Ubutegetsi bwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika bwafashe icyemezo cyo guhagarika ibiganiro intumwa zabwo zagiranaga n’iz’u Burusiya kuva muri Gashyantare 2025.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Amerika yahagaritse ibiganiro yagiranaga n’u Burusiya
16 June 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Imirwano yongeye gukaza umurego muri Kivu y’Amajyepfo
3 December 2025, by ISIMBI EstellaIhuriro ry’Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo na AFC/M23 ryasubukuye imirwano mu bice byo mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo nyuma yo kumvana imitsi ku wa 2 Ukuboza 2025.
-
Aba-Rayons beretse Jean Fidèle wabayoboye ko batazibagirwa ibyo yabagejejeho
9 July 2025, by Joseph IradukundaAbakunzi ba Rayon Sports, bongeye kwereka urukundo Capt. [rtd] Uwayezu Jean Fidèle wayibereye umuyobozi mu myaka ine ishize.
-
Shakira yasubitse kimwe mu bitaramo binini kubera urubyiniro
31 May 2025, by ISIMBI EstellaShakira yahagaritse igitaramo cye yagombaga gukorera i Washington D.C kubera ko urubyiniro yagombaga gukoresha rutabashije kugera aho cyari kubera.
-
Prince uri gushakira abacanshuro RDC, ari mu ntambara muri Haiti
3 June 2025, by Angeline MUKANGENZIErik Prince, umunyamerika washinze sosiyete y’abacanshuro yitwa Blackwater Worldwide, uherutse kuvugwa ko yasinyanye amasezerano na RDC yo kujyanayo abacanshuro bo kurinda ibirombe, ubu yerekeje amaso no muri Haiti.
-
Ubukungu bw’u Burundi bukura nk’isabune ku butegetsi bwa Ndayishimiye
3 September 2025, by ISIMBI EstellaUbukungu bw’u Burundi mu gihe cy’ubutegetsi bwa Perezida Evariste Ndayishimiye bukomeje kujya ahabi. Ibura ry’amadovize n’ibikomoka kuri peteroli bisanzwe ari moteri y’iterambere ry’igihugu, rirabishimangira nubwo we agaragaza ko nta kibuze i Bujumbura, Gitega n’ahandi.
-
Iran: Umutwe w’Ingabo zidasanzwe wambuwe ibyombo bisa n’ibyinjiriwe na MOSSAD
24 September 2024, by Joseph IradukundaUmutwe udasanzwe w’Ingabo za Iran uzwi nka Iran’s Revolutionary Guard Corps (IRGC), wambuwe ibyombo byifashishwaga mu itumanaho, bisa nk’ibiherutse guturikira muri Liban byakoreshwaga n’umutwe wa Hezbollah.
-
Ubwato bwa Amerika bwakoreshejwe mu gufata Maduro bugiye kumara umwaka budakora
31 March, by ISIMBI EstellaUbwato bunini bwikorera indege, USS Gerald R. Ford, buri mu bukoranye ikoranabuhanga rigezweho Leta Zunze Ubumwe za Amerika ifite, bugiye kumara umwaka budakora.
-
U Bushinwa bwahagaritse imodoka zifite ‘poignée’ zitagaragara
3 February, by Angeline MUKANGENZIBitewe n’impungenge ku mutekano zikomeje kwiyongera, u Bushinwa bwabaye igihugu cya mbere gihagaritse imodoka zifite ‘poignée’ zitagaragara yaba imbere cyangwa inyuma.
-
RDC yateguje Uganda ko umubano bifitanye ushobora kuzamba
12 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuRepubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yateguje Uganda ko umubano bifitanye ushobora kuzamba ndetse n’ibikorwa bya gisirikare ibihugu byombi bihuriyemo bigahagarara, kubera amagambo ya Gen Muhoozi Kainerugaba.
Umuryango.rw
Amerika yahagaritse ibiganiro yagiranaga n’u Burusiya
Imirwano yongeye gukaza umurego muri Kivu y’Amajyepfo
Aba-Rayons beretse Jean Fidèle wabayoboye ko batazibagirwa ibyo yabagejejeho
Shakira yasubitse kimwe mu bitaramo binini kubera urubyiniro
Prince uri gushakira abacanshuro RDC, ari mu ntambara muri Haiti
Ubukungu bw’u Burundi bukura nk’isabune ku butegetsi bwa Ndayishimiye
Iran: Umutwe w’Ingabo zidasanzwe wambuwe ibyombo bisa n’ibyinjiriwe na MOSSAD
Ubwato bwa Amerika bwakoreshejwe mu gufata Maduro bugiye kumara umwaka budakora
U Bushinwa bwahagaritse imodoka zifite ‘poignée’ zitagaragara
RDC yateguje Uganda ko umubano bifitanye ushobora kuzamba