ufite ibibazo by’ububabare bw’umubiri.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
U Buyapani: Ama-robot akoresha ‘AI’ ashobora kwigarurira umwuga w’ubuforomo
1 March 2025, by Joseph Iradukunda -
NYAGATARE: Yafatiwe mu cyuho agerageza guha abapolisi ruswa y’arenga ibihumbi 101Frw
6 September 2024, by ISHIMWE Jean de DieuPolisi y’u Rwanda mu Karere ka Nyagatare, yafashe umugore wageragezaga guha abapolisi ruswa y’ibihimbi 101Frw ngo akingirwe ikibaba nyuma yo gufatirwa mu bucuruzi bw’ibitemewe birimo amasashe n’ikiyobyabwenge cya Kanyanga.
Yafatanywe n’abasore babiri bamukoreraga bari binjije mu gihugu amasashe 160,000 nayo yafashwe na litiro 15 za Kanyanga zasanzwe iwe mu rugo aho atuye.
Bafatiwe mu murenge wa Rwempasha, akagari ka Bishenyi ku isaha ya saa mbiri zo mu gitondo cyo ku wa Kabiri tariki ya (…) -
Rubavu: Yafatanywe ibitoki yibye bamusatse bamusangana udupfunyika 3 tw’urumogi
17 October 2025, by ISIMBI EstellaKuri sitasiyo ya RIB ya Rugerero mu Karere ka Rubavu hafungiye Maguru Joël w’imyaka 35 wafashwe yibye ibitoki mu murima w’umuturage witwa Nyiranizeyimana Dative, bamusaka bareba niba nta bindi yibye banamusangana udupfunyika 3 tw’urumogi.
-
Uganda: Gen Muhoozi yashimye muramu we wemeye guharira ubuyobozi se wabo
23 June 2025, by ISIMBI EstellaGen Muhoozi Kainerugaba yashimye muramu we witwa Shartsi Kutesa Musherure, wemeye kutazongera guhatanira kujya mu Nteko Ishinga Amategeko ya Uganda.
-
Nyuma y’ibiganiro na Amerika, Iran yongeye kuvuga ko ishobora kurasa ibigo by’igisirikare cyayo
8 February, by Angeline MUKANGENZINubwo Amerika na Iran biherutse kugirana ibiganiro, ubutegetsi bw’i Tehran bwatangaje ko bushobora kurasa ku bigo bya gisirikare bya Amerika biri mu Burasirazuba bwo Hagati, mu gihe bwagabwaho ibitero.
-
Jason Derulo ntiyiyumvisha ko agize imyaka 37 akiri ingaragu
29 March, by Angeline MUKANGENZIJason Derulo uri mu baririmbyi bakora injyana ya R&B bakomeye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yahishuye ko ajya agorwa no kwemera ko agize imyaka 37 akiri ingaragu.
-
Rutshuru: Imirwano irakomeje hagati ya M23 na Wazalendo
18 May 2025, by Joseph IradukundaIshami rya ONU rishinzwe ibikorwa by’ubutabazi (OCHA) rivuga ko abantu barenga 10,000 bahunze ingo zabo mu bihe bya vuba muri Teritwari ya Rutshuru y’intara ya Kivu ya Ruguru ya DR Congo kubera imirwano y’imitwe yitwaje intwaro, imirwano ikomeje no muri izi mpera z’icyumweru.
-
Uganda iremeza ko yakiriye imishyikirano ya RDC na M23
23 July 2024, by Thierry NGIRINSHUTILeta ya Uganda iremeza ko yakiriye imishyikirano ya Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’ihuriro AFC ribarizwamo umutwe wa M23, n’ubwo Leta ya Congo yo ibihakana.
-
Etincelles yishyuye miliyoni 3 Frw yishyuzwaga n’Akarere ka Rubavu
18 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida wa Etincelles FC Ndagijimana Enock yatangaje ko yamaze kwishyura Miliyoni eshatu, zakoreshejwe hagurwa umukinnyi w’umunyamahanga mu rwego rwo kwirinda kwitaba Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB.
-
Papa Francis yasabye ikintu gikomeye Uburusiya na Ukraine biri mu ntambara
11 April 2022, by Rebecca UFITAMAHOROUmushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi yasabye ko habaho agahenge muri Ukraine, kageza ku biganiro no ku mahoro.
Umuryango.rw
U Buyapani: Ama-robot akoresha ‘AI’ ashobora kwigarurira umwuga w’ubuforomo
NYAGATARE: Yafatiwe mu cyuho agerageza guha abapolisi ruswa y’arenga ibihumbi 101Frw
Rubavu: Yafatanywe ibitoki yibye bamusatse bamusangana udupfunyika 3 tw’urumogi
Uganda: Gen Muhoozi yashimye muramu we wemeye guharira ubuyobozi se wabo
Nyuma y’ibiganiro na Amerika, Iran yongeye kuvuga ko ishobora kurasa ibigo by’igisirikare cyayo
Rutshuru: Imirwano irakomeje hagati ya M23 na Wazalendo
Uganda iremeza ko yakiriye imishyikirano ya RDC na M23
Etincelles yishyuye miliyoni 3 Frw yishyuzwaga n’Akarere ka Rubavu
Papa Francis yasabye ikintu gikomeye Uburusiya na Ukraine biri mu ntambara