Ikigo cya SpaceX cyabashije kohereza icyagajuru cya mbere kinini mu isanzure, nyuma yo kugikorera igerageza inshuro zigera ku icyenda iki cyogajuru kigashwanyukira mu nzira.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Icyogajuru cya SpaceX cyageze mu isanzure nyuma y’inshuro icyenda z’igerageza
28 August 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Amavubi yageze i Kigali, ahiga gutsinda Bénin
11 September 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIkipe y’Igihugu ’Amavubi’ yagarutse mu Rwanda nyuma yo gukina imikino ibiri mu rugendo rwo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi, aho yatsinzwe na Nigeria igitego 1-0 mbere yo gutsinda Zimbabwe igitego 1-0.
-
Ni iki Joseph Kabila acecekanye muri iyi minsi RDC iri mu biganiro na AFC/M23?
23 July 2025, by Joseph IradukundaJoseph Kabila wabaye Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kuva mu 2001 kugeza mu 2019 amaze amezi abiri mu mujyi wa Goma uherereye mu burasirazuba bw’iki gihugu.
-
Polisi y’u Rwanda yafashe umunya-Liberia wahondaguye abasekirite bo muri kaminuza
8 March 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPolisi y’u Rwanda yatangaje ko yafashe umunyeshuri ukomoka muri Liberia nyuma yo gushyamirana n’abashinzwe umutekano wa Kaminuza ya East African University Rwanda.
-
Buri myaka 5 hari abagerageza gushoza intambara ku Rwanda- Perezida Kagame
26 August 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida wa Repubulika akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda (RDF) Paul Kagame, yatangaje ko mu myaka 31 ishize u Rwanda rubohowe, nta myaka itanu ishira rudashotowe n’abatarushakira ineza bagerageza kurushozaho intambara.
-
NKORE IKI ?: Mabukwe arashaka ku nyirukana ampora ko ntabyara kandi maze imyaka 12 mu rugo rwanjye
20 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmugore umaze imyaka 12 abana n’umugabo we avuga ko nyirabukwe ashaka ku musohora munzu amuhora ko atabyara. Uyu mugore yagishije inama.
-
Ubushakashatsi bwemeje ko Paracetamol itagira ingaruka ku mugore utwite
17 January, by ISIMBI EstellaPerezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, aherutse gutungura abantu avuga ko imiti izwi nka Paracetamol n’indi yitwa Tylenol ifite uruhare mu gutera Autisme, indwara yo mu mutwe ituma umuntu ahora atari hamwe mu mitererereze n’ibibazo by’imikurire mu bana.
-
Tshisekedi azemera kubarara imbere ya Wazalendo muri Uvira?
12 September 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida Félix Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ari mu rujijo, ntaramenya uruhande ashobora guhitamo hagati y’abarwanyi bo mu ihuriro Wazalendo bakorera muri teritwari ya Uvira mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo n’umusirikare we, Brig Gen Gasita Olivier.
-
Rwamagana: Umugabo yarohamye mu mazi aburirwa irengero
27 March, by ISIMBI EstellaUmugabo w’imyaka 31 wari ucumbitse mu kagari ka Rwimbogo mu Murenge wa Nyakaliro mu karere ka Rwamagana, yarohamye mu mazi ku mugoroba wo ku wa Gatatu tariki ya 25 Werurwe 2026, ibikorwa byo kumushakisha bikaba bikomeje.
-
Human Rights Watch iranenga leta ya RDC nyuma y’uko rya M23 ivuye muri Uvira
21 January, by Angeline MUKANGENZIUmuryango uharanira Uburenganzira bwa Muntu, Human Rights Watch (HRW), watangaje ko ivamo rya AFC/M23 "ritunguranye" mu Mujyi wa Uvira, mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ku itariki ya 17 Mutarama 2026, ryasize abaturage bari mu kaga gakomeye, cyane cyane bitewe n’ibikorwa by’imitwe yitwara gisirikare ya Wazalendo.
Umuryango.rw
Icyogajuru cya SpaceX cyageze mu isanzure nyuma y’inshuro icyenda z’igerageza
Amavubi yageze i Kigali, ahiga gutsinda Bénin
Ni iki Joseph Kabila acecekanye muri iyi minsi RDC iri mu biganiro na AFC/M23?
Polisi y’u Rwanda yafashe umunya-Liberia wahondaguye abasekirite bo muri kaminuza
Buri myaka 5 hari abagerageza gushoza intambara ku Rwanda- Perezida Kagame
NKORE IKI ?: Mabukwe arashaka ku nyirukana ampora ko ntabyara kandi maze imyaka 12 mu rugo rwanjye
Ubushakashatsi bwemeje ko Paracetamol itagira ingaruka ku mugore utwite
Tshisekedi azemera kubarara imbere ya Wazalendo muri Uvira?
Rwamagana: Umugabo yarohamye mu mazi aburirwa irengero
Human Rights Watch iranenga leta ya RDC nyuma y’uko rya M23 ivuye muri Uvira